Mikel Arteta ahangayikishijwe cyane n’imvune ya Bukayo Saka
Umunya – Esipanye utoza ikipe ya Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko ahangayikishijwe cyane na Bukayo Saka nyuma yuko uyu mukinnyi w’Umwongereza agiriye ikibazo cy’imvune mu mikino bakinnyemo na Crystal Palace. Saka yagize ikibazo cy’imvune ubwo we n’ikipe ye batsindaga ibitego 5 kuri 1 ikipe ya Crystal Palace ku wa gatandatu kuri sitade yitiriwe parike ya…