Full Report: Arsenal yabonye amanota atatu nyuma y’imikino ibiri itabona intsinzi muri Premier League

Ikipe ya Arsenal yasubiriye ikipe ya Crystal Palace F.C iyitsinda ibitego bitanu kuri kimwe (5-1) ku munsi wa 17 wa shampiyona y’igihugu y’Abongereza, ukaba umukino wabereye i Selhurst Park ku kibuga cya Crystal Palace F.C . Aya makipe nta minsi yari iciyemo bahuye ariko muri  Carabao Cup aho n’ubundi ikipe ya Arsenal yasezereye iya Crystal…

Read More

Full Report: Manchester City imikino 12 intsinzi imwe, Pep Guardiola bikomeje kwanga

Ikipe ya Aston Villa yisengereye ikipe ya Manchester City, iyi kipe y’Umunya Esipanye Pep Guardiola ikomeza kujya aharindimuka nyuma y’imyaka ine y’i kurikiranya itwara shampiyona y’u Bwongereza “Premier League.” Wari umukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona y’Ubwongereza, Manchester City ya giye kuwukina imaze iminsi yitwara nabi cyane dore ko yari imaze gukina imikino 11 mu…

Read More

Abakinnyi batatu b’Abanyarwanda bagiye gutangira gukinira ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage

Abana b’abanyarwanda bagiye mu Budage gukora igeragezwa mu mushinga wa Bayern Munich n’u Rwanda wa ‘Visit Rwanda’ abagera kuri batatu bagiriwe amahirwe yo kuzakomezanya na Bayern Munich mu bato. Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo u Rwanda binyuze mu rwego rw’igihugu rw’iterambe mu Rwanda ‘RDB’ rwagiranye amasezerano n’ikipe ya Bayern Munich aho iyi kipe iri…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga ku gihe cyo gutangaza umwanzuro ku birego 115 bya Man city

Umutoza wa Manchester city witwa Pep Guardiola yatangaje ko nta gihindutse mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri mu mwaka wa 2025 ari cyo gihe cyo gutanga umwanzuro wa nyuma ku birego bigera ku 115 iyi kipe ishinjwa binafite aho bihuriye no guhonyora nkana amabwiriza ajyanye n’imikoreshereze y’imari . Ikinyamakuru Daily Mail cyandikirwa mu gihugu cy’ubwongereza cyo…

Read More

Ruben Amorim agiye kugura myugariro w’ibumoso Real Madrid yifuje igihe kirekire

Umunya-canada w’ikipe ya Bayern Munich Alphonso Davies hakomeje kwibazwa aho agomba kwerekeza nyuma y’uko yanze kongera amasezerano mu ikipe akinira ya Bayern Munich . Uyu musore ukina nk’amyugariro w’ibumoso mu ikipe ya Bayern Munich y’umutoza Vincent Kompany yanze kongera amasezerano muri iyi kipe dore ko bamaze igihe bamwirukaho ngo yongere amasezerano ariko yababereye ibamba. Ubundi…

Read More

Rayon Sport igiye gutandukana na Aruna Moussa Madjaliwa

Perezida wa Rayon sports witwa Thadée Twagirayezu yatangaje ko umukinnyi wayo ukomoka mu gihugu cy’u Burundi usanzwe ukina hagati ariko yugarira witwa Aruna Moussa Madjaliwa ari mu nzira zisohoka muri kipe . Uyu mukinnyi mpuzamahanga ukinira ikipe y’igihugu y’u Burundi ‘ Intambakurugamba ‘ yagiye arangwa n’ibibazo bitandukanye by’imvune byatumye adakina imikino myinshi mu kipe ya…

Read More

Ubuyobozi bwa Rayon sports bwiyemeje kugura abandi bakinnyi

Ku munsi wejo , tariki ya 20 /Ukuboza / 2024 ,Komite yaguye ya Rayon Sports yakoze inama yamurikiwemo Raporo y’uko umuryango uhagaze ubu , baniyemeza kuzongeramo abandi bakinnyi mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama . Iyi nama kandi yanagaragajwemo Raporo y’ibikorwa by’amezi asigaye ngo umwaka w’imikino 2024-25 urangire, n’ingengo y’imari isabwa. Nkuko amakuru…

Read More

Umutoza wa Liverpool Arne Slot yavuze ikipe abona izatwara Premier League uyu mwaka w’imikino

Umuhorandi utoza ikipe ya Liverpool Arne Slot yabwiye itangazamakuru ko afite ikizere cyo kubona ikipe ya Tottenham Hotspur F.C itwara igikombe uyu mwaka w’imikino n’ubwo ubu iri ku mwanya wa 10 . Ni kenshi byagiye bigibwaho impaka na benshi ndetse abandi bagahamya ko ikipe ya Tottenham yakagombye kuba ifite ibikombe byinshi ahanini ugendeye ku bakinnyi…

Read More