Iby’itike ya CHAN biri gusobanuka nyuma yo kuberereka kwa Amavubi na Ethiopia

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yamaze gusezererwa yagabanyije umubare w’amakipe agifite amahirwe yo gukina imikino y’igikombe cya Africa cy’abakina imbere mu bihugu byabo “CHAN” umwaka wa 2025. Kuki u Rwanda rwasezerewe rutarakina umukino wo kwishyura Mu karere ka Africa y’iburasirazuba “CECAFA” muri iyi mikino ya CHAN bemerewe gutanga amakipe Ane gusa atatu muri ayo yabonye…

Read More

AFCON 2025 : Tanzania yatsinze ikirego yaregwagamo na Guinea

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika [ CAF ] imaze kwemeza ko igihugu cya Tanzania cyamaze kubona itike icyerekeza mu gikombe cy’Afurika giteganijwe kubera muri Morocco nyuma yuko ikipe ya Guinea yatsinzwe ikirego yayiregagamo cyo gukinisha umukinnyi wari ufite numero ihabanye n’iya iri ku rupapuro rw’umukino . Ikipe y’igihugu ya Tanzania bakunze kwita (Taifa stars)…

Read More

Ikipe nziza y’umwaka muri Premier league 2024/2025 kugeza magingo aya

Nkuko mubizi turi mu mpera z’umwaka, shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza cyo kimwe n’izindi nyinshi ku mugabane w’Uburayi zigeze mu gice cyiryoheye ijisho ry’umufana. Uyu munsi DailyBox yifashishije ikinyamakuru Skysports yaguteguriye inkuru ivuga ku ikipe nziza y’uyu mwaka w’imikino ugikomeza magingo aya. Mu ikipe nziza twabateguriye haribandamo abakinnyi bitwaye neza ahanini mu gice kibanza…

Read More

Umutoza Alessandro Nesta wahoze ari myugariro ukomeye yirukanywe n’ikipe ya AC Monza

Alessandro Nesta wahoze ari myugariro ukomeye w’ikipe y’igihugu y’aUbataliyani yirukanywe n’ikipe ya AC Monza nyuma yo kuyisiga ku mwanya wa nyuma ubwo yatsindwaga n’ikipe ya Juventus 2-1. Ikipe ya AC Monza imaze kubona intsinzi imwe mu mikino 17 ya shampiyona yakinnye ndetse ikaba isabwa amanota 5 ngo ive mu murongo utukura dore ko amakipe atandukanye…

Read More

CHAN 2024 : Jimmy Mulisa yijeje abanyarwanda Intsinzi imbere ya Sudan

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abakina imbere mu gihugu witwa Jimmy Mulisa yashimye icyizere yagiriwe cyo gutoza Ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2024 ndetse anizeza abanyarwanda kuza kwitara neza mu mukino bafitanye na Sudan . Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa radiyo y’igihugu wajyanye n’iyi kipe ,Jimmy Mulisa uherereye…

Read More

Apr fc yongeye gusinyisha Nshimiyimana Ismael Pitchou

Kuri iki cyumweru tariki ya 22 / Ukuboza / 2024 , Ikipe ya Apr fc yagaruye umukinnyi wo hagati w’umurundi witwa Nshimiyimana Ismael Pitchou wigeze kuyikinira nyuma y’iminsi mike ikamurekura . Uyu mukinnyi ukinira ikipe y’igihugu y’u Burundi izwi nk’INTAMBAKURUGAMBA witwa Ismail NSHIMIYIMANA “Pitchou” yasabye ubuyobozi bwa APR FC gutandukana nayo, nabwo burabimwemerera kuva icyo…

Read More