Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko ukwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold bifite icyo bivuze ku hazaza he

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko kwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold nijoro mu mukino wa Liverpool yatsinzemo West Ham ibitego 5-0 yashakaga kubwirwa abafana ibyo bakeneye kumenya byose ku bijyanye n’ejo hazaza mu gihe havugwa amakuru ko ashobora kwerekeza muri Real Madrid. Amakuru yaturukaga mu binyamakuru byandikirwa mu gihugu cya Espagne birimo Mundo Deportivo na…

Read More

Intambara y’amagambo hagati ya Ligue 1 na Cristiano Ronaldo yamaze kuzamo na Messi

Shampiyona y’ubufaransa [ Ligue 1 ] yasubije rurangiranwa Cristiano Ronaldo wavuze ko shampiyona y’Arabia Sawudite akinamo ikomeye kurusha iyo mu Bufaransa ubwo yari amaze guhabwa igihembo cy’umukinyi mwiza w’umwaka mu burasirazuba bwo hagati . Ubwo Cristiano Ronaldo dos Santos Aveiro GOIH ComM yari amaze kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza wo mu burasizuba bwo hagati mu bihembo…

Read More

CHAN 2024 : By’amaherere , Amavubi yiherewe itike na CAF

Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF) imaze gutangaza ko u Rwanda ruri mu rutonde rw’amakipe 10 amaze kubona itike CHAN 2024 iteganijwe kubera muri Tanzania, Kenya na Uganda tariki ya 1 kugeza kuri 28 Gashyantare 2025. Mu buryo busa n’ubw’amaherere ndetse bitunguranye cyane ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari yamaze kwiyakira ko yabuze itike…

Read More

Rutahizamu uri mu bakomeye i Burayi Barcelona yashakaga ntibigikunze ko imubona

Ikipe ya Barcelona ifite ibibazo by’ubukungu byari byitezwe ko izasinyisha rutahizamu wa Lille Jonathan David ku buntu, byatangajwe ko itazamusinyisha nubwo uyu musore yari yaciye amarenga ko nawe yifuza gukinira iyi kipe. Uyu rutahizamu w’Umunya-Canada ni umwe mu beza bari ku Mugabane w’Iburayi badahenze kuko afite amasezerano ari kugana ku musozo dore ko azarangirana na…

Read More

Allison wa Liverpool yasabye bagenzi be kwandika amateka

Umunyezamu  w’ikipe ya Liverpool witwa Alisson Becker yahamagariye  bagenzi be gukora  amateka yabo mu gihe bayoboye izindi kipe mu guhatanira igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’ubwongereza . Umukinnyi mpuzamahanga ukomoka muri Berezile Allison yari mu ikipe ya Liverpool yegukanye igikombe cya Premier League iyobowe nuwahoze ari umutoza wayo ukomoka mu budage witwa…

Read More

Umutoza w’Amavubi yavuze impamvu yanze gukoresha Niyonzima Olivier ‘Sefu’ wa Rayon Sports

Umutoza wahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu ya CHAN y’u Rwanda Jimmy Mulisa, yatangaje ko impamvu atakoresheje umusore wa Rayon Sports Niyonzima Olivier ‘Sefu’ ari ukubera ikinyabupfura kidahagije yagaragaje. Uyu musore ni umwe mu bafite inararibonye mu ikipe y’igihugu, byaje gutungurana rero ubwo abakinnyi basezerewe n’umutoza Jimmy Mulisa uyu musore nawe yagaragayemo ndetse icyuho ke…

Read More

Cristiano Ronaldo yatangaje amagambo akomeye kuri Vinicius Junior ashobora no kumuteranya na Rodri

Kizigenza Cristiano Ronaldo yavuze ko bitari bikwiye ko Rodrigo Cascante ahabwa umupira wa zahabu mu gihe yari ahanganye na Vinicius Junior wamurushaga byinshi. Rodrigo Cascante ukomoka mu gihugu cya Esipanye niwe uherutse guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu. Ni ibirori byasize impagarara n’urunturuntu mu mitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru kuko abenshi bahaga amahirwe menshi Vinicius Junior usanzwe…

Read More

Ibibazo 5 biri kwibazwa n’abantu benshi ku mutoza Pep Guardiola nyuma y’umusaruro mubi ari kugira

Ikipe ya Manchester City ikomeje kujya ahabi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Everton igitego kimwe kuri kimwe (1-1), bituma kuri ubu imaze gutsinda umukino umwe mu mikino 13 iheruka gukina mu marushanwa yose, bituma Pep Guardiola akomeza kwibazwaho. Ibi ni ibibazo bitanu biri kwibazwa n’abenshi ku mutoza Pep Guardiola kubera ibihe bibi arimo byo kutabona…

Read More

Ntagihindutse ! Evan Ferguson wa Brighton agomba gusohoka muri Mutarama

 Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Ireland ukinira ikipe ya Brighton and Hove Albion, witwa Evan Ferguson, biravugwa ko ashobora gusohoka muri iyi kipe ikina Premier League muri iri soko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama /2025 . Uyu musore w’imyaka 20 muri uyu mwaka w’imikino yagiye ahura n’ikibazo cyo kubura igihe gihagije cyo gukina ,kuko…

Read More