Paper Talk [ Europe ] : Chelsea ishobora gutungura benshi igasinyisha Garnacho

1.Ikipe ya Chelsea ishobora gutungurana igahita igura ku munsi wa nyuma w’iri soko ry’igura n’igurisha rutahizamu w’imyaka 20 wa Manchester United witwa Aljendro Garnacho ukomoka muri Argentine . [ FOOTBALL LONDON ] 2. Nubwo ikipe ya Tottenham Hotspur yamaze kwemeranya na Chelsea kuba batizwa myugariro Axel Disasi w’imyaka 26 gusa uyu mufaransa arifuza kwigira mu…

Read More

Ese tombola za UEFA champions league na Europa League zasize iki ?

Iby’ingenzi ugomba kuzirikana gusoma muri iyi nkuru Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) ryakoze tombola y’uburyo amakipe azisobanura mu mikino yo gukuranwamo marushanwa iri shyirahamwe risanzwe ritegura. Iki gikorwa cyasize tumenye imwe mu mikino izaba ndetse harimo n’iteye amabengeza muri uku kwezi. Byari ibicika ubwo hakinwaga…

Read More

Ubusesenguzi : Imihamagarire mu bituma Amavubi y’abagore ahorana intsinzwi

Kuri uyu wa Gatatu nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika, Amavubi afitanye na Misiri hagati ya taliki 21 na 25. Gusa nubwo bimeze bityo hari bamwe mu bakinnyi batangajwe no kubona batahamagawe Kandi babikwiye. Ni urutonde rugaragara ho abakinnyi 28,…

Read More

Aho kumushyira mu kibuga nashyiramo umukambwe : Ruben Amorim kuri Rashford

Amagambo ya Ruben Amorim avuga kuri Marcus Rashford_ Nubwo yatsinze ikipe ya Fulham ku cyumweru, ibintu si amahoro mu ikipe ya Manchester united, hagati y’umutoza w’iyi kipe Ruben Amorim, n’umukinnyi Marcus Rashford. Amakimbirane y’aba bombi yatangiye mu byumweru bike bishize gusa ibintu byaje gufata indi ntera kuri uyu wa mbere nyuma y’amagambo y’umutoza Ruben Amorim…

Read More

Luis de la Fuente utoza Esipanye yongereye amasezerano

Federasiyo y’umupira w’amaguru muri Esipanye (RFEF) yamaze gutangaza ko umutoza Luis de la Fuente, yongereye amasezerano ndetse akaba azakomeza gutoza iyi kipe y’igihugu kugeza muri 2028. Byari biteganyijwe ko amasezerano ye aheruka yari kurangirana n’igikombe cy’isi cyo muri 2026. Mu masezerano mashya uyu mugabo w’imyaka 63, yasinye harimo ingingo ivuga ko azageza muri 2028, ubwo…

Read More

Ni iki Randal Kolo Muani agiye gufasha Juventus yamutiye muri PSG ?

Ikipe ya Juventus ibarizwa mu mujyi wa Turin wo mu gihugu cy’Ubutaliyani yemeje ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’Umufaransa Randal Kolo Muani, imukuye muri Paris Saint Germain nk’intizanyo kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nkuko tubikesha ikinyamakuru ESPN hari amakuru avuga ko Kolo Muani, yari yavuganye n’ikipe ya Tottenham gusa ibiganiro ntibyagenda neza maze birangira yerekeje muri…

Read More

Rivaldo yasubije Neymar uherutse kuvuga ko yakabaye yaramusimbuye mu ikipe yakinnye icy’isi cyo muri 2002

Mu gihugu cya Brazil ibintu bikomeje gufata indi ntera aho abakinnyi babiri b’ibihangange muri icyo gihugu bakomeje kugenda baterana amagambo. Mbere na mbere bijya gushyuha byatangiye ubwo Neymar Junior, yatanganaga (interview) ubwo yaganiraga na Romario,maze akaza kuvuga ko yakabaye asimbura Rivaldo,mu ikipe yakinnye igikombe cy’isi cyo muri 2002 agakinana na Ronalidihno hamwe na Ronaldo. Ni…

Read More

Bitunguranye ! Vinicius Jr wa Real Madrid ashobora kwerekeza muri Saudi Arabia

Ikipe ya Real Madrid yamaze kubwirwa ko ari ikibazo cy’igihe gusa kugira ngo rutahizamu wayo w’umunya- Brazil witwa Vinicius Junior yerekeze mu makipe yo muri shampiyona yo muri Arabiya Sawudite akomeje kumwifuza ayobowe n’iyitwa Al Ittihad . Amakuru dukesha ikinyamakuru ESPN avuga amakipe abarizwa muri iyi shampiyona y’abarabu akomeje kureshya uyu musore ndetse no mu…

Read More

Breaking News : Carlo Ancelotti yafashe icyemezo ku hazaza he muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid, Carlo Ancelotti, yamaze gutangaza ko atazakomezanya n’iyi kipe ubwo uyu mwaka w’imikino uzaba urangiye. Nkuko tubikesha ibinyamakuru birimo Forbes magazine, amakuru ahari avuga ko uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani yamaze kumenyesha ikipe ya Real Madrid, ko adateganya kubahiriza amasezerano aheruka gusinya mu mwaka ushize, aya masezerano akaba yagombaga kumugeza…

Read More