Paper Talk [ Europe ] : Chelsea irashaka Antoine Semenyo ! – Ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya chelsea iri gutegura miliyoni zisaga 50 z’amayero kugirango irebe ko yajya ku isoko ikaza rutahizamu w’umunye – Ghana ukinira ikipe ya Bournemouth w’imyaka 25 witwa Antoine Semenyo . [ ONE FOOTBALL ] 2. Umwongereza w’imyaka isaga 31 ukinira ikipe ya Bayern Munich witwa Harry Eduard Kane biravugwa ko mu mpeshyi itaha ashobora kwerekeza…

Read More

Paper Talk [Europe ] : Manchester united iri kwifuza rutahizamu Liam Delap – ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya Manchester united ishobora kujya kugura rutahizamu wa Ipswich Town witwa Liam Delap w’imyaka 21 mu gihe ibyo gusinyisha abarimo Viktor Gyokores , Victor Osimhen byaba bitayikundiye .  (GiveMeSport) . 2. Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko byanga bikunda igomba gukora ibishoboka byose igatangira ibiganiro bigamije kongerera amasezerano rutahizamu wayo witwa Junior Vinicius w’imyaka…

Read More

Rodri wavunitse, yongerewe ku rutonde rw’abakina imikino ya UEFA champions league

Nubwo byari biteganyijwe ko azamara hanze y’ikibuga igihe kirekire, bitunguranye Rodri Cascante, ukomoka mu gihugu cya Esipanye,yashyizwe ku rutonde rw’abemerewe gukinira ikipe ya Manchester City, mu majonjora y’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo (UEFA champions league). Uyu mukinnyi ukina hagati nk’uwugarira (DM) amaze igihe kinini atagaragara mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye yo mu…

Read More

Dore ibyo wamenya kuri Marcelo uherutse kumanika inkweto !

Umunyabigwi Marcelo Vierira da Silva, usanzwe akina yugarira ku ruhande rw’ibumoso yemeje amakuru y’isezera rye kuri ruhago nyuma yo kugira urugendo rwiza muri uyu mukino aho yakiniye amakipe nka Real Madrid ndetse na Fluminense y’iwabo muri (Brazil) yaherukagamo. Nubwo yemeje aya makuru uyu mugabo yavuze ko agifite byinshi byo gukora mu mupira w’amaguru. Mu mashusho…

Read More

Musa Esenu yahishuye uko urugendo rwe muri Rayon Sports rwagenze

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Uganda witwa Musa Esenu wigeze gukinira ikipe ya Rayon sports yatangaje ko urugendo rwe muri iyi kipe rwaranze n’amahirwe kuko yajyaga atsinda ibitego by’ingenzi byakunze gutanga amanota kuri Rayon Sports . Mu kiganiro cyirambuye uyu musore yagiranye n’ikinyamakuru cya BB Kigali , uyu rutahizamu w’umugande yatangaje ko yagiriye ibihe byiza…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Manchester united iracyiteguye kugurisha Garnacho na Kobbie Mainoo

1. Ikipe ya Manchester united biravugwa ko kiteguye kujya mu biganiro n’ikipe iyo ariyo yose yakwifuza gusinyisha abarimo rutahizamu wayo w’umunya Argentina witwa Aljandro Garnacho ndetse na Kobbie Maino w’imyaka 19 .[ THE GUARDIAN ] 2.Rutahizamu w’umunya – Brazil witwa Matheus Cunha biravugwa ko agomba kwerekeza mu makipe manini yo mu gihugu cy’Ubwongereza nubwo Wolvermpton…

Read More

Cristiano Ronaldo yongeye kugaragaza ubwishongozi budasanzwe

Cristiano Ronaldo, yikomye abagereranya shampiyona ya Arabiya Sawudite n’iyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika Uyu rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Poritigali yikomye bikomeye abakomeje kuvuga ko shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Leta zunze ubumwe z’Amerika( Major League Soccer), ikomeye cyane kurusha iyo muri Arabiya Sawudite, uyu mugabo asanzwe anakinamo mu ikipe ya Al Nassr. Ibi…

Read More

Biramahire Abeddy yashyize umucyo ku mpamvu yagarutse gukina mu Rwanda

Umukinnyi Rayon Sports iherutse gusinyisha Biramahire Abeddy yavuze ko impamvu yavuye mu ikipe yakiniraga mu gihugu cya Mozambique ari umutekano mucye wari muri iki gihugu. Uyu musore ukina nka rutahizamu yaba aciye hagati ndetse no ku mpande yasinyiye ikipe ya Rayon Sports ku mpera y’ifunga ry’isoko ry’ukwezi kwa mbere 2025 ndetse bikaba byaratunguye benshi kuko…

Read More

Aston Villa yasinyishije myugariro w’ikipe ya Chelsea

Ikipe ya Aston Villa yatangaje ko yasinyishije myugariro w’umufaransa w’imyaka 26 ku ntizanyo imuvanye mu ikipe ya Chelsea akaba agomba kuzayikinira kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino . Ikinyamakuru cyitwa Sky Sports cyatangaje ko ikipe ya Aston Villa igomba kwishyura amafaranga angana na miliyoni 6 z’amapawundi ndetse n’andi mafaranga arengaho azajyendera mu gice cy’imishahara y’uyu…

Read More