UCL Tombola: Imikino ya 1/8 yamaze kumenyekana; deribi y’umujyi wa Madrid ni umwe mu yitezwe na benshi

Tombola y’imikino ya 1/8 mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Uburayi, yabaye kuri uyu munsi wa 21, w’ukwezi kwa Kabiri, yasize hamenyekanye imikino yose uko ari umunani, ndetse hagaragaramo imikino ikomeye nk’ugomba guhuza Paris Saint Germain na Liverpool, ndetse n’umukino wa deribi y’i Madrid umenyerewe cyane muri ino mikino. Ni imikino bigaragarira…

Read More

Igikombe cy’Amahoro cyaryoshye; Rayon Sports na APR FC bazahura nande muri 1/4 cyirangiza?

Igikombe cy’Amahoro 2025, kirarimbanyije aho imikino ya 1/8 yagannye ku musozo, hakaba hagiye gukurikiraho imikino ya 1/4 , hashakwa ugomba gusimbura ikipe y’Igipolice cy’Urwanda ya cyegukanye umwaka ushize w’imikino 2023-2024. Imikino ya 1/8 cyirangiza yashyizweho akadomo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Gashyantare 2025, mu mukino ikipe ya Gorilla FC yanganyijemo n’ikipe ya City…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko SKOL yaba yafunze ikibuga cya Nzove Rayon Sports yakoreragaho imyitozo

Ikipe ya Rayon Sports biteganyijwe ko iza gukomeza gukorera imyitozo ku kibuga cy’Imyitozo cy’Uruganda rwa SKOL giherereye mu Nzove , mu gihe hari amakuru avuga ko iyi kipe itazongera kuhakorera. Amakipe yombi y’Abagabo n’Abagore ya Rayon Sports asanzwe akorera imyitozo kuri iki cyibuga ndetse iy’Abagore yo ihakinira n’imikino yayo ya shampiyona ndetse n’Igikombe cy’Amahoro. Kuri…

Read More

Carlo Ancelotti yakomoje ku mayeri ateganya gukoresha mu mukino bafitanye na Man City

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid, Carlo Ancelotti, yatangaje ko umukino ikipe atoza ifitanye na Manchester City, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, ugomba kuzinjiranwamo ingamba zisa neza nkizo baherutse gukoresha ubwo basuraga ndetse bagatsindira iyi kipe ku kibuga cyayo Etihad. Ikipe ya Real Madrid, irajya gukina uyu mukino iri mbere n’ibitego 3-2,dore ko yabonye…

Read More

Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje igituma iyi kipe ikomeje kujya ahabi !

Ruben Amorim yashimangiye ko gutsindwa kw’ikipe ye kwatewe n’uburyo bwinshi bwahushijwe. Ibi yabivuze nyuma y’umukino ikipe ya Manchester United, yatsinzwemo na Tottenham igitego kimwe ku busa, intsinzwi yahise iba iya 12, kuva uyu mwaka w’imikino utangiye. Amashitani atukura yagiye gukina uyu mukino abura umubare munini w’abakinnyi dore ko abenshi bugarijwe n’ibibazo by’imvune ndetse n’uburwayi. Umukinnyi…

Read More

Premier League : Liverpool yasubije neza imbere ya Wolves ikomeza kuyoboza inkoni y’icyuma [ AMAFOTO ]

Ikipe ya Liverpool imaze gusubiza neza itsinda Wolves ibitego bibiri kuri kimwe inashyiramo ikinyuranyo cy’amanota 7 hagati yayo na Arsenal iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona . Nyuma y’iminsi ine ivanwe itsinzi mu biganza na James Tarkowski wa Everton ku munota wa 98 , Liverpool yari yakiriye ikipe ya Wolvermpton Wonderers ku…

Read More

Perezida wa Rayon Sports atanze umucyo kuri Roben Ngabo watangajwe na Radio/TV10 nk’umunyamakuru

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Thadee Twagirayezu yemeje ko Roben Ngabo acyiri umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports nubwo yanatangajwe nk’umunyamakuru mushya wa Radio/TV 10 Rwanda. Kuri icyi Cyumweru ku itariki ya 16 Gashyantare 2025, nibwo ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo Radio/TV10 yatangaje Roben Ngabo nk’umunyamakuru mushya wayo mu kiganiro cy’imikino 10 Sports/Urukiko. Benshi mu bakunzi ba…

Read More

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo yavuze igisubizo bahawe na Arsenal ku kureka gukorana n’u Rwanda

Ikipe ya Arsenal yahisemo kwihorera Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner wifuzaga guhura n’ubuyobozi bw’iyi kipe mu rwego rw’ibiganiro byo guhagarika ubufatanye iyi kipe ifitany n’u Rwanda biciye mu mushinga wa VISIT RWANDA. Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri mu rugamba rwo kumvisha imiryango mpuzamahanga, ibihugu, imiryango itegamiye kuri…

Read More

Kayonza : Muvunyi Paul uri mu buyobozi bwa Rayon sports aravugwaho kwambura abaturage

Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’abaturage basaga 12 bavuga ko bambuwe amafaranga y’imibyizi y’akazi bakoreye muri Hoteli ya Akagera Safari Camp y’umushoramari akaba n’umuyobozi wa Rayon Sports witwa Muvunyi Paul . Aba baturage batangaza aka karengane kabo batuye mirenge ya Rwinkwavu na Kabare muri aka karere , aho bakomeza gutunga agatoki uyu munyemari unafite…

Read More