Umutwe wa M23 washyikirije u Rwanda abarwanyi wafashe ba FDLR mu ntambara bahanganyemo na Leta ya Congo

Ni kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Werurwe 2025, mu gikorwa cya kozwe n’umutwe wa M23 cyo gushyikiriza u Rwanda abarwanyi ba FDLR bafatiwe mu mirwano yashyamiranyije umutwe wa M23 ndetse n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ‘FARDC’ , FDLR , SADC ndetse n’Abacanshuro. Brigadier Général Gakwerere Ezéchiel uzwi ku yandi mazina arimo…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

Kepiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin yatangaje igihe azatangirira imyitozo

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati yataka akaba na kapeteni w’ikipe ya Rayon Sports, yemeje ko mu Cyumweru gitaha aribwo azatangira imyitozo nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize. Uyu musore yagiriye ikibazo cy’imvune [Hamstring injury] ku mukino ikipe ya Rayon Sports yatsinzemo ikipe ya Kiyovu Sports ibitego bibiri kuri kimwe(2-1), gusa umutoza yahisemo kumukoresha ku mukino wa Rutsiro…

Read More

Umutoza wa Chelsea yibasiye umuzamu we Filip Jorgensen ndetse amubwira n’igishobora gukurikiraho

Umutoza w’ikipe ya Chelse, Enzo Maresca yatangaje ko azakura mu izamu umuzamu ari gukoresha muri iyi minsi Filip Jorgensen, nakomeza gukina nk’uko ari gukina, kuko bitajyanye nuko abishaka Ibi uyu mutoza W’Umutaliyani yabigarutseho ubwo yari amaze kwitwara neza ku munsi wa 27 wa Shampiyona y’Igihugu y’Abongereza atsinda ikipe ya Southampton F.C ubu iri gufunga urutonde…

Read More

LA LIGA : Hansi Flick wa Barcelona yageneye ubutumwa bukomeye abasifuzi

Umutoza Hansi Flick, w’ikipe ya Barcelona, yahamagariye abasifuzi gukora iyo bwabaga maze bakarinda abakinnyi bakomeye nyuma y’imvune y’ikirenge umukinnyi we Lamine Yamal, yagize ubwo bakinaga n’ikipe ya Las Palmas, mu mpera z’icyumweru gishize. Yamal, yagaragaje ifoto y’ikirenge cye cyari cyuzuye amaraso mu isogisi, maze yandika amagambo hasi agira ati,”nkiri si ikosa!” Nubwo uyu musore w’imyaka…

Read More

Mohamed Salah yaciye uduhigo dutandatu harimo n’agafitwe na Messi

Uduhigo dukomeje kwisukiranya ndetse ari nako dukomeza gukurikirana rutahizamu ukomoka mu Misiri, Mohamed Salah, nyuma y’uko yaraye yesheje dutandatu twose mu mukino ikipe ye ya Liverpool, yatsinzemo Manchester city iyisanze kunkibuga cyayo. Salah, niwe watsinze igitego gifungura umukino mu ntsinzi y’ibitego bibiri ikipe ye yabonye, ndetse aza no kugira uruhare rukomeye mu gutsindwa kw’igitego cya…

Read More

Nyuma yo gukubitwa kimwe kitishyurwa ; Darko Novic wa Apr Fc yanze kuvugisha itangazamakuru

Umutoza w’ikipe ya Apr fc yanze kwitabira ikiganiro n’itangazamakuru nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Mukura Vs Sports igitego kimwe ku busa mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona umaze kubera kuri sitade mpuzamahanga ya Huye . Ubwo uyu mukino wari urangiye hagezweho umwanya wo kuganiriza itangazamakuru ku batoza b’impanze zombi ; Umutoza mukuru wa Mukura…

Read More

Manchester United yujuje umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda nyuma yo kubona inota rimwe

Ikipe ya Manchester United yongeye gutsikira mu mukino w’umunsi wa 26 wa Premier League, ni umukino bakiriwemo n’ikipe ya Everton banganya ibitego bibiri kuri bibiri (2-2). Ni umukino wagiye gukinwa n’ubundi iyi kipe itari kwitwara neza, dore ko bari baherutse gutsindwa na Tottenham Hotspur F.C ndetse na Crystal Palace F.C, bisobanuye ko uyu mukino byasaga…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ingabo za Uganda zaba zarageze muri Congo kurwana na M23

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yahakanye amakuru amaze iminsi yandikwa n’ibitangazamakuru byinshi byo hirya no hino ku isi, avuga ko ingabo za Uganda ziri muri Congo guhangana na M23. Iyi nkuru byumwihariko yatangajwe n’ikinyamakuru cya Al-Jazeera, aho kemezaga ko izi ngabo za Uganda ndetse n’iziherutse kongerwayo zigiye mu rwego rwo guhangana n’umutwe wa M23…

Read More

Inzego z’umutekano za Congo zemeje ko zitakwizeza umutekano abazitabira umukino wa TP-Mazembe

Kuri iki Cyumweru tariki 23 Gashyantare 2025, mu mukino uzahuza ikipe ya TP Mazembe na FC St. Eloi Lupopo hafashwe umwanzuro wo kuzakinwa nta bafana ku bwo kutizera umutekano w’abawuzaho. Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamaze iminsi akavuyo katewe na makimbirane yafashe indi ntera mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho M23 yigaruriye Kivu…

Read More