Liverpool yakuyeho agahigo kari kamaze imyaka 90 maze Salah yongera kunyeganyeza inshundura

Ikipe ya Liverpool, yakuyeho agahigo kaherukaga gucibwa mu myaka 90 ishize, ubwo yatsindaga ikipe ya Southampton 3-1, muri shampiyona,ndetse Mohamed Salah,nawe akomeza kwesa uduhigo mu gutsinda ibitego byinshi. Liverpool, yaturutse inyuma yishyura ndetse iza no kubona intsinzi, byahise bishimangira ko ishyize ikinyuranyo cy’amanota 16, hagati yayo na Arsenal ya kabiri, dore ko yo iri kwitegura…

Read More

Umuriro wongeye kwaka muri CAF ; hategetswe ko Samuel Eto’o yongerwa mu bazahatana ku mwanya w’umuyobozi wa CAF

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wa Africa ndetse no ku Mugabane w’Umurayi, akaba n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Aruhago mu gihugu cya Cameroon Samuel Eto’o yatsinze urubanza yari ahanganyemo na CAF. Mu minsi yashize ubwo yari mu myiteguro yo gutanga kandidature ye ku mwanya wo kuyobora impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa ‘CAF’ nibwo yatangiye kuregwa ibyaha birimo nibya ruswa bifitanye…

Read More

Uko amakipe agomba guhura muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma y’uko Rayon ihacanye umucyo

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye ikipe ya Gorilla FC mu gikombe cy’Amahoro cya 2025, nyuma yo kuyitsinda igitego kimwe ku busa(1-0) , iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego bitatu kuri bibiri(3-2). Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi ititwara neza dore ko no mu mukino uheruka wa Shampiyona yaguye miswi n’ikipe ya Gosogi United ubusa ku busa(0-0),…

Read More

Ubuyobozi bwa Barcelone bwashyize umucyo ku biri kuvugwa hagati yayo na Neymar

Umuyobozi ushinzwe ibijyanye na siporo mu ikipe ya Barcelona, Anderson Luis de Souza “Deco”, yatanze uruvangitirane rw’ibisubizo ubwo yari abajijwe ku ngano y’amahirwe ikipe ye ifite, mu kongera kwiyunga na Neymar. Neymar w’amacenga menshi, amaze iminsi asubiye gukina iwabo mu gihugu cya Brazil,mu ikipe ya Santos dore ko ari nayo yamuzamuye kubmvs akiri muto, ndetse…

Read More

FERWAFA yatanze umucyo ku byo gukoresha VAR ku mukino wa APR FC na Rayon Sports

Komiseri ushinzwe imisifurire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Hakizimana Louis, yahakanye amakuru avuga ko ku mukino wa Shampiyona uzahuza APR FC na Rayon Sports kuri iki Cyumweru hazifashishwa VAR. Amakuru yazindutse muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, nuko kuri uyu mukino uzabera muri sidate Amahoro ngo hari…

Read More

Umutoza wa Bayern Munich Vincent Kompany yagize icyo avuga ku ntambara iri muri Congo

Umutoza w’ikipe ya Bayern Munich Vincent Kompany yasabye ko abakuwe mu byabo n’intambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko bagarurwa mu byabo ndetse amahoro akagarurwa. Uyu mutoza uri gutoza ikipe ya Bayern Munich kuva uyu mwaka w’imikino watangira, akomoka muri Congo kuko ibisekuru bye bimwe bikomoka mu gace ka Bukavu ndetse kakaba…

Read More

Uwahoze atoza Manchester United yagizwe umutoza wa Kenya

Uwahoze atoza mu ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, Benni McCarthy, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Kenya bakunze kwita Harambe stars. Kimwe nk’ibindi bihugu bitandukanye byo muri Afurika, Kenya niyo yari itahiwe ngo itangaze umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu bagabo nyuma y’uko hari hashize amezi areng atatu ho gato, umunya-Turukiya Engin Firat,…

Read More

Uwakiniye Ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC yasezeranye n’umuzungu kazi

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu y’u Rwanda ndetse nandi makipe atandukanye mu Rwanda Iradukunda Jean Bertrand yasezeranye n’umukunzi we , wo muri Canada aho yimukiye mu minsi itari myinshi ishize. Uyu musore wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, arimo APR FC, Gasogi United, Kiyovu Sports na Musanze FC,   ndetse akazano gukina hanze y’u Rwanda, yaje guhagarika…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga y’igihe Rodri ashobora kugarukira

Bitunguranye umutoza Pep Guardiola, yatangaje ko igaruka ry’Umunya-Esipanye Rodrigo Cascante, rishobora kuba mbere y’Irangira ry’Uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo uheruka guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu, yavunitse ubwo hari hashize ibyumweru 5, uyu mwaka w’imikino utangiye ndetse biza guhita bitangazwa ko atazongera gukina kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nubwo ibyo byavugwaga ariko ntibyabuzaga ko Rodri, we…

Read More

Hatangajwe itegeko rishya rireba abazamu batinza umukino rigomba kuzatangira kubahirizwa mu 2025-2026

Ishyirahamwe rukaba n’urwego rwigenzura rushinzwe gushyiraho ndetse no kuvugurura amategeko y’Umukino w’Umupira w’Amaguru IFAB(International Football Association Board), ryemeje ko umuzamu uzongera kuzajya amarana umupira amasegonda arenze Umunani azajya abihanirwa. Ubusanzwe akenshi iyo ikipe yatsinze abazamu bakunda gutindana umupira igihe awufashe mu ntoki, mu rwego rwo gutinza iminota cyangwa no mu rwego rwo kureba aho awutanga…

Read More