Joackiam Ojera wakiniye Rayon Sports yavuze ibintu akumbura muri iyi kipe

Umukinnyi w’Umunya-Uganda wakiniye ikipe ya Rayon Sports Joackiam Ojera yavuze ko akumbura abafana b’iyi kipe no kuntu bamuhundagazagaho amafaranga akiri muri iyi kipe. Uyu musore uri gukinira ikipe ya El Mokawloon yo mu gihugu cya Misiri igihe yaganiraga n’umunyamakuru akaba na Content Creator mu mupira w’Amaguru w’Umunya-Uganda atangaza ayamagambo yuzuyemo gukumbura Rayon Sports. Yavuze ko akumbura…

Read More

Taddeo Lwanga yiniguye avuga derby ikomeye hagati y’iya Rayon Sports VS APR FC na Simba SC VS Young Africans

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Uganda Taddeo Lwanga akaba akinira ikipe y’Ingazo z’Igihugu z’u Rwanda ‘APR FC’ yatangaje ko nubwo umukino wa Rayon Sports na APR FC aba ari umukino ukomeye gusa hakiri urugendo kugirango ugere ku rwego rwa Kariakoo Derby. Muri iyi minsi umukino uhuza Rayon Sports na APR FC ukomeje kwitabirwa n’abanyamakuru bakomeye…

Read More

Ramadhan Niyibizi adaciye ku ruhande yasubije Muhire Kevin wamwise igihombo ndetse n’umusimbura muri APR FC

Umukinnyi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC Ramadhan Niyibizi yavuze ko we ari umukinnyi mwiza anaboneharaho kwemeza ko Muhire Kevin ahubwo ari umukinnyi usanzwe. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV10 Rwanda uyu musore yasubije ku byo kapiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin aherutse kumuvugaho ko “Ari umukinnyi usanzwe ndetse utanabanza mu kibuga” akaba ngo rero atari mu…

Read More

UCL : Mo Salah na Alexander Arnold bafatanye mu ijosi mbere yuko bahura na PSG

Mohamed Salah na Trent Alexander Arnord ba Liverpool bagaragaye ku mashusho ya kamera yafashwe n’umunyamakuru w’ikinyamakuru Daily Express barimo barwana ubwo bari mu myitozo ya nyuma yagombaga kubanziriza umukino wo kwishyura wa kimwe cy’umunani cya UEFA Champions League ugomba kubahuza n’ikipe ya Paris Saint Germain . Muri aya mashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza…

Read More

🛑Breaking 🛑: Al Hilal Tripoli yirukanye Didier Gomez Da Rosa wigeze gutoza Rayon Sports

Mu kanya gashize ubuyobozi bw’ikipe ya AL Hilal Tripoli yo mu gihugu cya Libya bumaze gutangaza ko bwirukanye umufaransa watozaga iyi kipe witwa Didier Gomez Da Rosa bumuziza uburyo bwe bw’imikinire budashimishije. Iyi kipe ya Al Hilal Tripoli isezereye Didier Gomez wari umutoza mukuru wayo nyuma ya amezi agera kuri atanu gusa bumutangaje nk’umutoza wayo…

Read More

Uganda Cranes yahamagaye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka ba APR FC

Kuri uyu wa mbere tariki ya 10 werurwe 2025 ,ikipe y’igihugu ya Uganda itozwa n’umubiligi Paul Put yamaze gutangaza urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi iyi kipe igomba kuzifashisha mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi igomba kuzakinamo na Mozambique na Guinea . Ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere i Kampala ku cyicaro…

Read More