Umukinnyi wa Young Africans ukomeye yahawe ipeti rya sergeant avuye kuri Corporal

Umukinnyi w’Umupira w’Amaguru ukomoka muri Tanzania Ibrahim Abdallah Hamad uzwi nka “Ibrahim Bacca” yamaze kuzamurwa mu mapeti ava kuri Corporal ajya kuri sergeant mu mutwe abarizwamo wo kurwanya magendu zambukiranya imipaka muri Zanzibar. Uyu musore w’imyaka 27 akinira ikipe ya Young Africans mu bwugarizi ndetse akaba akinira n’ikipe y’Igihigu ya Tanzania , yatangiye kugaragaramo mu…

Read More

Bite by’amajwi bivugwa ko ari aya Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ asaba umukinnyi kwitsindisha

Umutoza wungirije w’ikipe ya Muhazi United Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ hagiye ahagaragara amajwi bivugwa ko ari aye asaba umwe mu bakinnyi b’ikipe ya Musanze FC ko yamufasha ikipe ya Kiyovu Sports ikabona amanota atatu. Mu mpera z’iki Cyumweru hakinwaga umunsi wa 21 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ‘Rwanda Premier league’ aho hanabaye umukino…

Read More

Lamine Yamal yijeje abafana ba Barcelona ikintu gikomeye nyuma yo kwitwara neza ku mukino wa Atlético de Madrid

Umusore w’Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatangaje ko abafana b’ikipe ya Barcelona batagira impungenge nimwe ku ngino yo gutwara igikombe muri uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Ibi yabitangaje nyuma yo kwitwara neza cyane batsinda ikipe ya Atlético de Madrid bayiturutse inyuma aho yari yababanje ibitego bibiri bya Julián Alvarez ku munota wa 45′ w’umukino ndetse n’icya rutahizamu…

Read More

Kylian Mbappe wa Real Madrid yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru”

Kylian Mbappe yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru” ubwo yatsindiraga Real Madrid ibitego bibiri Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yujujue ibitego 31, amaze gutsindira ikipe ya Real Madrid, mu marushanwa yose ubwo yatsindaga ibitego 2 bakina na Villarreal, kuri uyu wa Gatandatu, ndetse birashoboka cyane ko kumuhagarika bizagorana cyane. Ibi bitego bibiri bya Mbappe, byahise…

Read More

Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwitegura gukaza umukandara/kufunga mkanda mu gihe ibihugu biri gufata ibihano

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abari bitabiriye umuhuro wo kwegera abaturage ko bakwitegura kwizirika umukanda mu gihe ibihugu by’amahanga bikomeje gufatira ibihano u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. Nk’uko bisanzwe umukuru w’igihugu cy’u Rwanda ajya agirana umuhuro n’abaturage ugamije kubegera ndetse no kuganira nabo, gusa uyu muhuro…

Read More

Hatangajwe umukinnyi w’umuhanga Barcelona izavana mu ikipe ya Liverpool

Ikipe ya Barcelona irateganya kuzagura Umunya-Colombia ukinira Liverpool Luis Díaz mu kwezi kwa gatanda ubwo isoko ry’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi rizaba ryongeye gufungura. Mu nkuru yanditswe n’ikinyamakuru The Athletic iremeza ko iyi kipe y’Umudage Hansi Flick yamaze gushima urwego rw’uyu mukinnyi ku buryo igisigaye aruko isoko ryo mu mpeshyi ya 2025 ryafungura. Uyu Munya-Colombia ari mu…

Read More

Ese Luis Campos ufatwa nk’ umucurabwenge w’imishinga mishya muri PSG yabigenje ate ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, ni imwe mu makipe afite izina rivugwa cyane ku mugabane w’Uburayi dore ko initirirwa izina ry’umwe mu mijyi ikomeye kuri uyu mugabane. Nikenshi abakunzi ba ruhago bibaza impamvu nyirizina ihora itera intsinzwi ziteza ishavu mu bafana b’iyi kipe yo mu gihugu cy’ubufaransa. Hari benshi mu basesenguzi b’umupira w’amaguru uzumva bakubwira…

Read More

Nyuma yo kwifata mapfubyi kubera kwangwa kwa penaliti ya Julián Alvarez ‘UEFA’ igiye gukora impinduka z’ikubagaho

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku mugabane w’Iburayi ‘UEFA’, ryemeje ko rigiye gukora amavugurura mu mategeko agenga iterwa rya penaliti nyuma y’uko iya Julián Alvarez yanzwe ku mukino ikipe ye yakinagamo na Real Madrid muri Champions League. Mu busanzwe itegeko rivuga ko mu gihe amakipe ajyeze muri penaliti umukinnyi akayitera ariko umupira akawukoraho inshuro zirenze imwe yaba abishaka…

Read More