Ngoma : Abana babana n’ababyeyi muri gereza bahawe impano na NCDA

Abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero ry’abagore rya Ngoma basuwe n’ Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) Madame Ingabire Assoumpta maze abaha impano zitandukanye. Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day). Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha…

Read More

Stephen Constantine wahoze atoza Amavubi yaburiye Nigeria

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pakistan, Stephen Constantine yaburiye Kagoma za Nigeria kutirara imbere y’Amavubi y’u Rwanda mu mukino urabahuza kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Werurwe 2025. Stephene avuga ko ubudahangarwa bw’Amavubi, budashingiye ku ngano cyangwa umubare w’abaturage b’u Rwanda, ahubwo bushingira ku mpano n’imyiteguro myiza, imenyerewe k’u Rwanda. Stephen Constantine umutoza w’ikipe y’igihugu ya…

Read More

Nyuma ya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ amakipe akomeje kwikanga abitsindisha mu makipe yabo

Ubuyubozi bw’ikipe ya AS Kigali bwandikiye ibaruwa ihagarika uwari mu buyobozi bwayo ku mwanya wa ‘General Manager, Bwana Bayingana Innocent nyuma yo kurangiza amasezerano ye, gusa amakuru akavuga ko nawe yaba ishinjwa ibijyanye no kwitsindisha. Mu mukino ikipe ya Rayon Sports yari yakiriyemo AS Kigali ku munsi wa 21 wa Shampiyona, Rayon Sports ikaza gutsinda…

Read More

Ukuri ku makuru yavuzwe ko N’Golo Kanté yakoze ubukwe

Umukinnyi w’Umufaransa ariko ukomokoka muri Mali N’Golo Kanté ari muri Africa iwabo mu ruzinduko rwogusura iki gihugu cye ndetse no gukora ibikorwa bitandukanye byo gufasha, yavuzwe ko yakoze ubukwe gusa ngo ayo makuru siyo. ku munsi w’ejo nibwo hakwirakwiriye amashusho ku mbugankoranyambaga agaragaza uyu musore ubarizwa muri Shampiyona ya Saudi Arabia arikumwe n’umugore bambaye imyenda…

Read More

Hatangajwe igihe nyirizina Bukayo Saka azagarukira nyuma y’imvune amaranye igihe kirekire

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’Abongereza Bukayo Saka byamaze gutangazwa ko azagaruka nyuma y’Imikino y’Ibihugu ya UEFA Nations League yo muri uku kwezi. Uyu musore amaze igihe yaragize ikibazo cy’imvune ndetse atagaragara mu ikipe ye ya Arsenal ndetse abafana bari bategerezanyije amatsiko dore ko kuva yagenda ikipe ya Arsenal yahungabanye mu buryo bugaragara haba mu bijyanye n’umusaruro…

Read More

N’Golo Kanté uzwiho guca bugufi ari muri Africa; dore ibintu utari uzi bitangaje ku buzima bwe

Umusore w’Umufaransa ukomoka mu gihugu cya Mali N’Golo Kanté , akaba umwe mu bakinnyi bazwiho kwicisha bugufi ndetse no kudatagaguza amafaranga nubwo benshi bakunda kubyita ubugugu ari muri Africa. Uyu musore akaba yarakiniye amakipe nka Chelsea, Leicester City ubu akaba ari muri Al-Ittihad Club yo muri Saudi Arabia muri Shampiyona yayo yitwa Saudi Pro-League. Ubuzima…

Read More

Izindi nzego nazo zinjiye mu kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wumvikanye asaba umukinnyi kwitsindisha

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryemeje ko ryamenye iby’ikibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ ndetse ko batangiye no kugikurikirana kugirango hamenyekane ishingiro ryacyo. Ibi yabitangaje ibicishije mu itangazo ryashyizwe hanze ikarinyuza ku mbuga nkoranyambaga zayo, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri wa tariki 18 Werurwe 2025, mu rwego rwo kuvanaho n’urujijo rwabatekerezaga ko…

Read More

Abakinnyi 3 bashya ba APR FC bitwaye gute ku rutonde rw’abakinnyi 100 beza mu Rwanda?

Kanda hano urebe “RWANDA BEST”[Urutonde rw’abakinnyi 100 beza mu Rwanda] y’uku kwezi. https://rwandabest.daily–box.com/ Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” mu kwezi kwa mbere yaguze abakinnyi batatu bo kuza kuyifasha guhangana na Rayon Sports ku ngingo yo gutwara Shampiyona ndetse n’igikombe cy’Amahoro. Abo barimo rutahizamu Cheick Djibril Ouattara , n’Abanya-Uganda babiri Denis Omedi na Hakim Kiwanuka, gusa umusaruro…

Read More