Victor Osimhen yahaye impano idasanzwe myugariro w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda nyuma y’umukino

Rutahizamu w’ikipe ya Galatasaray mu gihugu cya Turkey Victor Osimhen  yahaye impano y’umupira(Jezi) myugariro Mutsinzi Ange Jimmy nyuma y’umukino ikipe ye yabonyemo amanota atatu ku bitego bibiri ku busa(2-0). Ubwo uyu mukino warangiraga uyu rutahizamu uri mu bakomeye ku mugabane wa Africa yafashe umupira w’Ikipe ye ya Galatasaray awuha Ange byatumye na Mutsinzi Ange amuha…

Read More

Umutoza w’Amavubi yavuze icyamubabaje kuruta ibindi ku tsinzwi yagize imbere ya Nigeria

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda ‘Amavubi’ Umunya-Algeria Adel Amrouche yavuze ko yagize ikimwaro cyo gutsindirwa imbere y’abafana bangana nk’uko banganaga muri sitade Amahoro ndetse n’Imbere y’Umukuru w’Igihugu. Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 21 Werurwe 2025, Amavubi yari yakiriye Kagoma zo mu rwego rwo hejuru za Nigeria mu rugamba rwo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe…

Read More

Umunyamakuru wakunzwe na benshi muri Siporo y’u Rwanda yitabye Imana

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda yitabye Imana aguye mu gihugu cy’Ubuhinde aho yari yaragiye kwivuriza nk’uko amakuru abyemeza. Uyu Munyamakuru wamenyekanye cyane kuri Radio Rwanda yogeza imikino ya Shampiyona y’Igihigu y’u Rwanda ndetse n’Imikino y’Ikipe y’Igihigu, yari amaze iminsi agizwe umuyobozi w’ikinyamakuru Rushyashya, gusa yakoze no ku Isango Star nyuma yo…

Read More

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinzwe irushwa n’iya Nigeria imbere y’Umukuru w’Igihugu

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatakaje umukino wayo wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, imbere ya Kagoma za Nigeria umukino wa bereye kuri sitade mpuzamahanga yitiriwe Amahoro. Ni umukino wagiye kuba Abanyarwanda bawukaniye ndetse baje ari benshi mu gihe Nigeria yo yarwanaga no kureba uburyo yagaruka muri Kuruse mu itsinda, dore ko bari…

Read More

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana ntiyumva ukuntu Richmond Ramptey adakina muri APR FC

Umunyamakuru ukomeye akaba n’inzobere mu bijyanye n’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi ku mugabane wa Africa Micky Juniro, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ko umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana atumva impamvu Richmond Ramptey adakina muri APR FC. Kuri ubu ikipe y’igihugu ya Ghana izwi nk’inyenyeri z’umukara iri gutozwa n’umwene gihugu witwa Otto Addo w’imyaka 49, akaba yarakiniye…

Read More

Ese kuki Lionel Messi atari bugaragare ku mukino uhuza Argentina na Uruguay ?

Urugendo rwerekeza mu mikino yanyuma y’igikombe cy’isi giteganyijwe umwaka utaha irarimbanyije,aho amakipe atandukanye ku isi ari kwishakamo azajya guhagararira abandi muri iyi mikino biteganyijwe ko izabera mu bihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Mexico na Canada. Nko kuyindi migabane yose rero niko no muri Amerika y’Amajyepfo, ibirori bikomeje gufuha aho igihugu cy’Arijantine aricyo kiyoboye itsinda…

Read More

Abakinnyi 11 bagomba kubanzamo ku ruhande rw’Amavubi na Nigeria ntagihindutse

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria igomba kwakirwa ni y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu kuri sitade Amahoro mu rugamba rwo shaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Lata Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada ndetse na Mexico. Ni umukino wa mbere Umunya-Algeria Adel Amrouche utoza Amavubi aza kuba agiye gutoza, abenshi rero bafite amatsiko yo…

Read More

Rutahizamu wa APR FC Denis Omedi yabonye ikarita y’umutuku Uganda itakaza umukino inyagiwe

Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu bakinira ikipe y’igihugu ya Uganda , Denis Omedi ndetse na Hakim Kiwanuka bari ku rutond rw’abakinnyi bifashishijwe ku mukino bakinagamo na Mozambique . Umukinnyi Denis Omedi ukina mu bice bitandukanye bishaka ibitego, yabanje mu kibuga ariko ari mu byatumye batakaza uyu mukino nyuma yo kubona ikarita y’umutuku yo ku munota wa…

Read More

Umunyamakuru w’Umunya-Ghana Micky Junior yavuze ko hari abasikawuti bamubajije kuri Muhire Kevin

Umunyamakuru ukomeye mu bijyanye n’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane wa Africa Micky Juniro, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ko hari abasikawuti bamubajije urwego rwa Kapiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin. Uyu munyamakuru ukomeye mu mupira w’Afurika amaze iminsi mu Rwanda aho yari yaraje byumwihariko gukurikirana umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon Sports…

Read More

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Wizkid yagize icyo atangaza ku mukino wa Nigeria na Amavubi

Umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi nka “Wizkid’ yateye ingabo mu bitugu ikipe y’igihugu ya Nigeria ifitanye umukino n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ kuri sitade Amahoro abinyujije mu kwishimira imyiteguro yabo no kugaragaza ko ayishimiye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X uyu muhanzi w’Umunya-Nigeria akaba n’ikirangirire mu njyana ya Afrobeat yerekanye ko azirikana uko ikipe y’igihugu…

Read More