FIFA yashyizeho ibihembo bidasanzwe ku makipe azitabita igikombe cy’isi cy’ama ‘Clubs’

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA ] ryatangaje ko ryashoye akayabo ka miliyari y’ameyero mu bihembo by’amakipe azitabira igikombe cy’isi cy’ama’clubs’ cyizitabirwa n’amakipe 32 kikabera muri leta zunze Ubumwe z’Amerika . FIFA yashimangiye  ko yageneye miliyoni 525 z’amadolari y’amanyamerika  amakipe  yose azitabira iri rushanwa riteganijwe kuba guhera ku ya 14 Kamena kugeza ku ya 13…

Read More

Umutoza wa Lesotho yagize icyo atangaza ku byo gukurwaho amanota kwa Africa y’Epfo

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Lesotho Leslie Notsi yavuze ko atazi neza niba ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cye baratanze ikirego kijyanye no kuba igihugu cya Africa y’Epfo cyarakinishishe umukinnyi ufite amakarita abiri y’umuhondo. Ku munsi w’ejo wa tariki 25 Werurwe 2025, nibwo hakwirakwiriye amakuru avuga ko Africa y’Epfo yaba yarakinishije umukinnyi wujuje amakarita abiri y’umuhondo,…

Read More

Victor Osimhen yagize umujinya w’umuranduranzuzi nyuma y’umukino banganyije na Zimbabwe

Umunya-Nigeria ukinira ikipe ya Galatasaray S.K Victor Osimhen ntiyishimiye uburyo ikipe ye yanganyije na Zimbabwe Kandi bari bawufite mu ntoki mu rugamba barimo rwo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, ikipe y’igihugu ya…

Read More

Amavubi ya Adel Amrouche ntakozwa ibyo kubona atatu imbumbe !

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ imaze kunganya n’ingona za Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wo mu Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 giteganijwe kuzabera muri bihugu bitatu birimo USA , Canada na Mexico. Mbere y’uyu mukino , abari muri sitade bagiye bihera ijisho ibirori bitandukanye birimo gususurutswa na Gateka Esther…

Read More

🛑Rwanda Vs Lesotho : Lesotho ngo irayataha ! Kapiteni Djihad ntawe , dore byose ukeneye kumenya mbere y’umukino

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Lesotho, Leslie Notsi yatangaje ko n’ubwo umukino baheruka gukina n’Amavubi, utabagendekeye neza, ariko kuri ubu bizeye kuvana amanota atatu i Kigali. Notsi yavugiye ibi mu kiganiro we na kapiteni wayo, Sekhoane Moerane, bagiranye n’itangazamakuru ku mugoroba wo ku munsi wejo ku  wa Mbere tariki ya 24 Werurwe 2025. Leslie Notsi yavuze…

Read More

Lesotho nitsinda u Rwanda irahita irujya imbere; ibintu 8 wamenya mbere y’uko uyu mukino uba

Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda “Amavubi” kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, kuri sitade Amahoro irakira iya Lesotho mu mukino w’Ishiraniro w’Umunsi wa Gatandatu wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera mu bihugu bitatu: Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibintu ugomba kumenya mbere y’uyu mukino! .U Rwanda…

Read More

Hatangajwe abakinnyi 5 bakomeye bifuza kujya muri Real Madrid ku buntu nubwo yo itabikozwa

Ikipe ya Real Madrid nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru Marca cyo mu gihugu cya Esipanye yari ifite amahirwe yo gusinyisha abakinnyi Batanu ku buntu ariko yo ifata ikemezo ubwayo cyo kutabasinyisha nubwo bari buzire ubuntu. Aba barimo myugariro w’ikipe ya Bayer Leverkusen ndetse n’Ikipe y’Igihigu y’Abadage Jonathan Tah akaba azasoza amasezerano ye muri iyi kipe mu kwezi…

Read More

FERWAFA yashyize hanze ibiciro by’amatike ku mukino w’Amavubi na Lesotho

Kuri iki cyumweru tariki ya 23 Werurwe 2025, Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [ FERWAFA ] rimaze gushyira ahagaragara ibiciro by’amatike y’umukino ugomba guhuza ikipe y’igihugu Amavubi na Lesotho ku munsi wo ku wa kabiri . Mu rwego kwitegura umukino wa gatandatu wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2026 giteganijwe kuzabera muri…

Read More