Ikipe yakekwagaho kugurisha imikino yagabweho igitero n’abagizi ba nabi igihe yari mu myitozo

Abakinnyi b’ikipe ya Lobi Star FC iherereye mu mugi wa Makurd, muri Leta ya Benue muri Nigeria bagabwego igitero n’abagizi ba nabi bataramenyekana barabakubita babashinja kugurisha imikino. Ibi byabereye ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo kitwa Government Model Secondary School Pitch, aho aba bagabye iki gitego bahondaguye bikomeye abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bagize iyi kipe…

Read More

Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije wo kuyifasha

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyiraho Rwaka Claude nk’umutoza mushya wayo wungirije Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” asimbuye Umunya-Tunisia, Quanane Selami. Mu minsi ishize nibwo uyu Munya-Tunisia yasubiye iwabo nyuma yo kutumvikana na Rayon Sports ku bijyanye n’imishahara nk’uko amakuru yabivuze, aho iyi kipe yambara ubururu n’umweru yari imubereyemo imishahara yayishyuza ntiyamuhe ahitamo…

Read More

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

Umutoza Ruben Amorim yatoboye avuga kuri Marcus Rashford yarekuye none akaba ari kwitwara neza

Umutoza w’Umunya-Portigal Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje ko yishimira iteka ko umukinnyi batije muri ekipe runaka yitwara neza gusa ko ntabyinshi yavuga ku mukinnyi utari uwe. Ibi yabigarutseho ubwo yagarukaga kuri rutahizamu Marcus Rashford iyi kipe yatije mu ikipe ya Aston villa mu kwezi kwa mbere mu isoko ry’Igura n’Igurisha ryaho, nyuma yo kutumvika…

Read More

Munyakazi Sadate yaciye amarenga yo kugaruka muri Rayon Sports nk’umumyamigabane mukuru

Umugwizatunga Munyakazi Sadate yatangaje ko yiteguye kuzaba umunyamigabane myinshi(Mukuru) ku ruta abandi igihe icyari cyo cyose izatangira kugurishwa mu kiswe Rayon Sports Ltd. Uyu mugabo yamenyekanye mu mupira igihe yari perezida wa Rayon Sports hagati 2019 na 2020 , icyo gihe havuzwemo ibibazo byinshi ku buryo n’inzego za Lata zabyivanzemo mu rwego rwo gushyira ku…

Read More

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu Amavubi ukina i Burayi ikipe ye yamanutse mu kiciro cya Kabiri

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru Hakim Sahabo ikipe yari yaratijwemo yamaze kumanuka mu cyiciro cya Kabiri cy’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ububiligi aho akina kuri ubu. Uyu musore yatijwe muri iyi kipe yitwa Beerschot mu mezi atatu ashize mu isoko ry’Igura n’Igurisha ry’u kwezi kwa mbere kwa 2025, avuye mu ikipe ya Standard de…

Read More

Umutoza Darko Novic yagize icyo avuga ku bafana baririmbye indirimbo zimusaba kuva muri APR FC

Umutoza w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje ko atigeze yumva abafana b’iyi kipe baririmba indirimbo zimusabira kwirukanwa ku mukino yatsinzemo iya Vision FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye ku munsi w’ejo wa tariki 30 Werurwe 2025, kuri Kigali Pele Stadium, ni umukino iyi kipe yagiye gukina ibizi neza…

Read More

Arsenal yamaze kwemeza umusimbura wa Edu Gaspard

Arsenal yamaze kwemeza umusimbura wa Edu Gaspard mu buyobozi bw’imikino muri iyi kipe . Ikipe ya Arsenal yamaze gutangaza ishyirwaho rya Andrea Berta wagizwe umuyobozi mushya w’ibikorwa bya siporo, ni umugabo umuyobozi w’iyi kipe wungirije Josh Kroenke, yise “inararibonye idasanzwe”. Ikipe ya Arsenal iherutse gushegeshwa cyane n’igenda rya Edu wahoze ashinzwe ibikorwa bya siporo, ndetse…

Read More

APR FC ikomeje kuryoherwa n’isoko rya Uganda aho igiye gukurayo abandi bakinnyi babiri

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda “APR FC” amakuru aravuga ko iri mu biganiro n’abakinnyi babiri b’Abanya-Uganda Allan Okello na Ronald Ssekiganda bagiye kwiyongera ku bandi batatu basanzwe muri iyi kipe. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu iri mu mushinga wo kuzaba ikipe nziza muri Africa ari nabyo biri gutuma igura abakinnyi benshi bari ku rwego mpuzamahanga baturutse…

Read More