Abafana ba Rayon Sports bakomeje kwinubira umusaruro udahwitse ukanagerwa ku mashyi wa Khadime Ndiaye

Umuzamu ukomoka mu gihugu cya Senegal urindira Rayon Sports Khadime Ndiaye, akomeje kwibazwaho n’abafana ba Rayon Sports bamushinja kugira umusaruro muke no gukora amakosa menshi biri mu byatumye iyi kipe itakaza amanota ku mikino itandukanye bigeretseho n’umwanya wa mbere. Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 05 Mata 2025, ikipe ya Rayon Sports kuri sitade Umuganda…

Read More

Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere

Abafana ba Rayon Sports barakariye ubuyobozi bwayo nyuma yo gutakaza umukino wa Marine FC banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri(2-2) babushinja kuba butaraguze abakinnyi beza mu kwezi kwa mbere. Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kirekire iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , APR FC kuva uyu mwaka w’imikino watangira yari itarayobora…

Read More

Mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yo kwamagana umushinga wa Visit Rwanda uhuje u Rwanda na PSG

Kuri iki Cyumweru tariki 06 Mata 2025, biteganyijwe ko i Paris mu Bufaransa kuri sitade ya Paris Saint Germain ‘Parc des Princes’ hazakorwa imyigaragambyo igamije kwamagana ubufatanye hagati ya Paris Saint Germain n’u Rwanda mu mushinga wa Visit Rwanda. Amakuru yanditswe n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, avuga ko yateguwe n’abadepite bane bo mu ishyaka rya La…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yasubije Munyakazi Sadate uherutse gutangaza ko yifuza kugura iyi kipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports itagurishwa nyuma y’uko uwigeze kuyiyobora Bwana Munyakazi Sadate atangaje ko yiteguye kuyigura ayitanzeho Miliyari 5 z’amafanga y’u Rwanda Mu minsi ishize ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwasimbuye ubwa perezida Uwayezu Jean Fidele, bwatangije umushinga wa Rayon Sports LTD ugamije guha rugari ababishaka…

Read More

FIFA na CAF bashobora gufatira ibihano bikakaye igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi “FIFA” ifatanyije n’iyo ku mugabane wa Africa “CAF” biteganyijwe ko bagomba gufatira ibihano igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kuvanga umupira w’amaguru na Politiki. Muri uyu mwaka wa 2025 , Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukaba no mwihuriro ryiyise Alliance Fleuve…

Read More

Perezida wa Barcelona yibasiye bikomeye ikipe ya Real Madrid ashinja kubuza uburyo ikipe ye!

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporte yijunditse Real Madrid ko ariyo iri inyuma y’ibikorwa bishaka kubuza Dani Olmo na Pau Victor gukomeza gukina , akemeza ko batazigera babigeraho. Mu minsi ishize nibwo amakuru yabaye menshi ko aba bakinnyi bombi bashobora kutazakinira Barcelona mu gice cya Kabiri cy’umwaka w’imikino kubera ubushobozi Barcelona butayemereraga kwandikisha aba bakinnyi…

Read More

FIFA yatangaje igihugu cyizakira igikombe cy’isi cyo muri 2035

Ubwami bw’Abongereza bwemerewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) guhatana bwonyine mu kuzakira igikombe cy’isi cy’abagore giteganyijwe muri 2035, ndetse hakaba hahise hemezwa ko ibihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Mexique nabyo bishobora kwihuza mu guhatanira kwakira irushanwa nkiryo muri 2031. Ubwo habaga inama ya 49, y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi (UEFA), perezida…

Read More

Sadate Munyakazi yahishuye akayabo azashora muri Rayon Sports mu gihe yayihabwa

Sadate Munyakazi yavuze ko afite miliyari eshanu zo gushora muri Rayon Sports mu gihe bayimuhaye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Sadate Munyakazi yavuze ko yashyize miliyari eshanu kumeza ya Rayon Sports, ku buryo mu myaka itatu izaba ifite indege igendamo, bisi igezweho, ndetse iri ku ruhando mpuzamahanga. Munyakazi Sadate yavuze ko miliyari…

Read More

FERWAFA ntirashirwa ku kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rikomeje gukurikirana ibijyanye no gusaba umukinnyi kwitsindisha byavuzwe kuri Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ akaba umutoza wungirije ariko wahagaritswe na Muhazi United aho ryahamagaye abandi bavugwa muri iki kibazo. Abahamagawe ngo nabo babazwe ni ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports n’ubwa Musanza FC, umutoza Imurora Japhet na Batte Sheif nyuma y’ihamagarwa…

Read More

Nanjye nta mwanya uhagije nzabona wo gutegura Manchester united : Ruben Amorim

Ruben Amorim usanzwe Ari umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze ko nawe ubwe adahamya ko azabona umwanya uhagije wo gutegura iyi kipe, mu gihe akomeje kumva abinubira ko ikipe atoza idakunze gutanga umwanya uhagije wo kwigaragaza ku bakinnyi Nyuma yo kwitwara neza batsinda imikino ibiri ya shampiyona mbere yo kujya mu kiruko mpuzamahanga. Ibyishimo by’ikipe…

Read More