Hatangajwe ibihano bigiye guhabwa kylian Mbappe mbere yo kwesurana na Arsenal

Ku cyumweru gishize ikipe ya Real Madrid iherutse gusoza umukino wayo na Alaves nabi nyuma y’itangwa ry’ikarita itukura kuri rutahizamu wayo Kylian Mbappe mu gice cya mbere. Ni igice cya mbere cy’umukino cyari kibereye ijisho, ni nyuma kandi y’igitego cya myugariro Raul Ascensio, cyanzwe ndetse kikaza gukurikirwa n’icya Eduardo Camavinga, we waherukaga igitego muri shampiyona…

Read More

Hatangajwe abakinnyi babiri batazakomezanya na Rayon Sports uyu mwaka w’imikino n’urangira

Ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko igomba kuzatandukana na Kapiteni wayo Muhire Kevin na Serumogo Ally , uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 n’urangira , umwe kubera umusaruro muke undi kubera ibitari kumvikanwaho. Rayon Sports iri mu bibazo byinshi muri iyi minsi birimo kubura umusaruro, ndetse n’iby’ubushobozi , iherutse Kandi gutangaza ko yahagaritse abatoza bayo babiri,…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yavuze impamvu nyamukuru yatumye Robertinho ahagarikwa

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko impamvu y’ihagarikwa rya Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ rishingiye ku musaruro ugerwa ku mashyi amaze iminsi abona bivuguruza itangazo ryari ryanyujijwe ku mbugankoranyambaga z’iyi kipe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere wa tariki 14 Mata 2025, nibwo abinyujije ku mbugankoranyambaga zayo Rayon Sports yamenyesheje…

Read More

Real Madrid yagaragaje ko yifuza bikomeye umukinnyi wo hagati muri Liverpool

Izina Alexis Mac Allister ry’umunya-Arijantina ukina hagati muri Liverpool riri mu mazina ari gushyushya imitwe y’abakomeye mu ikipe ya Real Madrid, nkuko tubikesha ibinyamakuru by’imikino bitandukanye. Mac Allister ufatwa nk’umwe mu bakinnyi bo hagati bahagaze neza, nyuma yo kwigaragaza mu mikino y’uyu mwaka wa shampiyona, yamenyekanye cyane muri 2022, haba mu mikino y’igikombe cy’isi ikipe…

Read More

Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo

Mu ikipe ya Manchester United haravugwamo inkuru y’igaruka ry’uwahoze ari umunyezamu wayo David De Gea, biteganywa ko yagarurwa ku kibuga Old Trafford mu mpeshyi y’uyu mwaka Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye yabashije gukina imyaka 12, mu ikipe ya Manchester United mbere yuko arekurwa mu mpeshyi ya 2023, ubwo amasezerano ye y’akazi yarageze ku…

Read More

Perezida Kagame yashimiye Arsenal kubwo kwitwara neza

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ibyishimo yatewe n’intsinzi ya Arsenal imbere ya Real Madrid mu mukino ubanza wa UEFA champions league wabereye kuri Emirates Stadium. Wari umukino utegerejwe na benshi, Arsenal ntiyahabwaga amahirwe imbere ya Real Madrid imaze kwegukana Champions League inshuro 15 , ndetse ikaba arinayo ifite igiheruka batwaye batsinze Borussia…

Read More

Ikipe ya Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ikipe ya Arsenal ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihe cy’Ubwongereza “Premier league” yifatanyije n’isiyose ndetse n’u Rwanda byumwihariko mu kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ikipe ya Arsenal isanzwe ikorana n’u Rwanda mu bikorwa byo kwamamaza ubukerarugendo bwarwo, ndetse no kurumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga byose biri mu nyungu zo…

Read More

APR FC y’abato yahize abandi mu irushanwa ry’Urubuto Community Youth Cup

Amakipe y’abato ya APR FC yegukanye ibikombe bitatu muri bine byahatanirwaga mu irushanwa Urubuto Community Youth Cup. Ni irushanwa ryari rimaze amezi atanu rikinirwa mu Mujyi wa Kigali, rikaba ryarahuje amarerero 18 yigisha abana gukina umupira w’amaguru, rikaba ryarakinwe mu byiciro bya U-10, U-13, U-16 ndetse n’abakobwa ba U-16. APR FTC yageze ku mikino ya…

Read More

Umuyobozi muri ‘FIFA’ yagaragaje ko atishimiye inyifato y’abafana ba Marine FC bagaragaje ku mukino wa Rayon Sports

Umuyobozi ushinzwe umutekano ku kibuga mu Ishyirahamwe rya ruhago ku isi “FIFA” Bwana Bonnie Mugabe yagaragaje ko atishimiye imyitwarire y’abafana ba Marine FC Ku mukino wahuje iyi kipe na Rayon Sports ukarangira banganyije ibitego bibiri kuri bibiri (2-2). Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 05 Mata 2025, kuri sitade Umuganda mu karere…

Read More