U Rwanda rugiye gukorana n’ikipe ya Benfica yo muri Portugal

Igihugu cy’u Rwanda gishyize imbaraga mu kugira siporo ikintu kinjiriza igihugu, nk’uko Perezida w’u Rwanda yabyibukije ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri wa Siporo mushya(Nelly Mukazayire) ndetse n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Rwego Ngarambe. Minisitiri wa Siporo aherutse kugirira urugendo mu gihugu cya Portugal, aho yasuye ikipe ya Benfica Lisbon yakirwa n’ubuyobozi bw’iyi…

Read More

Rutahizamu Mohamed Salah yavuze icyahindutse ku mikinire ye muri uyu mwaka w’imikino

Nyuma yo guhesha ikipe ya Liverpool igikombe cya shampiyona rutahizamu Mohamed Salah yavuze ko guhabwa rugari mu busatirizi n’umutoza Arne Slot, biri mu byatumye yitwara neza cyane muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo usanzwe akomoka mu gihugu cya Misiri afatwa nka moteri y’ingufu nyinshi yafashije ikipe ya Liverpool mu kwegukana igikombe cya shampiyona dore ko…

Read More

Ikipe ya Rutsiro FC yafatiye ibihano bikakaye umutoza n’umuzamu wayo nyuma yo kunyagirwa na APR FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze guhagarika umutoza wayo GATERA Musa , ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Mozombo babashinja umusaruro mubi bagize ku mukino Rutsiro FC yatsinzwemo na APR FC ibitego bitanu ku busa (5-0) kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Wari umunsi wa 25 wa Shampiyona, ni umukino utaravuzweho rumwe bitewe n’uburyo ibi…

Read More

Hari kwifashishwa gahunda ya VISIT TOTTENHAM mu kwamagana iya VISIT RWANDA

Abafana ba Arsenal biyise ‘Ganners For Peace’ bamaze iminsi batangije ubukangurambaga bwo kwamagana ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe yabo bushingiye mu kwamamaza ibikorwa by’ubukerarugendo bw’u Rwanda aho bari gukoresha icyo bise ‘VISIT TOTTENHAM’. Intandaro yo gukoresha iri ijambo ishingiye ku kwerekana uburyo batishimiye imikoranire y’ikipe yabo n’u Rwanda, Tottenham Hotspur isanzwe ari ikipe bahanganye ndetse banangana…

Read More

Abakunzi ba ruhago bashyizwe igorora ku mikino y’Igikombe cy’Amahoro

Imikino ibiri y’ikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, ya kimwe cya Kabiri yariteganyijwe gukinirwa kuri Kigali Pele Stadium yimuwe ishyirwa kuri sitade Amahoro bisabwe n’amakipe ya Rayon Sports na APR FC azakira iyi mikino. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 30 Mata 2025, nibwo hazakinwa imikino yo kwishyura y”igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025 , muri kimwe cya Kabiri,…

Read More

Umutoza wa Rutsiro FC yatangaje icyo agiye gukora nyuma yo gutsindwa na APR FC mu buryo we yavuze ko budasobanutse

Umutoza w’ikipe ya Rutsiro FC , GATERA Mousa , yatangaje ko agiye gukurikirana uburyo ikipe ye yatsinzwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona batsinzwemo n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu [APR FC] ibitego bitanu ku busa (5-0). Ni umukino wabereye kuri sitade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu,aho APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino kugirango ifate umwanya…

Read More

Ayabonga wongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports yanenze icyo yise ubujuru nyuma y’umukino wa Rutsiro na APR FC

Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi mu ikipe ya Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa , yanenze imigendekere ya Shampiyona y’u Rwanda yemeza ko harimo ubujura ndetse anibaza uburyo amakipe yo mu Rwanda azabasha guhatana mu mikino Nyafurika ya CAF mu gihe bimeze bitya. kuri uyu wa gatandatu wa tariki 26 Mata 2025, hakinwaga umunsi wa 25 wa Shampiyona…

Read More

Premier League  : Nicholas Jackson yongeye kurema Chelsea agatima !

Igitego cya mbere cya Nicolas Jackson kuva mu Kuboza kwa 2024  nicyo gihesheje ikipe ya Chelsea intsinzi y’igitego 1-0 imbere ya Everton yongereye  icyizere cyo kuzakina Uefa Champions league umwaka utaha . Ikipe ya Chelsea yari yabanjemo : Sanchez, Caicedo, Chalobah, Colwill, Cucurella, Fernandez (c), Lavia, Madueke, Palmer, Neto, Jackson Abasimbura barimo , Jorgensen, Acheampong, Badiashile, Tosin,…

Read More