Arsenal yashyize hanze umwambaro izakinisha mu mwaka w’imikino utaha

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kugaragaza umwambaro izakinisha mu mwaka utaha w’imikino aho ivuga ko intego yayo ari ukugaragariza abafana urukundo rw’ikipe bafana aho rwaturutse. Nkuko byagaragaye mu mashusho yashyizwe hanze n’imbuga z’iyi kipe, hagarutswe ku rukundo rwimbitse abakunzi b’iyi kipe badasiba kuyigaragariza, umwambaro mushya washyizwe hanze wiganjemo amabara atukura…

Read More

Shampiyona igeze aho urusaku rutumvikana: Amasaha yahinduwe, igikombe kirasatira urutare!

“Iyo ibirenge bijya imbere y’umutwe, igihombo kiba ku mutima.” Mu gihe urugamba rwo guhatanira igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2024–2025 rugeze aho bita “urukiko rw’ikirenga ndetse aho urubanza rwagombye abakuru,” ibintu bikomeje guhindura isura umunsi ku wundi. Umunsi wa 28 w’iyi shampiyona uzaba ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025, ariko si gusa nk’uko byari…

Read More

Mugariro mushya Real Madrid igiye kugura imukuye muri Premier league

Ikipe ya Real Madrid ifite amahirwe yo gusinyisha myugariro w’ikipe ya A.F.C. Bournemouth, Dean Huijsen, umwe mu bagize umwaka mwiza w’imikino muri Premier league mu rwego rwo gukemura ibibazo byo kwinjizwa ibitego byinshi kuri iyi kipe. Real Madrid yagize umwaka mubi w’imikino cyane ko nta gikombe na kimwe iratwara, byanatumye itandukana n’umutoza wayo Carlo Ancelotti…

Read More

Manchester united ntiteganya gukora ibirori mu buryo budasanzwe igihe yatwara UEFA Europa league

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta bidasanzwe izagaragaza yishima mu gihe igihe izaba imaze gutsinda ikipe ya Tottenham Hotspur ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league uteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ibi bitangajwe nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino aho bishoboka cyane ko umwanya wa hafi iyi kipe iteganya gusorezaho ari uwa 13,…

Read More

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze guta muri yombi umusekirite wagaragaye mu mashusho atega umuntu kuri sitade

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata ushinzwe umutekano kuri sitade wagaragaye mu mashusho atega umwe mu bari bitabiriye umukino wa Rayon Sports na Police FC akikubita hasi ku girango aryozwe iyi myitwarire idahwitse. Kuri uyu wa 11 Gicurasi 2025, nibwo kuri Kigali Pele Stadium habereye umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje…

Read More

Umukinnyi wa Rayon Sports yasabye imbabazi nyuma y’amakosa yagaragaweho

Umukinnyi ukina gati mu kibuga yataka mu ikipe ya Rayon Sports ukomoka mu gihugu cy’Uburundi , Rukundo Abdul Rahman, uzwi nka “Paplay” yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports nyuma y’ikarita y’umutuku yabonye ku mukino wa Police FC ukaba uw’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Uyu musore yabonye ikarita y’umutuku hakiri iminota…

Read More

Toni Kroos yagaragaje umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona uruta Lamine Yamal

Umudage w’ibihe byose kuri Real Madrid Toni Kroos yavuze ko Pedri ari we mukinnyi w’ingenzi kuruta uwari we wese muri Barcelona haba Lamine Yamal, Raphinha ndetse na Robert Lowandowski bose bamaze gutsinda ibitego 86 muri uyu mwaka w’imikino mu marushanwa yose. Ibi Toni Kroos, yabitangaje nyuma y’umukino Barcelona yatsinzemo Real Madrid ibitego bine kuri bitatu…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Umujyi wa Kigali ugiye gucutsa Kiyovu Sports na Gasogi United

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine yatangaje ko nta gahunda ihari yo kureka gutera inkunga amakipe awubarizwamo basanzwe bakorana harimo nka, Gasogi United, Kiyovu Sports, ngo basigarane na AS Kigali gusa. Aya makipe yombi, akina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” asanzwe abona amafaranga avuye mu mujyi wa Kigali mu rwego…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina muri Tunisia akomeje kwandika amateka muri iki gihugu

Mugisha Bonheur uzwi kwizina rya ‘Casemiro’ akaba akinira ikipe ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Tunisia ariyo ya Stade Tunisien akomeje kwitwara neza no kwerekana ubushobozi bwe mu buryo budasanzwe aho yatsinze igitego cya Gatanu muri iyi kipe. Uyu musore ukina hagati mu kibuga hagati yugarira , yakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda…

Read More

Lamine Yamal ari kuvugwa cyane nyuma yo kugaragarizwa urukundo mu buryo budasanzwe

Umusore w’ikipe ya Barcelona, Lamine Yamal akomeje guca uduhigo aho post yakoze ku rubuga rwa Instagram nyuma yo gusezererwa na Inter Milan muri Champions League imaze gukundwa (Likes) n’abantu barenga Miliyoni 9.5 ndetse abangana n’ibihumbi 310 nabo bamaze gutanga ibitekerezo byabo kuri iyi post. Post kuri Instagram zakunzwe (zagize-Likes) kuruta izindi! 1.Linonnel Messi: yishimira igikombe…

Read More