Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelona kugeza mu 2027

Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka we wa mbere muri FC Barcelona, umutoza w’Umudage Hansi Flick yamaze kongererwa amasezerano kugeza mu 2027.  Iyi nkuru yemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe, buvuga ko bwishimiye cyane uko yitwaye kuva yagera i Catalonia asimbuye Xavi Hernandez. Flick yahesheje Barcelona ibikombe bitatu bikomeye: La Liga, Copa del Rey, na Spanish Super…

Read More

Roy Keane yikomye abakinnyi ba Liverpool  nyuma yo kwegukana igikombe

Uwahoze ari kapiteni wa Manchester United, Roy Keane, yamaganye imyitwarire ya Liverpool nyuma yo kwegukana igikombe cya Premier League ku wa 27 Mata, nyuma yaho batsindiye Tottenham ibitego 5-1.  Iyi kipe itozwa na Arne Slot ntiyatsinze imikino itatu yakurikiyeho, aho yatsinzwe na Chelsea na Brighton, ndetse inganya na Arsenal 2-2 n’ubwo yari yatsinze ibitego bibiri…

Read More

Jude Bellingham wa Real Madrid ntazakina imikino ibanza ya Shampiyona itaha

 Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Jude Bellingham, arateganyijwe kuzabura byibura ibyumweru bitandatu bya mbere by’umwaka utaha w’imikino bitewe n’uburyo azaba yagiye kubagwa urutugu. Uyu musore w’imyaka 21 amaze igihe ahanganye n’ikibazo cy’urutugu kuva mu 2023, aho yakomerekeye mu mukino wa La Liga ubwo Real Madrid yakinaga na Rayo Vallecano….

Read More

Abafana ba Man United na Tottenham bateje Imvururu muri Espagne mbere y’Umukino wa nyuma wa Europa League

Zirikana gusoma ibi : Mu masaha make mbere y’umukino ukomeye wa nyuma wa Europa League, abafana ba Manchester United na Tottenham bateje imvururu zikomeye mu mihanda ya San Sebastián muri Espagne.  Izi mvururu zabaye ku wa Kabiri nijoro, mbere y’uko aya makipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ahura kuri sitade ya Athletic…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yatangaje uko bakiriye imyanzuro ya FERWAFA

Perezida wa Rayon Sports, Thadee Twagirayezu, yatangaje ko banyuzwe n’imyanzuro yafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ku mukino wahagaritswe kubera umutekano muke, ni umukino wari wabahuje na Bugesera FC ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM , Perezida wa Rayon Sports yasobanuye uburyo bakiriyemo imyanzuro , Yagize Ati : “Twabyakiriye…

Read More

Ibigomba kubahirizwa ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubukurwa

Komite y’Amarushanwa y’Ishyirahamwe y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ yamaze gufata umwanzuro ko umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubirwamo ku itariki 21 Gicurasi 2025 , ugatangira ku munota wahagazeho. Uyu mukino wari wasubitswe nyuma y’umutekano muke wagaragaye kuri sitade ya Karere ka Bugesera mu gihe umukino wari ugeze ku munota wa 57′ Bugesera FC…

Read More

KNC yatangaje ko ‘FERWAFA’ ifite amakosa ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Umunyamakuru wa Radio/TV 1 Rwanda, Kakooza Nkuliza Charles, uzwi nka KNC, yatangaje ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryakabaye ryarahinduye umusifuzi wasifuye umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports. Kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, hakinwaga umunsi wa 28 wa Shampiyona aho Bugesera FC yari yakiriye Rayon Sports kuri sitade ya…

Read More

Minisitiri wa siporo w’u Rwanda yavuze ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Minisitiri wa siporo mu Rwanda, Nelly Mukazayire, yakebuye abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imvururu zabereye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wabereye kuri sitade y’Akarere ka Bugesera ukaba uw’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, aho umukino wahagaze ku…

Read More

Abakinnyi ba Rayon Sports bazindukiye ku biro bishyuza amafaranga yabo

Abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports y’abagore bazindukiye ku biro by’iyi kipe biherereye mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro , aho bari kwishyuza imishahara yabo ya mezi ane bafitiwe. Iyi kipe yamaze gusoza umwaka w’imikino, aho yatwaye igikombe cya Shampiyona y’igihigu y’u Rwanda 2024-2025, gusa bananiwe gutwara igikombe cy’Amahoro aho batsinzwe n’ikipe y’Indahangarwa ku…

Read More

Enzo Maresca yahaye umukoro ukomeye abakinnyi bakuru ba Chelsea mbere yo guhura na Man United

Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yasabye abakinnyi be bakuru kwitanga no gufata inshingano muri iyi mikino ibiri ya nyuma ya Premier League, kugira ngo ikipe ibone itike yo gukina Champions League y’umwaka utaha wa 2025/2026. Chelsea iramutse itsinze Manchester United kuri uyu mugoroba ndetse na Nottingham Forest ku cyumweru gitaha,byayiha amahirwe yo kurangiza shampiyona mu…

Read More