Ntwari Fiacre yatandukanye n’ikipe ye; aho ashobora kwerekeza
Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Ntwari Fiacre, yamaze gutandukana n’ikipe ya kiniraga ya Kaizer Chiefs yo muri Afurika y’Epfo nyuma yo kumara igihe atabona umwanya wo gukina. Uyu musore yasinyiye Kaizer Chiefs mu mwaka wa 2024, ku 300$ avuye mu ikipe ya TS Galaxy nyuma yo kwitwara neza ari kumwe n’umutoza Greg Etafia , ikipe…