TRANSFERS : Matheus Cunha agiye kwerekeza muri Manchester United kuri miliyoni 62.5 £

Iby’ingenzi byavuzwe mu nkuru ni : 🚨🇧🇷 𝐁𝐑𝐄𝐀𝐊𝐈𝐍𝐆 | Matheus Cunha (25) to Manchester United. Here we go, reports @FabrizioRomano. ⚡️ £62.5m release claude triggered! ✅ pic.twitter.com/ChOCOfpctf — EuroFoot (@eurofootcom) May 25, 2025 Matheus Cunha, umukinnyi  ukina mu ikipe ya Wolves, ari hafi gutangira ubuzima bushya muri Manchester United nyuma y’aho biteganijwe ko agomba gushyira…

Read More

Umukinnyi w’Amavubi uri mu b’ingenzi ntazagaragara ku mukino wa gicuti na Algeria

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukinira ikipe ya RAAL La Louvière mu Bubiligi, Samuel Léopold Marie Gueulette(Samuel Gueulette) , ntazagaraga ku mukino wa gicuti uzahuza u Rwanda na Algeria. Ni umukino uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025, ukaba uri mu mugambi w’amakipe yombi yo gukomeza kwitegura neza amajonjora yo gushaka itike y’Imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera…

Read More

Umunyarwanda ukinira Luton Town agiye gukinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda izaba ifite imbaraga nshya z’umukinnyi ukinira ikipe ya Luton Town ,Claude Kayibanda, mu mukino wa gicuti uteganyijwe muri uku kwezi kwa Kamena 2025. Ni umukino uzaba ari uwo kwitegura imikino y’Amajonjora y’Imikino y’Igikombe cy’Isi cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika ,Canada na Mexico, uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025. Algeria n’u Rwanda…

Read More

TRANSFERT :  Matheus Nunes na Gibbs-White nk’inkingi fatizo z’ubugurane hagati ya Man City na Nottingham Forest

Matheus Nunes, umukinnyi wo hagati w’Umunya-Portugal ukinira Manchester City, ashobora kwerekeza muri Nottingham Forest mu mpeshyi, mu gihe Man City ishaka kugura Morgan Gibbs-White uri kubengekwa na benshi. Nk’uko amakuru aturuka ku ikipe ya Man City abivuga, biteguye kugurisha Nunes ku mafaranga agera kuri miliyoni £35, nubwo bamuguze miliyoni £53 hadaciye n’umwaka umwe. Kurundi ruhande…

Read More

Ubusesenguzi : Uguhangana gutatu gushobora kuzagena utwara UEFA Champions League hagati ya Inter na PSG

Umukino wa nyuma wa UEFA champions league 2025, ni umwe mu mikino tugomba kwitegamo byinshi birenze ibyo twaba twarigeze kubona mu yindi mikino yabanje. Amakipe ya Paris Saint Germain, na Inter de Milan, ni amakipe afite ubushobozi buhambaye bwo kuba yatwara iki gikombe gifatwa nk’icya mbere gikomeye ku rwego rw’amakipe mato. Mu mukino uteganyijwe mu…

Read More

Mugisha Bonheur yongeye kuzamura idarapo ry’u Rwanda muri Tunisia

Ikipe y’Umunya-Rwanda Mugisha Bonheur uzwi nka ‘Casemiro’ Stade Tunisien yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihuyu muri Tunisia (Tunisian Cup) nyuma yo gutsinda kuri penaliti iya Union Sportive Monastirienne(US Monastir). Ni umukino wabereye kuri Mustapha Ben Jannet Stadium , sitade iherereye mu gace ka Monastir ikanakinirwaho mu busanzwe n’ikipe ya US Monastir. Stade Tunisien yatsinze…

Read More

Dan Burn yongereye amasezerano muri Newcastle United

Dan Burn, myugariro w’ikipe ya Newcastle United, yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe, bisobanura ko azaguma kuri St. James’ Park kugeza mu mpeshyi ya 2027.  Ibi byatangajwe ku mugaragaro na Newcastle United ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yagize umwaka udasanzwe, aho yagaragaye mu mikino 45 mu…

Read More

Barcelona yaciye amarenga y’abakinnyi babiri igiye kugura kuva muri Premier league

Umuyobozi wa siporo (Sporting director) mu ikipe ya Barcelona ‘Deco’ yaciye amarenga ko bashobora kugura Marcus Rashford wa Manchester United na Luiz Diaz wa Liverpool. Ubwo yagarukaga ku bijyanye n’Isoko ry’Igura n’Igurisha rya Barcelona muri iyi mpeshyi igiye kuza, Deco, Yagize Ati “Dushima Luis Diaz na Marcus Rashford nk’abasemababa.” Marcus Rashford yatijwe na Manchester United…

Read More