Thomas Tuchel yitabaje abarimo Ruben Loftus – Cheek na Jarell Quansah

Ruben Loftus-Cheek, umukinnyi wo hagati ukinira AC Milan, yongewe mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza igiye kwitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, izabahuza na Andorra ndetse na Serbia. Ibi bibaye nyuma y’imyaka irindwi adahamagarwa, aho yaherukaga gukinira u Bwongereza mu Ugushyingo 2018, atsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Loftus-Cheek w’imyaka 29 y’amavuko yigeze…

Read More

zimwe mu mpinduka zikomeye zagaragaye ku isoko ry’igura n’igurisha muri Premier league uyu mwaka

Igihe cyo kugura no kugurisha abakinnyi mu mpeshyi kiri kugana ku musozo, kikaba kigomba kurangirana n’itariki ya 1 Nzeri 2025. Amakipe atandukanye yo ku mugabane w’u Burayi ntiyazuyaje ngo ate umwanya mu gushimangira imbaraga zayo binyuze mu kugura abakinnyi b’ibyamamare ndetse no gukora amasezerano arimo ubwenge bwinshi. Ku ikubitiro reka duhere muri (Premier League) y’Abongereza:…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye ikipe izakina CAF Confederations Cup

Myugariro w’Umunyarwanda, Buregeya Prince, wakiniye AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino 2024-2025, yamaze kwerekeza muri Nairobi United FC yo muri Kenya. Iyi kipe igiye gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya (Kenyan Premier League) mu mwaka mushya w’imikino tugiye kwinjiramo, ikaba izanahagarari Kenya mu mikino Nyafurika ya CAF Confederations Cup umwaka w’imikino 2025-2026. Nairobi United…

Read More

Polisi yarekuye uwahohoteye Antoine Semenyo

Umugabo ushinjwa ibyaha byo gukora ivangara rishingiye ku ruhu ku mukino Liverpool yatsinzemo AFC Bournemouth yarekuwe n’inzego z’umutekano zamukurikiranaga. Ni umugabo usanzwe agaragara ku mikino ya Liverpool ndetse yicaye mu ntebe y’abafite ubumuga gusa nubwo yarekuwe yabujijwe kugira umukino numwe yitabira. Liverpool ubwayo yemeje ko atazemererwa kwinjira ku mikino yayo nubwo ari mu bafana bayo…

Read More

Rayon Sports yongeye gusabwa na FIFA kwishyura uwo yirukanye

Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi yamaze kwandikira ikipe ya Rayon Sports iyisaba kwishyura amafaranga bafitiye Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka “Robertinho.” Ni ibaruwa Rayon Sports yakiriye tariki 12 Kanama 2025, bivuze ko hashize iminsi itandatu iyifite ndetse na Robertinho nawe amenyeshejwe ko ikipe yareze yakiriye iyo baruwa. Rayon Sports igomba kwishyura Robertinho…

Read More

Ikipe yo muri Libya yongereye amasezerano umukinnyi w’Umunyarwanda

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) , Manzi Thierry yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Al Ahli SC (Tripoli). Uyu musore w’imyaka 29 y’amavuko yari aherutse gutwara igikombe cya shampiyona hamwe n’iyi kipe nyuma yo gutsinda Al Hilal SC Benghazi ibitego bibiri ku busa(2-0) harimo n’igitego cya Manzi. Manzi yahisemo gukomezanya n’iyi…

Read More

TRANSFERS : Donnarumma mu muryango werekeza muri Man City

Mu gihe isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rigenda rirushaho gufata indi sura, amakuru aturuka mu Bufaransa no mu Bwongereza aravuga ko Manchester City yamaze kugirana ibiganiro n’uhagarariye inyungu za Gianluigi Donnarumma, Enzo Raiola byo bigamije kumusinyisha. Donnarumma, umuzamu w’imyaka 26 akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani, yamaze kurekurwa na Paris Saint-Germain nyuma yo kwamburwa umwanya ubanzamo…

Read More

Rashford yavuze amagambo akomeye kuri Manchester United

Mu gihe benshi bakibaza icyerekezo cya Manchester United, Marcus Rashford – rutahizamu wayo wigeze kuba inkingi ya mwamba w’iyi kipe  , yatangaje ibintu bikomeye ku mikorere n’icuraburindi yibasiye iyi kipe. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru , Rashford yavuze ko Manchester United imeze nk’idafite nyirayo , aho nta gahunda ihamye cyangwa umurongo uhamye igenderaho, bitewe n’impinduka…

Read More