#KwitaIzina; Bamwe mu bakanyujijeho muri Arsenal bageze mu Rwanda
Mu gihe u Rwanda rwitegura umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, abashyitsi b’icyubahiro batangiye kugera mu gihugu, harimo abamamaye mu mupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 3 Nzeri 2025, umwe mu bashyitsi bageze i Kigali ni Bacary Sagna, Umufaransa wahoze ari myugariro…