Kigali : Abapolisi barenga gato 180 batanze amaraso

Abapolisi 180 bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata, bakoze igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi bayakeneye kwa muganga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko ku bapolisi, iki gikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake,…

Read More

Mutesi Scovia yasabye Leta gushyiraho abajyanama b’ubuzima bakiri bato mu rwego kugabanya SIDA

kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Mata 2025 , Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye Leta ko yajya ishyiraho ba mujyanama bakiri bato kugirango urubyiruko rubisangemo rubake udukingirizo. Ubwo yari ari kuganiro n’abaturage bo mu Karere ka Kamongo, Umunyamakuru Mutesi Scovia, yasabye Leta ko yajya ishyiraho urubyiruko rw’abajyanama b’ubuzima kugirango bagenzi barwo babashe kubisangamo Mutesi yavuze…

Read More