Amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri agomba kuzajya ahora aba : Minisitiri w’Uburezi
Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 ,Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana, yashimye intambwe imaze guterwa n’abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ndetse anagaragaza ko amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri binyuze mu gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa akenewe mu rwego rwo guteza imbere uburezi bufite ireme . Ibi uyu mu Minisitiri yabitangaje kuri uyu…