Abanyarwanda babiri bahawe Igihembo nk’abagize uruhare rurambye mu Bukerarugendo muri Afurika

Abanyarwanda babiri, Michaella Rugwizangoga na Olivier Mugwiza, bashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukerarugendo muri Afurika mu mwaka wa 2025, nk’uko byatangajwe na Ranks Africa. Iri rushanwa ngarukamwaka rigamije gushimira abantu bahindura amateka y’ingendo n’ubukerarugendo muri Afurika binyuze mu guhanga udushya no kugira ingaruka nziza ku baturage. “Ubwitange bwabo n’udushya…

Read More

Ubukungu bw’u Rwanda hagati y’Inzozi n’ukuri: Inzitizi zikomeye ku ntego za 2035 na 2050

Nubwo u Rwanda rwagaragaje impinduka zigaragara mu bukungu mu myaka yashize, haracyari imbogamizi zikomeye zishobora gukoma mu nkokora intego z’igihugu zo kugera ku rwego rw’ubukungu buciriritse muri 2035 no kuba igihugu gikize muri 2050. Kimwe mu bibazo bikomeje kugaragara ni uko umubare w’imirimo mishya idahagije ugereranyije n’abaturage rufita biganjemo urubyiruko rushya rwinjira ku isoko ry’umurimo….

Read More

Ikigero cy’izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda kigiye kugabanuka: Raporo ya IMF

Ikigega mpuzamahanga cy’imari [IMF (International Monetary Fund)] giherutse gusohora raporo igaragaza uko ubukungu bw’isi ndetse n’ubw’ibihugu ku giti cyabyo buteganyijwe kuzitwara mu mwaka wa 2025 no mu wa 2026, hagendewe ku byemezo byafashwe n’ibihugu mu by’ubukungu, imihindagurikire y’umusaruro, umutekano, n’ibindi. IMF yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’isi (GDP) , uzazamuka ku rwego rwa 2.8% mu mwaka…

Read More

Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kuzamura ijanisha ry’imisoro yacibwaga ibicuruzwa byose byinjira muri iki gihugu biturutse muri leta zunze ubumwe z’Amerika kugera ku kigero 125 ku ijana, ndetse ibi birushaho kuzamura ubukana bw’intambara y’ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bibiri bifite ubukungu  bukomeye ku isi kugeza ubu . Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Mata 2025 ,…

Read More

Kigali : Hatangajwe ibyakozwe mu kuzamura musaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ibyakozwe na Guverinoma kugira ngo umusaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi wiyongere muri NST1. Ngirente yemeje ko umusaruro w’inganda zikora imyenda n’ibikomoka ku mpu wikubye inshuro eshanu mu myaka irindwi ishize. Aho wavuye kuri miliyari 34Frw mu 2017, ubwo hatangiraga NST1, ugera kuri miliyari 154Frw mu mwaka ushize…

Read More