Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99%
Paul Kagame yarahiriye manda ya kane yo kuba perezida w’u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99% mu matora yo mu kwezi gushize. Mu muhango waranzwe n’akarasisi gakomeye ka gisirikare, imbere y’Abanyarwanda ibihumbi za mirongo bari buzuye stade Amahoro, n’abakuru b’ibihugu bya Afurika barenga 20, Paul Kagame yavuze ko hari igisobanuro kimbitse mu mibare…