Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99%

Paul Kagame yarahiriye manda ya kane yo kuba perezida w’u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora ku majwi 99% mu matora yo mu kwezi gushize. Mu muhango waranzwe n’akarasisi gakomeye ka gisirikare, imbere y’Abanyarwanda ibihumbi za mirongo bari buzuye stade Amahoro, n’abakuru b’ibihugu bya Afurika barenga 20, Paul Kagame yavuze ko hari igisobanuro kimbitse mu mibare…

Read More

Uganda : abarenga 18 bamaze gupfira mu nkangu yatewe n’imyanda

Abantu bagera kuri 18 bamaze kwitaba imana nyuma y’uko bazize isenyuka ry’ikimoteri rusange cyashyirwagamo imyanda giherereye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala. inkeragutabara magingo ya zikomeje gucukura imyanda kugirango zishakishe abagwiriwe n’imyanda baba bagihumeka umwaka w’abazima nyuma y’iri isenyuka, ryaje rikurikiye ibyumweru by’imvura idasanzwe muri iki gihugu. Iki kimoteri rusange cyashyirwagamo Imyanda cya Kiteezi ,…

Read More

#Kurahira 2024 : abarimo perezida wa Kenya William ruto bamaze kugera i Kigali

Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma n’abandi bashyitsi bakomeje kugera i Kigali, bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame uteganijwe kuza gutangira ku i saa cyena zo kuri iki cyumweru. Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma barenga 20 ni bo biteganyijwe ko bazitabira umuhango w’irahira rya Perezida Kagame ugiye kubera kuri Stade Amahoro kuri…

Read More

Ituri : igisirikare cya  Congo cyataye muri yombi abo gishinja gukorana n’umutwe wa M23 mu gace ka Tchomia

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziratangaza ko zafashe abantu bakekwaho kuba barafatanya n’inyeshyamba za M23, mu turere twa Djugu na Irumu ho mu ntara ya Ituri. Ku wa gatanu, tariki ya 9 Kanama i Tchomia, , abasore bagera ku icumi harimo n’ukomoka muri Uganda batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukorana n’imitwe…

Read More

U S A : Itumanaho ry’abashinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump ryamaze kwibwa n’aba-hackers ba Irani

Abashinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump batangaje ko bimwe mu biri bice bigize itumatumanaho hagati ryabo byibwe n’abajura bakorera kuri muri andasi [hackers ] bakomoka muri Irani. Ejo ku wa gatandatu, ikinyamakuru cyo muri Amerika Politico gikorera ku mbuga nkoranyambaga cyatangaje ko cyahawe ubutumwa kuri email burimo inyandiko zo kwiyamamaza zirimo ubushakashatsi bw’imbitse bwakorewe…

Read More

Olusegun Obasanjo wahoze ari perezida wa Nijeriya amaze kugera   i Kigali mu irahira rya Perezida Kagame

Uwahoze ari Perezida wa Nijeriya, Olusegun Obasanjo, yageze i Kigali muri iki gitondo kugira ngo yitabe umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame. uyu aje yiyongera ku banyacyubahiro barimo ,Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, wamaze kugera i Kigali aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame uteganyijwe kuri iki cyumweru. ndetse na…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Zelensky bwa nyuma na nyuma yemeje ko ingabo za Ukraine ziri kurwanira mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere ko ingabo z’igihugu cye ziri kugaba igitero cyambukiranya imipaka mu karere ka Kursk gaherereye mu burengerazuba bw’Uburusiya. Ku wa gatandatu, mu ijambo rye ryaciye kuri videwo yatambukijwe ku gitangazamakuru cy’igihugu, Bwana Zelensky yavuze ko ingabo za Ukraine ziri kurwana intambara ku butaka bw’abagizi ba nabi…

Read More

menya ibyavuye mu Biganiro Intumwa za Sudani  zagiranye n’abahuza ba Amerika muri Arabiya Sawudite 

Guverinoma ya Sudani yohereje intumwa muri Arabiya Sawudite kuganira n’abahuza ba Leta zunze ubumwe z’Amerika mu mishyikirano y’amahoro muri Sudani. Nta ruhande rutangaza niba umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) urwana na guverinoma ya Sudani nawo ujya i Jeddah. Ariko RSF yemeye ko izajya mu mishyikirano y’i Geneve. Izaba ihujwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika…

Read More

Mali : Ambasaderi wa suwede muri Mali yategetswe kuva muri iki gihugu mu masaha 72 ari mbere

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Mali ivuga ko ambasaderi wa Suwede muri Bamako yahamagajwe maze ategekwa kuva mu gihugu mu masaha 72 ari mbere kubera amagambo mabi yavuzwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Suwede kuri iki gihugu. Iki cyemezo cya Mali cyafashwe kuri uyu wa gatanu kibaye nyuma y’iminsi mike minisitiri w’ubufatanye mu bijyanye n’ubucuruzi mpuzamahanga…

Read More

Uburasirazuba bwo hagati : Iran iri gutegura ibitero byo guhorera iyicwa ry’umuyobozi wa Hamas

Ku munsi w’ejo , mu mujyi wa Jeddah wo muri Arabiya Sawudite, Umuryango w’ubufatanye bwa kisilamu (OIC), ugizwe itsinda ry’ibihugu 57, wakoze inama yihutirwa muri Irani isaba kuganira ku iyicwa ry’umuyobozi wa politiki wa Hamas, Ismail Haniyeh mu mujyi wa Tehran icyumweru gishize. Iri huriro rifatwa nkaho ryari amahirwe akomeye kuri Irani ndetse n’umuyobozi w’ikirenga…

Read More