DRC yashinje LONI kutagira icyo ikora ku ihohoterwa rikorwa n’umutwe wa M23  n’u Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya kongo yabwiye akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi ko ntacyo kakoze ngo gahagarike ihohoterwa rikorwa na M23 n’u Rwanda muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo . Ibi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, Thérèse Kayikwamba Wagner, yabitangeje ubwo  ku munsi wejo ku wa…

Read More

Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko mu 1992 Perezida Habyarimana yohereje muri Gikongoro na Komisiyo yo ku rwego rwa Perefegitura igizwe n’abantu 15 biganjemo ab’iwabo muri Gisenyi na Ruhengeri, bahabwa inshingano yo kuyobora ubukangurambaga bwa Jenoside, gutoza Interahamwe n’Impuzamugambi zatsembye Abatutsi mu 1994. Ibi Minisitiri, Dr Bizimana Jean Damascène, yabitangaje…

Read More

MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ MONUSCO] bwahakanye amakuru akomeje gukwirakwira avuga ko ku bufatanye na leta ya Kinshasa bari gutera kugaba ibitero simusiga bigamije kongera kwigarurira umujyi wa Goma umaze iminsi amezi warigaruriwe na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru cya tariki ya 13…

Read More

RIB yerekanye ko abagera kuri 87 bagaragaweho ingengabitekerezo ya jenoside mu cyunamo gusa

Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [ RIB] yatangaje ko abantu barenga 87 aribo bagaragaweho ibyaha by’ingengabiterekezo ya jenoside n’ibindi byaha bifatanye isano mu gihe k’icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31 . Urwego rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko nibura rwakiriye amadosiye 82 y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse n’ibindi biyishamikiyeho birimo ibijyanye no kugarura amacakubiri…

Read More

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro bugeretse na gitifu w’umurenge baherutse kwirukana

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro buherutse kwirukana mu buryo bwa burundu , umuyobozinshigwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Basabose Alex, bumuziza kutuzuza inshingano neza ndetse n’amakosa mu kazi ya hato na hato. Ku itariki 09 Mata 2025, nibwo ubuyobozi bw’akarere bwandikiye uyu muyobozi bumumenyesha ko yakuwe mu nshingano ndetse ko agomba gukora ihererekanyabubasha n’ugomba kumusimbura bitarenze ku…

Read More

Hari abanyamakuru bacyitwara nka ba Ngeze Hassan wa RTLM  : Umuyobozi wa Pax Press

Umuyobozi w’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira Amahoro, Pax Press, Twizeyimana Albert Baudouin, yavuze ko hakiri abanyamakuru bitwara nka ba Ngeze Hassan mu kubiba urwango no kubiba ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi uyu muyobozi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’igihugu ahanini cyagarukaga ku ruhare rw’itangazamakuru muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bwana Twizeyimana Albert Baudouin usanzwe uyobora umuryango…

Read More