USA : Icyo ugomba kumenya ku kiganiro mpaka cy’amateka hagati ya Trump na Harris giteganijwe ku munsi w’ejo

Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida Kamala Harris, barimo kwitegura guhangana imbonankubone mu kiganiro mpaka cyabo cya mbere cya perezida, mu gihe amatora ategerejwe mu gihe kitarenze amezi abiri. Izi mpaka zo ku wa kabiri zizaba ku nshuro ya mbere hagati ya Trump na Harris – abakandida…

Read More

Bangladesh : Leta yafashe ingamba zo kuvana uwahoze ari Minisitiri w’intebe Hasina wahungiye mu Buhinde ngo aryozwe amabi ye

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Bangladesh (ICT) rwatangaje ko rwatangiye ingamba zo gushaka uburyo buboneye kugirango Sheikh Hasina wahoze ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu wahungiye mu ubuhinde abashe kugezwa imbere y’ubutabera kugirango akurikiranweho ibyaha ashinjwa . Ku cyumweru, umushinjacyaha mukuru w’uru rwego yavuze ko inzira y’amategeko zigamije kugarura Hasina muri Bangaladeshi zatangiye gukorwa, kugira ngo akurikiranweho…

Read More

Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro inama y’abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza [Commonwealth]

Perezida Kagame yageze muri Kigali Convention Centre, aho agiye gutangiza ku mugaragaro Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth.Iyi nama izwi nka ‘Commonwealth Magistrates’ and Judges’ Association Conference’ yitabiriwe n’abarenga 300 baturutse mu bihugu 45. Uyu munsi tariki ya 9 /Nzeri Muri Kigali Convention Centre hari kubera Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu…

Read More

Ubutasi bw’Ubudage bushinja Uburusiya kugaba ibitero byo muri andasi kuri NATO n’ibihugu bibarizwa m’ubumwe bw’Uburayi

Ibiro by’ubutasi by’imbere mu Budage (BfV) byatanze impuruza ko Ikigo cy’ubutasi cya gisirikare cy’Uburusiya cyagabye ibitero kuri interineti ku bihugu bya NATO ndetse n’ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi. BfV mu itangazo yashyize ahagaragara ku wa mbere yavuze ko itsinda ry’intambara yo kuri interineti ry’itsinda ryamamaye rya GRU Unit 29155 ryishora mu bikorwa bibi byibasira ibikorwa remezo bikomeye…

Read More

Tanzania : Samia Suluhu yategetse ko hakorwa iperereza bwangu ku iyicwa rya Ali Kibao utaravugaga rumwe n’ubutegetsi

Samia Suluhu usanzwe ari Perezida wa Tanzania yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa rya Mohamed Ali Kibao wari umwe mu batavugarumwe n’ubutegetsi bakomeye muri Tanzania. Samia yavuze ko yihanganishije umuryango wa Kibao, inshuti ze na bene wabo, n’abakuriye ishyaka Chadema ndetse abicishije kuri X ,Perezida Samia yagize ati: “Nategetse abashinzwe iperereza kumpa raporo irambuye kuri…

Read More

Hashyizweho umugaba mushya w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique 

i Mocimboa Dá Praia mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, habereye ihererekanyabubasha hagati ya Gen. Maj. Alex Kagame wari ukuriye ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Mozambique na Gen. Maj. Emmy Ruvusha,  uzayobora izi ngabo mu gihe cy’umwaka nk’Umuhuzabikorwa w’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri iki gihugu. Ubwo habaga uyu muhango wo guhererekanya ububasha hagati…

Read More

Algeria : Abdelmadjid Tebboune yongeye gutorerwa kuba perezida ku majwi angana 94.7 ku ijana

Komisiyo y’amatora yo muri Alijeriya yatangaje ko Perezida uriho muri Alijeriya, Abdelmadjid Tebboune, ufite imyaka 78, yongeye gutorerwa uwo mwanya n’amajwi 94,65%. Ku cyumweru, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amatora (ANIE), Mohamed Charfi, yatangarije abanyamakuru mu murwa mukuru wa Alijeriya ati: “Mu batoye bagera kuri 5,630,000 habaruwe ko abagera kuri 5,320,000 batoye umukandida wigenga witwa Abdelmadjid…

Read More

Drone z’Uburusiya zinjiye mu kirere cy’abanyamuryango ba NATO barimo Lativiya na Rumaniya

Lativiya na Rumaniya, nk’abanyamuryango ba NATO bafatanije na Ukraine, bavuze ko indege zitagira abapilote z’Uburusiya zarenze ikirere cyazo. Rumaniya yavuze ko indege itagira abadereva y’Uburusiya yinjiye mu kirere cyayo mu bitero nijoro byambutse uruzi rwa Danube mu gihugu cy’abaturanyi cya Ukraine mu rukerera rwo ku cyumweru, mu gihe Lativiya yavuze ko imwe muri izo drone…

Read More

Sudan: Imirwano hagati y’igisikirikare cya Leta na n’abarwanyi b’umutwe wa RSF (Rapid Support Forces) iri kototera kugera i Khartoum

Abaturage batuye mu mijyi yegereye umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum, bakomeje guhunga ku bwinshi kubera imirwano ikaze hagati y’ingabo za leta n’iz’umutwe wa Rapid Support Forces, RSF, zirwanya ubutegetsi. Guhera mu kwezi kwa Kane umwaka ushize, ingabo za leta ziyobowe na Abdel Fattah al-Burhan, ziri mu ntambara n’abarwanyi ba RSF bayobowe na Mohamed Hamdan Daglo,…

Read More