USA : Icyo ugomba kumenya ku kiganiro mpaka cy’amateka hagati ya Trump na Harris giteganijwe ku munsi w’ejo
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida Kamala Harris, barimo kwitegura guhangana imbonankubone mu kiganiro mpaka cyabo cya mbere cya perezida, mu gihe amatora ategerejwe mu gihe kitarenze amezi abiri. Izi mpaka zo ku wa kabiri zizaba ku nshuro ya mbere hagati ya Trump na Harris – abakandida…