Hatawe muri yombi abayobozi b’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rumaze gutangaza ko rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli [RMB]. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Mata 2025,nibwo RIB ibicishije ku rukuta rwayo rwa X yemeje ko aba bayobozi uko ari 3 bakurikiranweho ibyaha birimo ruswa, gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu…

Read More

Jenoside yari yarateguwe igihe kirekire uhereye ku mwaduko w’Abakoloni : Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana yagaragaje ko ibikorwa by’urugomo byakorewe Abatutsi byatangiye mu 1959 binyuze mu ivangura n’itotezwa ryakorwaga na Repubulika zariho icyo gihe byatijwe umurindi n’itangazamakuru, amadini, amashyaka ya politiki ndetse n’ingabo z’igihugu, aho mu mbwirwaruhame zitandukanye abayobozi bagiye bashishikariza abaturage gukora Jenoside. Ibi yabitangarije mu kiganiro ku munsi w’ejo…

Read More

Umunyarwanda wigize umuvumvu muri Amerika yatawe muri yombi ashinjwa uruhare muri Jenoside

Umunyarwanda witwa Faustin Nzabumukunzi wari warigize umuvumvu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu Rwanda yatawe muri yombi , aho yari mu buhungiro muri leta zunze Ubumwe z’Amerika . Ishami ry’ubutabera bwo muri leta zunze z’Amerika ryatangaje ko Faustin akurikiranyweho ibyaha bya jenoside ,ibikorwa by’urugomo ndetse n’ihohoterwa yakoze ubwo yari umuyobozi mu…

Read More

Kigali : Abapolisi barenga gato 180 batanze amaraso

Abapolisi 180 bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata, bakoze igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi bayakeneye kwa muganga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko ku bapolisi, iki gikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake,…

Read More

Hari abamazeho imyaka irenga 30; kubera iki abakoloni bashaka kwivugana Ibrahim Traore umaze imyaka itaruzura itatu ku butegetsi?

Captain Ibrahim Traore, akaba perezida w’igihugu cya Burkina Faso ni umwe muri baperezida bo muri Africa bari guhigwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi , bashaka kumuvana ku butegetsi ari muzima cyangwa atari muzima, nyuma y’imyaka hafi itatu abaye perezida w’inzibacyuho w’igihugu cya Burkina Faso. Ibrahim Traore yagiye ku butegetsi nyuma yo guhirika Colonel Paul-Henri Sandaogo…

Read More

Agezweho : DRC yahagaritse burundu ishyaka rya Joseph Kabila

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahagaritse ishyaka ry’uwahoze ari Perezida wayo Joseph Kabila Kabange, nyuma yuko imushinja ko afatanya n’umutwe w’inyeshyamba za M23 wigaruriye uduce twinshi two mu burasirazuba bw’igihugu mu ntangiriro z’uyu mwaka. Iri tegeko ryo guhagarika burundu  iri shyaka rya politiki rije mu gihe amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko Kabila yagarutse…

Read More

Kwibuka 31: Amb  Nduhungirehe yifatanije n’abanyehuye kwibuka abiciwe kuri Paruwasi ya Simbi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Huye, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatusti biciwe kuri Paruwasi ya Simbi. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mata 2025 ,Abatuye mu Mirenge ya Simbi na Maraba n’abandi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu, bitabiriye iki gikorwa…

Read More

Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri baganiriye ku buryo bwo kugarura ituze muri DRC

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho kwimakaza ubutwererane hagati y’u Rwanda na Misiri. Aya makuru yatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Misiri,Amb Mohamed El-Shenawy, watangaje ko iki kiganiro cyabaye ku wa 17 Mata 2025, aho abakuru b’ibihugu byombi banaganiriye ku buryo butandukanye bwo kongerera…

Read More