Ituri: FARDC na MONUSCO bijeje abaturage ba Tchomia amarondo ahoraho

Abaturage barashimira MONUSCO ku ruhare yagize mu kurinda akarere, mu rwego rwo gushyigikira ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) Muri Tchomia, intara ya Ituri. Mu rwego rwo gushaka umuti uhamye wo kurwanya ikibazo cy’iterabwoba ry’iyi mitwe yitwaje intwaro, MONUSCO kubufatanye na FARDC bateguye amarondo ya nijoro mu mujyi. Ibibazo by’umutekano muri Tchomia usanzwe…

Read More

Intambara y’Uburusiya na Ukraine : Uburusiya na Ukraine byahererekanyije imfungwa 206

Uburusiya na Ukraine byahererekanyije imfungwa 206 zo mu ntambara, mu masezerano yagezweho bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Perezida Zelensky yavuze ko Abanya-Ukraine barekuwe barimo 82 b’ipeti rya ‘private’ na serija (‘sergeant’) na 21 bo ku rwego rwo hejuru bo mu ngabo za Ukraine, abo mu mutwe w’inkeragutabara (abasirikare basezerewe mu ngabo bitabazwa…

Read More

Trump yateye utwatsi kubijyanye no kuba yakora ikindi kiganiro-mpaka na Harris

Donald Trump yavuze ko nta kindi kiganiro mpaka yagirana na mukeba we Kamala Harris mbere y’amatora ya perezida yo mu Ugushyingo.ibi yabitangaje nyuma y’iminsi ibiri bagiranye ikiganiro-mpaka i Philadelphia aho Harris yahise yifuza ko bazagirana ikindi. Mu kiganiro cyo ku wa kabiri nijoro muri Amerika, Harris yajujubije Trump amushyira mu ruhande rwo gukomeza kwisobanura. Gusa…

Read More

Amerika yunze murya perezida Kagame ko Afrika yagira ibyicaro bibiri bihoraho mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kw’isi

Leta zunze ubumwe z’Amerika ishyigikiye ko Afrika igira ibyicaro bibiri bihoraho mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kw’isi.Iyi nteko igira n’ibindi bihugu icumi, bihagarariye imigabane yose y’isi, bigenda bisimburana buri myaka ibiri. Muri byo, bitatu biba ari iby’Afrika. Uretse Afrika, hari n’ibindi bihugu nabyo bisaba icyicaro gihoraho. Ni nk’Ubuhinde, Ubuyapani, n’Ubudage, n’ibindi byo muri Amerika…

Read More

Abanyamuryango ba OTAN bagiye kuganira ku kibazo cyo  kwemerera Ukraine gukoresha intwaro bayiha mu kurasa mu Burusiya

Keir Starmer wari usanzwe ari Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza ari mu ruzinduko I Washington, aho agenzwa no kuganira na Perezida Joe Biden ku kibazo cyo kwemerera Ukraine gukoresha intwaro bayiha zishobora kurasa kure cyane mu Burusiya. Leta zunze ubumwe z’Amerika ntibyanga, ariko ivuga ko igihe kitaragera. Isobanura ko bizaterwa n’uburyo Uburusiya buzahindura imirwanire yabwo muri Ukraine….

Read More

DRC : abarimo Abanyamerika n’Umwongereza bakatiwe urwo gukurwaho umutwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutegura ihirika ry’ubutegetsi

Abantu bagera kuri 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n’Umunya-Canada bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abo bagabo bashinjwe kugaba igitero cyo muri Gicurasi (5) uyu mwaka ku ngoro ya perezida no ku rugo rw’inshuti ya Perezida Félix Tshisekedi.Abahamijwe icyaha bafite igihe cy’iminsi itanu cyo…

Read More

Intambara ya Ukraine n’Uburusiya : batatu mu bakorerabushake bahitanywe n’Ibisasu by’Uburusiya muri Ukraine

Abayobozi bo muri Ukraine batangaje ko ibisasu Uburusiya bwarashe kuri uyu wa kane, byahitanye abanya-Ukraine batatu bakoreraga komite mpuzamahanga y’umuryango utabara imbabare, Croix Rouge kandi ko byakomerekeje abandi bantu babiri mu mudugudu uri mu karere ka Donetsk. Umudugudu wa Viroliubivka waje kuraswaho, nk’uko guverineri Vadym Filashkin yabitangaje mu butumwa kuri Telegramu, avuga ko hari abantu…

Read More

Perezida wa guinea bissau yatangaje ko ataziyamamariza indi manda

Umaro Cissoko Embalo usanzwe ari Perezida wa Gineya Bisawu yatangaje ko ataziyamamariza manda ya kabiri mu matora azaba mu kwezi kwa 12. Itangazo rye ritunguranye, rishobora guteza icyuho mu butegetsi no kongera ibibazo by’umutekano muke mu gihugu, gituwe na miliyoni zigera muri ebyiri kandi gikunze kubamo kudeta. Nyuma y’inama ya komisiyo y’abaminisitiri mw’ijoro ryakeye, Embalo…

Read More