FARDC yasabwe kugenzura imikoreshereze y’intwaro itanga k’ubushinzwe umutekano

Umudepite wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, Cadet Kule Vihumbira, watorewe guhagararira umujyi wa Beni (Amajyaruguru ya Kivu), yahamagariye abashinzwe umutekano kugira ngo bajye bagenzura imikoreshereze ya buri gihe intwaro zahawe abapolisi n’igihugu cya Kongo (PNC) n’abasirikare b’ingabo za DRC (FARDC) muri uyu mujyi. Uyu muyobozi watowe ashimangira iki cyifuzo cye cyo kigomba gushyirwa mu…

Read More

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yagiriye uruzinduko mu Ubutaliyani rugamije kwiga ku kibazo cy’abimukira

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Keir Starmer yabonanye na mugenzi we w’Ubutaliyani, Giorgia Meloni, i Roma kugira ngo baganire ku buryo bwo guhangana n’abimukira binjira mu bihugu bayoboye badafite ibyangombwa. Mbere y’inama yo ku wa mbere, minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yavuze ko ashaka gukora ibishoboka byose kugirango habeho igabanuka ry’imibare y’abinjira mu Butaliyani. Starmer kandi yasuye ikigo cy’igihugu…

Read More

Mugimba Jean Baptiste wari wahamijwe icyaha cya Jenoside  yajuririye igihano yari yahawe

kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Nzeri 2024 Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kumva ubujurire bwa Jean Baptiste Mugimba wakatiwe imyaka 25 ahamijwe ibyaha byo gucura umugambi wa Jenoside no kuba icyitso cya Jenoside. Jean Baptiste Mugimba yari yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba icyitso cya Jenoside ndetse n’icyo gucura imigambi yo…

Read More

Jorudaniya : Umwami yemeye ubwegure bw’uwari minisitiri w’intebe uherutse kwegura anashyiraho umusimbura we

Umwami wa Yorodani Abdullah II yemeye ukwegura kwa guverinoma iyobowe na Minisitiri w’intebe Bisher al-Khasawneh nyuma y’amatora y’abadepite yabaye mu cyumweru gishize yari yiganjemo gucika intege muri rubanda ndetse ubwitabire bugererwa ku mashyi kubera intambara ya Isiraheli kuri Gaza. Khasawneh, umudipolomate w’inararibonye w’imyaka 55, yari ayoboye guverinoma kuva mu Kwakira 2020.Umwami yahise ashyiraho Jafar Hassan,…

Read More

Mu amasengesho yo gusengera igihugu , Perezida Kagame  yatanze umurongo ku kibazo cy’insengero zafunzwe

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye amasengesho yo gusengera Igihugu no gushima Imana. Aya masengesho yateguwe n’Umuryango Rwanda Leaders Fellowship mu rwego rwo gushimira Imana ibyo yakoreye Igihugu muri manda ishize, uko amatora yagenze, ndetse no kuyiragiza manda nshya u Rwanda rwinjiyemo. Amasengesho yo gusengera Igihugu no gushima…

Read More

Papa yasabye abakrisitu- gatolika kuzakora amahitamo aboneye hagati ya Trump na Harris

Papa Francis yavuze ko abakandida perezida bakomeye bo mu matora y’Amerika bombi barwanya ubuzima, agira inama abanyagatolika batora bo muri icyo gihugu guhitamo icyiza igihe bazaba batora mu Gushyingo uyu mwaka. Mu magambo ye, Papa ntiyavuze mu izina Harris cyangwa Trump.Abanyagatolika bo muri Amerika ni miliyoni 52 mu banyagatolika miliyari 1.4 bose hamwe ku isi….

Read More

Sudani y’epfo yasubitse amatora ya perezida yari ateganijwe mu Kuboza

Guverinoma ya Sudani y’Amajyepfo yatangaje ko yasubitse amatora rusange ihita inayigiza imbere kugeza mu Kuboza 2026, aho ivuga impamvu y’iri subikwa ari uko nta myiteguro ihagije yakozwe.Ni ku nshuro ya kabiri igihugu cyabonye ubwigenge mu 2011, gisubika amatora kandi kikongerera igihe cy’inzibacyuho cyatangiye muri Gashyantare 2020. Perezida Salva Kiir n’uwahoze bahanganye gusa waje guhinduka umwungirije,…

Read More