Umusenateri uzahagararira Umujyi wa Kigali muri Sena y’u Rwanda yamaze kujya ahagaragara
Nyirasafari Espérance ni we wagize amajwi menshi mu matora y’umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali. Akaba yagize amajwi 63 ku majwi 115 y’abagize inteko itora. Nyirasafari yaje akurikirwa na Mfurankunda Pravda wagize amajwi 28, Katusiime Hellen aza ku mwanya wa gatatu n’amajwi 13, mu gihe Nkubito Edi Jones we yagize amajwi 10. Kuri uyu wa Mbere,…