Guinea : uwashakishwaga wahamijwe ubwicanyi bwo kuri ‘stade’ yatawe muri yombi

Uwa mbere washakishwaga cyane na Guinea wari ubayeho yihishahisha – wahoze ari umusirikare wo hejuru agatoroka gereza mu Gushyingo (11) mu mwaka ushize – yoherejwe iwabo muri Guinea na Liberia baturanye, hamwe n’umuhungu we. Pivi, uzwi nka “Coplan”, yabaye minisitiri ushinzwe umutekano wa perezida ku butegetsi bwa Camara. Abategetsi bari barashyizeho igihembo cy’amadolari 58,000 y’Amerika…

Read More

Inzira ya Luanda : umuhuza João Lourenço yoherereje ubutumwa budasanzwe Tshisekedi

Perezida João Lourenço wa Angola uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR Congo Félix Tshisekedi, ubutumwa yashyikirijwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola. Ibikubiye muri ubu butumwa ntabwo bizwi kugeza ubu, gusa nyuma yo kubutanga Téte Antonio yabwiye abanyamakuru ko ibisa n’aho…

Read More

Amatora muri Amerika: Irani n’Uburusiya bakomeje kuregwa kwivanga mu bikorwa byo Kwiyamamaza.

Kuri uyu wa gatatu, abashinzwe umutekano muri leta zunze ubumwe za Amerika bavuze ko abajura bo kuri muri Andasi bo muri Irani bohereje amakuru bibye mu kwiyamamaza kwa perezida Donald Trump. Ibiro by’umuyobozi w’ubutasi bw’igihugu, FBI n’ikigo gishinzwe umutekano n’ibikorwa remezo bya muri andasi n’ikoranabuhanga byatangaje ko mu mpera za Kamena no mu ntangiriro za…

Read More

Intambara ya Israel na palestina :Hezbollah irashinja Isirayeli Igitero cyahitanye Abantu 12

Umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani barashinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n’abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho. Umutwe w’abarwanyi ba Hezbollah kuri uyu wa gatatu wavuze ko uzakomeza kurwanya Isirayeli mu rwego rwo gushyigikira umutwe wa Hamasi mu ntara ya Gaza. Hezbollah yavuze ko Isirayeli ikwiriye kwitegura igihano gikarishye. Isirayeli ntacyo yavuze kuri iki gikorwa…

Read More

u Rwanda rwatunze agatoki DRC ku mugambi Congo wo kwakira Abanyarwanda bahamijwe Jenoside babuze Igihugu kibakira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko bitangaje kuba inyandiko ya Perezidansi ya DRC igaruka ku mugambi wo kuba iki Gihugu gishaka kwakira Abanyarwanda batandatu barimo abahamijwe Jenoside bari muri Niger, yitarukijwe n’iki Gihugu. Ni nyuma y’inyandiko y’ibanga yo ku wa 26 Nyakanga yashyizweho umukono n’umuyobozi w’ibiro bya Tshisekedi, Anthony Nkinzo…

Read More

Putin yategetse ko hongerwa umubare w’abasirikare b’Uburusiya

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yategetse ingabo z’iki gihugu kongera umubare w’abasirikare ugera ku 180,000 kugira iki gihugu cyigere ku basirikare bagera kuri miliyoni 1.5 bahoraho mu rwego rwo gutuma ingabo z’Uburusiya ziza ku mwanya wa kabiri mu zifite ingabo nyinshi ku isi nyuma y’Ubushinwa. Iri teka ryatangajwe ku rubuga rwa interineti rwa leta, rizatangira gukurikizwa…

Read More

amatora yabagize urwego rwa Sena  : abarimo Amb Rugira na Cyitatire binjiye muri Sena

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yatangaje iby’agateganyo byavuye mu matora y’Abasenateri 12 batorwa n’inzego zihariye hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Mu basenateri 12, babiri gusa niba bashya ari bo Amandin Rugira wabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu bitandukanye nk’u Bubiligi na Zambia ndetse na Cyitatire Sosthène wari usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa Sena…

Read More

Amerika yifatiye ku gahanga ubutumwa bwa bwa Elon Musk kuri Harris na Biden

Urwego rw’Amerika rushinzwe gucunga umutekano w’abategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi ubutumwa Elon Musk yatangaje ku rubuga nkoranyambaga, aho yavugaga ko “nta muntu n’umwe urimo no kugerageza” kwica Perezida w’Amerika Joe Biden cyangwa Visi Perezida Kamala Harris. Musk, umuherwe utunze za miliyari z’amadolari wo mu rwego rw’ikoranabuhanga, ni inshuti ya…

Read More

ibihugu bya Mali, Burkina Faso na Niger bigiye gushyiraho pasiporo nshya

Mu minsi iri imbere Ibihugu bitatu byo muri Afurika y’uburengerazuba bitegetswe n’udutsiko twa gisirikare bizatangiza urwandiko rw’inzira (pasiporo) rukoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, muri gahunda yabyo yo kwikura mu muryango mugari w’ubukungu wo muri ako karere wa CEDEAO (ECOWAS). Nyuma yuko aba perezida bahiritse ubutegetsi bwariho , ibihugu byo muri Afurika y’uburengerazuba byafatiye ibihano utwo dutsiko…

Read More