Niyo bankata umutwe ariko sinzava muri politike : Paul Rusesabagina
Umunyepolitike Paul Rusesabagina utavuga rumwe na leta y’Urwanda avuga ko agiye gutangiza ishyirahamwe rigari rizaba rigizwe n’abatavuga rumwe bose n’ubutegetsi bw’Urwanda kugira ngo bahindure ubutegetsi muri iki gihugu. Ibyo Paul Rusesabagina yabivugiye mu kiganiro yakoze mu mpera z’icyumweru gishize i Bruxelles ku murwa mukuru w’Ububiligi, ikiganiro cyari cyitabiriwe ahanini n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Urwanda bagera hafi…