EACJ yatangiye kumva ibirego u Rwanda rwarezwemo na RDC

Urukiko rw’Ubutabera rwo muri Afurika y’Iburasirazuba rwatangiye kuburanisha urubanza rwatanzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rurega u Rwanda, rushinja ko rwarenze ku busugire bwarwo no kohereza ingabo zo gushyigikira imitwe y’inyeshyamba mu karere k’iburasirazuba bw’iki gihugu. Uburasirazuba bwa DRC bumaze imyaka budatekanye bitewe nuko imitwe yitwaje intwaro irenga 120 yamaze kuhakambika ndetse imwe…

Read More

Sudan igiye guhabwa imfashanyo ya miliyoni 424 z’Amadolari

Igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyizaha Sudani izindi miliyoni 424 z’amadolari mu bikorwa by’ubutabazi yo gufasha abaturage b’iki gihugu, nk’uko Ambasaderi w’Amerika mu muryango w’abibumbye Linda Thomas-Greenfield yabitangaje kuri uyu wa gatatu. Ambasaderi Thomas-Greenfield yagize ati: “Abanyasudani barenga miliyoni 25 bugarijwe n’inzara ikabije. Benshi barashonje kandi abagera kuri miliyoni 11 bataye ingo zabo mu…

Read More

havutse ingagi 10 muri uyu mwaka : Parike ya Virunga

Virunga National Park, imwe mu byanya by’inyamaswa muri DR Congo yatangaje ko kugeza ubu muri uyu mwaka havutse abana 10 b’ingagi nubwo ari mu gace karimo umutekano mucye mu burasirazuba bw’icyo gihugu. Mu itangazo, abakuriye Virunga National Park bavuze ko mu myaka ibiri ishize, abarinzi b’iyi parike (rangers) bitaga ku ngagi ku ruhande rwa DR…

Read More

U Rwanda na Seychelles biyemeje  kwagura ubutwererane mu bya gisirikare

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Seychelles Brigadier Michael Rosette ari kumwe n’itsinda bazanye mu ruzinduko rw’akazi basuye ibirindiro bikuru by’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Nzeri 2024.  Ibiganiro by’impande zombi byabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri, tariki 24 Nzeri 2024.Mu biganiro byaranze aba bayobozi ku mpande zombi,…

Read More

Kenya : Perezida Ruto yemeye ko Ingabo zayo ziri muri Hayiti zahabwa Ubutumwa bwa ONU

Perezida William Ruto wa Kenya, yatangaje ko yiteguye ko ingabo z’igihugu cye zagiye gufasha gucunga umutekano muri Hayiti zahinduka iz’Umuryango w’Abibumbye. Ruto yari muri Hayiti mu mpera z’iki cyumweru kureba aho ingabo yohereje yo gufasha kurwanya imitwe y’amabandi ahungabanya umutekano zigejeje ubwo butumwa. Umuryango w’Abibumbye wemeye ko zizamara amezi 12 muri ubwo butumwa biteganyijwe kuzaba…

Read More

urunturuntu hagati ya Hezbollah na Isiraheli rwamaze gufata indi ntera [Inkuru icukumbuye]

Ku wa mbere, indege nyinshi z’intambara zo muri Isiraheli zateye ibisasu kuri Hezbollah mu majyepfo no mu burasirazuba bwa Libani, bihitana abantu babarirwa mu magana abandi barenga igihumbi barakomereka, nk’uko abayobozi ba Libani babitangaje, mu bitero byahitanye abantu benshi muri iki gihugu kuva mu 2006, ubwo Isiraheli na Hezbollah barwanaga. Igihe indege z’intambara zo muri…

Read More

Intambara ya Israel na Palestine : abantu bagera kuri 492 biciwe mu bitero bya Israel byo mu kirere muri Liban

Abantu nibura 492 biciwe mu bitero byo mu kirere bikaze kandi byageze henshi bya Israel bigambiriye Hezbollah muri Libani, nkuko minisiteri y’ubuzima ya Libani ibivuga, mu munsi wa mbere wiciwemo abantu benshi cyane mu ntambara yaho mu myaka hafi 20 ishize.  Hezbollah yohereje rokete zirenga 200 mu majyaruguru ya Israel, nkuko igisirikare kibivuga. Abatanga ubuvuzi…

Read More

Misiri yahaye ubwato bwuzuye intwaro amagana Somaliya

Ubwato bw’intambara bwa Misiri bwagejeje ikiciro cya kabiri cy’intwaro muri Somalia zirimo n’imbunda nini zirasa indege na za muzinga, nk’uko abategetsi ku cyambu babitangaje ku wa mbere. Ibi byatumye Cairo yohereza indege nyinshi zuzuye intwaro i Mogadishu muri Somalia nyuma y’uko muri Kanama (8) ibi bihugu byombi bisinye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’umutekano. Misiri,…

Read More

USA: Urugomo rwa polititiki rumaze gufata indi ntera muri iki gihugu

Ku buryo budasanzwe, amashyaka abiri ya mbere akomeye yashyize hamwe, asaba impande zose guhagarika imvugo na disikuru bya rutwitsi. Ni byo turebera hamwe mu rwego rw’inkuru zihariye zisobanura ibireba amatora yo muri uyu mwaka. Kw’itariki ya 13 y’ukwa karindwi gushize, umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Thomas Matthew Crooks yarashe Donald Trump, wahoze ari umukuru w’igihugu…

Read More