AFC/M23 bigaramye ibyo Kuba binjiza 300,000$ ku kwezi!
Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryigaramye ibyo Kuba binjiza akayabo ki 300,000$ buri kwezi nk’uko byatanzwemo raporo n’umuyobozi wa MONUSCO bwana Bintou Keita. Hashize igihe umutwe wa M23 wigaruriye igice cya Rubaya cyagenzurwaga na FDLR, Mai-Mai Nyatura n’ingabo z’u Burundi aka gace kakaba kazwiho kugira amabuye ya agaciro menshi ariho bishingirwa nu yu muyobozi wa MONUSCO…