AFC/M23 bigaramye ibyo Kuba binjiza 300,000$ ku kwezi!

Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryigaramye ibyo Kuba binjiza akayabo ki 300,000$ buri kwezi nk’uko byatanzwemo raporo n’umuyobozi wa MONUSCO bwana Bintou Keita. Hashize igihe umutwe wa M23 wigaruriye igice cya Rubaya cyagenzurwaga na FDLR, Mai-Mai Nyatura n’ingabo z’u Burundi aka gace kakaba kazwiho kugira amabuye ya agaciro menshi ariho bishingirwa nu yu muyobozi wa MONUSCO…

Read More

Umunya-Rwanda yafatiwe mu Budage akekwaho icyorezo cya Murburg

Mu gihugu cy’Ubudage hikanzwe Umunya-Rwanda waba ufite icyorezo cya Marburg kibasiye u Rwanda ndetse kikaba kimaze kugira nabo gihitana byanatumye ingendo za gariyamoshi zihagarikwa. Mugihe icyorezo cya Marburg gikomeje kwigaragaza cyane mu Rwanda hatangiye no kugira impungenge cyane ku bagenzi baturuka mu Rwanda ibi byabaye mu igihugu cy’Ubudage ubwo Gariyamoshi yahagarikwaga igitaraganya ivuye mu mugi…

Read More

U Burundi burakennye: Bertrand Bisimwa aranenga perezida Ndayishimiye ku kiganiro yatanze ku bibazo by’umutekano muke ingabo ze ziteza muri Congo.

Perezida w’Umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa, yanenze bikomeye Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye avuga ko ahora ashaka urwitwazo rwo gukomeza kwica abatutsi bo muri Congo yitwaje ko M23, irimo abarundi bo mu mutwe wa Red Tabara usanzwe urwanya Leta ya Bujumbura Mu kiganiro n’itangazamakuru mu ntara ya Cankuzo, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashinje cyane…

Read More

Umuyobozi w’umusigire wa Hezbollah yatanze ubutumwa bwaciye amarenga y’ikintu gikomeye nyuma yo kwicwa kwa Nasrallah

Umuyobozi wungirije wa Hezbollah yemeje ko uyu umutwe witwaje intwaro wo muri Libani witeguye guhangana n’ibitero byo ku butaka bya Isiraheli, nubwo umuyobozi wawo ndetse n’abayobozi bakuru benshi bishwe. Kuri uyu wa mbere, Sheikh Naim Qassem ubwo yatangaga ubutumwa bwo guhumuriza abanashyaka b’uyu mutwe ,mu ijambo rye mu ruhame yatangaje ko Isiraheli itigeze ikubita hasi…

Read More

Kenya: Amnesty International yashyize hanze raporo y’ubwicanyi ivuga ko bwakorewe abigaragambya

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko abapolisi ba Kenya batambaye imyenda ibaranga, badafite n’ikindi kibaranga, barashe amasasu mu bigaragambirizaga ku ngoro y’inteko ishinga amategeko i Nairobi taliki ya 25 z’ukwezi kwa gatandatu. Uyobora umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, muri Kenya, Irũngũ Houghton, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko uwo munsi…

Read More

DRC: umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu urashinja abo uvuga ko ari Ingabo z’u Rwanda na M23 kwica abasivile

Raporo y’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu [HRW] irashinja igisirikare cy’u Rwanda n’inyeshyamba za M23 kumisha ibisasu nta kurobanura mu nkambi z’impunzi n’ahandi hantu hatuwe cyane hafi y’umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Kongo muri uyu mwaka wa 2024. Iyi raporo ivuga ko mu kwa mbere k’uyu mwaka ingabo z’u Rwanda – RDF n’umutwe wa…

Read More

Amerika yahitanye abarwanyi 37 b’umutwe wa Al-Qaeda mu bitero bitandukanye iherutse kugaba muri Siriya

Igisirikare cy’Amerika cyatangaje ko cyahitanye abarwanyi benshi bo muri ISIL (ISIS) n’umutwe witwaje intwaro witwa Al-Qaeda mu bitero bibiri bitandukanye muri uku kwezi muri Siriya. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru, Ubuyobozi bukuru bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika (CENTCOM) bwavuze ko igitero kinini cy’indege ku nkambi ya kure ya ISIL iherereye muri Siriya rwagati ku…

Read More

Isiraheli yongeye kugaba ibitero byinshi muri Libani nyuma y’iyicwa rya Nasrallah

Igisirikare cya Isiraheli cyavuze ko cyagabye ibitero byinshi mu kirere muri Libani byari bigamije kwibasira abo mu mutwe wa Hezbollah nyuma y’iyicwa ry’umuyobozi wayo witwa Hassan Nasrallah mu majyepfo y’umujyi wa Beirut. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’igihugu cya Libani bibitangaza ngo byibuze abantu 11 baguye mu gitero cy’indege cyagabwe ku nzu iri mu mujyi wa Ain…

Read More