Umwe mu barwanyi ba Wagner yiciwe muri Mali

Abagize itsinda ry’abacanshuro b’Uburusiya, Wagner, ryemeje ko umwe mu barwanyi bawo wafatiwe muri Mali atakiriho. Alexander Efremov, yari umwe mu mfungwa ebyiri z’Abarusiya zafashwe ari bazima n’inyeshyamba z’abaTuareg nyuma y’urugamba mu butayu, rwaguyemo abarwanyi ba Wagner babarirwa muri mirongo mu mpera z’ukwezi kwa Karindwi. Umuvandimwe we Evgeny Efremov, yavuze ko Wagner yahamagaye kugirango ibamenyeshe urupfu…

Read More

Israel-Hezbollah:Israel ikomeje kurimbura burundu Hezbollah; ni iki kihishe inyuma y’ibi bikorwa ? [Inkuru icukumbuye]

Kuri uyu wa gatandatu, mu majyepfo ya Beirut na Dahieh hongeye guhungabanywa n’ibitero by’indege bya Isiraheli,ibitero benshi bemeza ko bitari byategujwe abaturage ngo bahunge ndetse ibikomerezwa birimo abategetsi bagera kuri 18 bamaze kugwa muri iyi ntambara mugihe irani itegereje ugusubiza kwa Israel ku bitero iherutse kuyigabaho. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga kandi yemejwe na BBC…

Read More

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi i Burayi basabwe gusigasira ishusho nziza y’Igihugu

Kuri uyu wa gatandatu, i Denmark hatangiye umwiherero w’abanyamuryango ba RPF inkotanyi batuye ku mugabane w’i Burayi , uyu mwihererero ubaye ku nshuro ya 12. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo ku Mugabane w’u Burayi bateraniye mu mwiherero w’iminsi 2 i Copenhagen muri Denmark, aho bari kuganira ku ruhare rwabo mu iterambere ry’Igihugu. Umunyamabanga Mukuru wa…

Read More

Mushikiwabo yashimiye ibihugu bigize OIF uruhare bigira mu iterambere ry’umugore

Ku munsi wa kabiri w’Inama ya 19 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango wa Francophonie, abakuru b’ibihugu bayitabiriye bahuriye muri Le Grand Palais mu Bufaransa . Aba bakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bari kuganira ku nsanganyamatsiko yayo iganisha ku guhanga udushya no gutangira imishinga hifashishijwe Igifaransa. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF,…

Read More

Dore ibyo ugomba kumenya kuri Biro za Komisiyo muri Sena zashyizweho

Ku munsi wejo ,Perezida wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yatangije igikorwa cyo gutora abagize Biro za Komisiyo zihoraho za Sena, ndetse hanemezwa komite igenzura imikorere ya Sena imyitwarire, imyifatire n’ubudahangarwa bw’Abasenateri. Senateri Usta Kayitesi Usta yatorewe kuba Perezida wa Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere n’amajwi 25, na ho ku mwanya wa Visi Perezida wa Komisiyo…

Read More

Haiti : abagera kuri 70 baguye mu gitero cy’agatsiko k’amabandi cyagabwe ku mujyi wa Haiti

Nibura abantu 70 barapfuye abandi 3,000 bahatirwa guhunga bitewe nuko abantu bitwaje imbunda bo mu gatsiko ka Gran Grif bagabye igitero mu mujyi wo muri Haiti rwagati. Ku wa gatanu, ibiro by’umuryango w’abibumbye bishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu byatangaje ko igitero cyagabwe ku wa kane i Pont-Sonde, ku birometero 100 mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Port-au-Prince. Umuryango w’abibumbye…

Read More

Abaturage ba Congo bariye karungu nyuna  yo kumva ko ingabo z’u Rwanda arizo zatabaye Abanyekongo bagiriye impanuka y’ubwato mu Kivu

Kuri uyu wa kane tariki ya 03 Ukwakira habaye impanuka ikomeye y’ubwato mu kiyaga cya Kivu abasirikare bo mu mazi b’Urwana batabaye bwangu byatumye Abanyekongo bibaza niba bo ntagisirikare bagira kirwanira mu mazi. Ni insaganya bimaze kubarurwa ko imaze guhitana abarenga 78 muri 278 ubu  bwato bwari butwaye ubwo bwavaga mu gace ka Minova muri…

Read More

Dore impamvu Umufaransa Paul Pogba agiye kugaruka ibihano yahawe by’imyaka ine adakina bitarangiye

Umufaransa Paul Pogba wari wahawe ibihano by’imyaka ine atagaragara mu  bikorwa byo guconga ruhago kubera gukoresha ibitemewe  yagabanyirijwe ibihano bigera ku mezi 18. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yari yarahagaritswe mu kwezi  kwa Nzeri 2023 ubwo byazaga kwemezwa ko yakoresheje imiti itemewe yifitemo  DHEA (Dehydroepiandrosterone) izwiho kongera imisemburo ya testosterone na estrogen ndetse no…

Read More

Perezida Emmanuel Macron afite umugambi wo kumvikanisha Perezida Kagame na Tshisekedi

Perezida w’Ubufaransa afite umugambi wo kumvikanisha u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku kibazo cy’intambara yo muri Kivu ya Ruguru. Nk’uko tubikesha ikigo ntaramakuru AFP cyo mu Bufaransa, Emmanuel Macron azakira perezida wa Kongo, Félix Tshisekedi, ejo ku wa gatanu. Bukeye bwaho, ku wa gatandatu, azakira umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame. Aba bombi…

Read More

Uburasirazuba bwo hagati : abantu 18 bapfiriye mu bitero bya Israel yagabye ku nkambi ya Tulkarem

Minisiteri y’ubuzima ya Palesitine yavuze ko byibuze abantu 18 baguye mu gitero cy’indege cya Isiraheli cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Tulkarem iri ku nkombe y’Iburengerazuba. Igisirikare cya Isiraheli cyavuze ko indege zayo z’intambara zagabye igitero ku wa kane ku bufatanye n’ inzego zayo zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu cya Isiraheli, iizwi nka Shin Bet. Umukozi…

Read More