Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira imbere ya Donald Trump

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira muri White House imbere ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump Mu biganiro biherutse guhuza u Rwanda na DR. Congo I Doha mu gihugu cya Quatar, abahagarariye ibihugu byombi bemeje ko umukono ku masezerano y’imibanire myiza y’ibihugu byombi, uzashyirirwaho muri White House imbere ya Donald Trump….

Read More

DR.Congo igiye gukurikirana Kabila ku byaha birimo iby’intambara

Kuri uyu wa 30 Mata, minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatangaje ko yasabye Sena gukuraho ubudahangarwa bwa Kabila, kugirango akurikiranweho ibyaha by’intambara no guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagarutse muri iki gihugu mu mwaka 2023 aho yari amaze imyaka…

Read More

U Rwanda na Atletico Madrid basinyanye kwamamaza VISIT RWANDA

Urwego rw’igihugu rw’itembere [RDB] rwatangaje ko rwasinyanye amasezerano n’ikipe ya Atheletico Madrid yo muri Esipanye  yo kwamamaza ibirango bya Visit Rwanda agomba kuzageza ku ya 30 Kamena 2028. Kuri ubu u Rwanda ruri gufatanya n’amakipe menshi yo muri shampiyona zikomeye z’i Burayi nka Bayern Munich, Paris Saint-Germain na Arsenal mu kwamamaza Visit Rwanda.  Mu rwego…

Read More

Umunyarwanda ufite inzozi zo kujya muri Amerika nashake asubize amerwe mu isaho!

Mu gihe umubare w’abashaka kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika baturutse mu Rwanda ndetse n’ibindi b’ihugu bya Africa ukomeje kwiyongera, iki gihugu gikomeje gushyiraho ingamba zo gukumira aba bose bashaka kwerekezayo cyane ko benshi muri bo baba badafite ibyangombwa byuzuye Kujya muri Lata Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, ku Banyarwanda byabaye nk’inzozi ku buryo benshi muri bo…

Read More

Pakistan yahanuye drone y’Ubuhinde intambara yongera gututumba hagati y’ibihugu byombi

Amakimbirane yongeye kwaduka hagati y’igihugu cy’Ubuhinde na Pakistan nyuma yo kurasana kwabayeho hagati y’ibihugu byombi mu gace ka Kashmir gahana imbibi n’ibihugu bitatu ari byo Ubuhinde , Pakistan n’Ubushinwa gusa byose bikemeza ko aka gace ari kabo. Uku gukozanyaho kw’ibihugu byombi , kwabayeho nyuma y’uko ku itariki ya 22 Mata 2025, muri aka gace hishwe…

Read More

MONUSCO yashimiye u Rwanda na DRC ku ntambwe bateye iganisha ku mahoro

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] bwatangaje ko bwishimiye amasezerano aganisha ku mahoro yo  ku ya 25 Mata 2025 i Washington DC,yari  ayobowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika, yasinwe hagati ya guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) na Repubulika y’u Rwanda. Mu itangazo yashyize…

Read More

U Rwanda na DRC bateye intambwe y’ingenzi iganisha ku mahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bashyize umukono ku masezerano yo kubahiriza ubusugire bwa buri gihugu no gushyiraho umushinga w’amasezerano y’amahoro arambye bitarenze ku ya 2 Gicurasi. Aya masezerano yashyizweho umukono na ba minisitiri w’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi i Washingtonndetse umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Marco Rubio  akaba ari we wari umuhuza…

Read More

Ikigero cy’izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda kigiye kugabanuka: Raporo ya IMF

Ikigega mpuzamahanga cy’imari [IMF (International Monetary Fund)] giherutse gusohora raporo igaragaza uko ubukungu bw’isi ndetse n’ubw’ibihugu ku giti cyabyo buteganyijwe kuzitwara mu mwaka wa 2025 no mu wa 2026, hagendewe ku byemezo byafashwe n’ibihugu mu by’ubukungu, imihindagurikire y’umusaruro, umutekano, n’ibindi. IMF yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’isi (GDP) , uzazamuka ku rwego rwa 2.8% mu mwaka…

Read More