Perezida Kagame yerekanye ko Afurika ikwiye gukanguka
Perezida Kagame Paul yabwiye abari bitabiriye inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika, ko buri wese akwiriye gukanguka bitabaye ngombwa ko ibihugu byo hanze bifata ingamba z’ubukungu ngo Afuruka ibone guhindura imikorere. Yavuze ibi ubwo yavugaga ku myanzuro Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gufata yerekeye ingingo y’ubukungu. Aho yagize ati : “imyanzuro Trump yaba…