Perezida Kagame yerekanye ko Afurika ikwiye gukanguka

Perezida Kagame Paul yabwiye abari bitabiriye inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika, ko buri wese akwiriye gukanguka bitabaye ngombwa ko ibihugu byo hanze bifata ingamba z’ubukungu ngo Afuruka ibone guhindura imikorere. Yavuze ibi ubwo yavugaga ku myanzuro Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gufata yerekeye ingingo y’ubukungu. Aho yagize ati : “imyanzuro Trump yaba…

Read More

Vital Kamerhe yerekanye ikarita rukumbi Africa isigaje gucanga ikayigeza ku mahoro arambye

Umunyapolitike wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo , Vital Kamerhe yatangaje ko umugabane w’Afurika utazigera wigobotora ikibazo cy’inzara mu gihe bimwe mu bihugu biwugize nka Mali , DRC ,Burikna Faso na Niger aho kureba ingamba byafata kugirango biyihashye byo bikomeza kuguma mu ntambara ahanini ishingiye ku nyungu za bamwe . Ibi uyu munyapolitike akaba…

Read More

Ubushotoranyi hagati y’ Ubuhinde na Pakisitani buraca amarenga y’intambara yeruye

Mu gitondo cyo ku munsi wejo nibwo Igihugu cy’Ubuhinde cyatangaje ko cyarashweho ibisasu na Leta ya Pakisitani ku birindiro byacyo bya gisirikare. Ibi bibaye nyuma y’amasaha make Pakisitani imaze gutangaza ko Ubuhinde bwarashe ku birindiro byayo bitatu bya gisirikare. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubuhinde Harsh Vardhan Shringla, yavuze ko…

Read More

Amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri agomba kuzajya ahora aba : Minisitiri w’Uburezi

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 ,Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana, yashimye intambwe imaze guterwa n’abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ndetse anagaragaza ko amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri binyuze mu gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa akenewe mu rwego rwo guteza imbere uburezi bufite ireme . Ibi uyu mu Minisitiri yabitangaje kuri uyu…

Read More

South Africa : Julius Malema yongeye kwijundika Ubwongereza nyuma yo kumwima Visa nkana !

Julius Malema utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri Afurika Y’Epfo yatangaje ko leta y’Ubwongereza yamwimye uruhushya rw’inzira [ VISA] rwo kwerekeza muri iki gihugu mu rwego rwo kwanga ko ajya kwitabira inama byemezwa ko izaba irimo abatavuga rumwe na Perezida Ramaphosa iteganyijwe kuba tariki ya 10 Gicurasi 2025 . Kuri bwana Malema abona leta ya Londres…

Read More

DRC: Wazalendo na M23 bongeye gukozanyaho bikomeye

Indi mirwano ikomeye hagati y’umutwe wa M23 na Wazalendo yongeye kwaduka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko mu duce twa Tongo na Bambo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse bamwe mu baturage bakaba baheze mu mazu yabo kubera umutekano muke . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko abaturage batuye mu midugudu ya Kabizo…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe ubwo yari ari mu kiganiro na RBA, yavuze ko ntanzira z’ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, avuga ko aho gukemuka bikomeza kuba bibi kurushaho cyane cyane bigizwemo uruhare n’igihugu cy’u Burundi Ubwo umunyamakuru wa RBA yamubazaga niba u Rwanda rwiteguye kuzahura umubano n’igihugu cy’u Bubiligi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane…

Read More

Kenya : Guverinoma yaburiye abatereye urukweto Perezida Ruto mu ruhame

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko igikorwa cyabaye ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 4 Gicurasi cyo gutera urukweto Perezida Willaim Ruto biteje isoni n’ikimwaro ku gihugu cyose ndetse ko n’ababiteguye bagombwa kubiryozwa . Ibi bitangajwe nyuma y’amashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkorambaga hirya no hino agaragaza Perezida wa Kenya wari urimo kugeza ijambo ku…

Read More

Ingabo za SADC  zizasoza gutahuka mu mpera za Gicurasi : Umugaba mukuru w’ingabo za Afurika Y’epfo

Umuyobozi w’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko ibikorwa byo gutaha kw’ingabo z’Umuryango uharanira iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo  [SADC] ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo biteganijwe kuzarangira mu mpera za Gicurasi . Tariki ya 29 Mata nibwo hatangiye icyiciro cya mbere cy’ibikorwa byo kuvana izi ngabo za SADC mu duce turimo umujyi wa…

Read More