Perezida Kagame yakiriye ku meza abitabiriye ibikorwa by’isiganwa ry’imodoka

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12 Ukuboza 2024  muri Kigali Convention Centre, Perezida Kagame yakiriye abitabiriye Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gutwara Imodoka (FIA) ndetse n’itangwa ry’ibihembo mu bahize abandi muri uwo mukino. Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yitabiriye uyu muhango w’itangwa ry’ibihembo ry’abitwaye neza  mu mukino w’isiganwa ry’amamodoka ku isi…

Read More

Kubura ubutabera kwa bamwe nibyo byavuyemo amateka yacu ababaje : perezida Kagame

Kuri uyu wa Kane tariki 12 Ukuboza 2024 , ubwo yari imbere ya Perezida wa Repubulika Domitilla Mukantaganzwa uherutse kugirwa Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga  yarahiriye abanyarwanda kuzasohoza inshingano  yahawe kandi akabikora mu nyungu z’abanyarwanda muri rusange . Mu minsi ishize  nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubilika Paul Kagame aherutse kugira Domitilla Mukantaganzwa Perezida mushya w’Urukiko rw’Ikirenga naho …

Read More

USA : Perezida Biden yahaye imbabazi abantu 39

Kuri uyu wa kane , tariki ya 12 /Ukuboza ,Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yahaye imbabazi abanyamerika  bagera kuri 39 bari bagiye bahamwa  n’ibyaha bidafite aho bihuriye n’urugomo, ndetse kandi agabanya ibihano by’abandi bantu bagera ku 1,500 bari bafunzwe. Itangazo ryakubutse mu biro bikuru bya perezida bizwi nka ‘White House’  ryerekanaga…

Read More

 Imigabo n’imigambi ya Brig.Gen.Karuretwa yinjiranye mu nshingano nshya yahawe

Brig Gen Patrick Karuretwa wagizwe Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare yatangaje ko azaharanira gushyira imbere ubutabera bw’igisirikare cy’u Rwanda hakomeza kwimakazwa imyitwarire iboneye, kuko uru rwego rusanganywe ububasha bukwiye guherekezwa n’ikinyabupfura mu bo rureberera . Brig Gen Patrick Karuretwa yavuze ko hari impamvu zituma ikinyabupfura kigomba kuza imbere mu Ngabo z’u Rwanda, zirimo kuba uru…

Read More

Kigali : Polisi yataye muri yombi abasore bakoraga ubujura biyitirira WASAC

Mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haravugwa inkuru y’ Abasore babiri bakekwaho ubujura bw’amafaranga n’ibikoresho bibaga mu ngo z’abaturage nyuma yo kugenda babeshya abaturage ko  ari abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’isukura (WASAC). Aba basore ubwo batabwaga muri yombi basanzwe mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa…

Read More

Kera kabaye ! Bachar Al Assad umwe mu baperezida bacye bashoboye kuguma ku butegetsi na nyuma yo kwangwa n’abaturage ; None byarangiye ahiritswe…

Hari mu mwaka wa 2011 ubwo ibihumbi byinshi by’abanya Syria byigabizaga imihanda mu myigaragambyo yasaga nk’iyateguwe, ahanini byaturukaga ku nkubiri y’impinduramatwara yavuzaga ubuhuha mu bihugu by’Abarabu, ahanini wasangaga abigaragambya bitwaza iturufu y’ingoma z’igitugu. Hagati y’uwaka wa 2010, na 2011, abaturage benshi bo mu bihugu by’Abarabu bakoze imyigaragambyo yari igamije impinduramatwara ku buyobozi bitaga ubw’igitugu. Rugikubita…

Read More