Ibiganiro byagomba guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byasubitswe!
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro byagombaga guhuriza i Luanda Felix Tshisekedi wa RDC na Perezida Paul Kagame, bitakibaye. Ni ibiganiro byagombaga kuba kuri iki Cyumweru, bigaruka ku guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi, waturutse ku mutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC. Byari biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru…