Ibiganiro byagomba guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byasubitswe!

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro byagombaga guhuriza i Luanda Felix Tshisekedi wa RDC na  Perezida Paul Kagame, bitakibaye.  Ni ibiganiro byagombaga kuba kuri iki Cyumweru, bigaruka ku guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi, waturutse ku mutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC. Byari biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru…

Read More

Ubugereki : Abimukira batanu bapfuye bageregeza kwinjira mu burayi

Abantu batanu bapfuye, abandi 40 baburiwe irengero naho 39 barokorwa  nyuma y’uko ubwato bw’abimukira bwarohamiye ku kirwa cya Gavdos cyo mu Bugereki, mu majyepfo ya Kirete, nk’uko  abashinzwe umutekano wo mu mazi ku nkombe z’Ubugereki babyemeje . Umwe mu bacunga umutekano wo kunyanja wagaraniriye n’ikinyamakuru Le Parisien dukesha iyi nkuru  yemeje ko ibikorwa byagutse byo…

Read More

Sudan : abantu icyenda bapfiriye mu bitero by’inyeshyamba za RSF

Abantu bagera ku icyenda  bitabye Imana naho abandi basaga  20 bakomerekera bikomeye mu gitero cy’indege z’intambara cyagabwe mu bitaro biherereye mu mujyi wa el-Fasher mu majyaruguru y’intara ya Darfur iri mu majyaruguru y’igihugu cya Sudani. Minisitreri y’ubuzima y’iki gihugu yatunze agatoki inyeshyamba z’umutwe wiyise uw’ingabo zihuse z’abatabazi uzwi nka Rapid Support Forces [ RSF]  kuba…

Read More

Niger : Radio ya BBC yahagaritswe amezi atatu itongera kumvikana

Leta ya gisirikare ya Niger yamaze guhagarika igitangazamakuru cya BBC mu gihe cy’amezi agera kuri atatu nyuma yo kugishinja gutangaza amakuru y’ibinyoma yashoboraga kuba yagira uruhare mu guhungabanya ituze muri rubanda no kugenza biguru ntege ibikorwa bigamije kurwanya inyeshyamba z’abajihadiste . Aya makuru yanahamijwe na Bwana Raliou Sidi Mohamed usanzwe ari Minisitiri w’itumanaho ubwo yari…

Read More

Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rushobora kuzakira formula 1

Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gukora ibishoboka byose kugirango ruzakire kamwe mu duce tw’irushanwa ry’isiganwa ry’utumodoka duto bizwi nka [Formula 1 Grand Prix ] . Aya magambo y’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda  yaje akuriranye nuko iki gihugu cyakiriye inteko rusange n’itangwa ry’ibihembo ku bahize abandi muri uyu mukino byatangiwe mu murwa mukuru  Kigali ….

Read More

Brian Kagame yasoje amasomo ye ya gisirikare

Umwana wa  Perezida Paul Kagame witwa Brian Kagame yateye ikirenge mu cya mukuru we Ian Kagame nyuma yo gushyira iherezo ku masomo ye ya gisirikare yarimo akurikiranira mu mu ishuri ryo mu Bwongereza rya Royal Military Academy Sandhurst . Brian Kagame usanzwe ari bucura bwa Perezida Kagame yasoreje aya masomo muri kaminuza yigisha  amasomo ya…

Read More