Rubavu : Abarasita bangiwe gukora imyigaragambyo n’akarere

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwafashe icyemezo cyo gutera utwatsi ubusabe bw’abayoboke b’idini rya Rastafari (Abarasta) bo muri aka karere, bari basabye uburenganzira bwo gukora imyigaragambyo yo kwamagana Apôtre Dr. Paul Gitwaza, usanzwe ari umuyobozi  mukuru w’itorero Zion Temple Meya w’Akarere ka Rubavu, Prosper Mulindwa, yatangaje ko impamvu yatumye batemerera Abarasta gukora imyigaragambyo ari uko nta…

Read More

Nigeria : Uwari warakatiwe urwo gupfa kubera kwiba inkoko yababariwe

Morakinyo Sunday, umusore w’umunya-Nigeria wari warakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo kwiba inkoko, agiye kubabarirwa nyuma y’imyaka 14 yari amaze afunze, nk’uko byemejwe na Guverineri w’Intara ya Osun mu majyepfo ya Nigeria.  Ubu buryo bwo kubabarira bwatangajwe nk’igikorwa cy’imishyikirano mu rwego rw’ubutabera muri icyo gihugu. Morakinyo Sunday yafashwe mu mwaka wa 2010 afite imyaka 17, ubwo…

Read More

Amagambo ya Gen.Muhoozi kuri Tshisekedi yashyize ahaga umudipolomate wa Uganda muri DRC

Matata Twaha Magara, uhagarariye Uganda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) nk’Umuyobozi wungirije w’Ibikorwa (Chargé d’Affaires), yitabiriye ibiganiro byihutirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa DRC, Thérèse Kayikwamba Wagner, nyuma y’ubutumwa butunguranye bwatanzwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, ku bijyanye na Perezida Félix Tshisekedi. Ku wa Gatatu tariki 18 Ukuboza 2024, Matata…

Read More

Perezida Kagame yahawe ubutumwa bw’ingenzi na Perezida wa Angola

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 18 Ukuboza 2024, muri Village Urugwiro , Perezida Paul Kagame yahawe ubutumwa bwihariye na  Tete António usanzwe ari intumwa  y’ibanze  ya perezida wa Angola witwa João Laurenço akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu   . Bwana Tete António yazanye ubutumwa bugenewe  nyakubahwa Perezida Kagame akaba yabuhawe na  João…

Read More

Inzira ya Luanda : abagore bo muri DRC basabye Tshisekedi na Kagame kongera guhura

Ihuriro ry’abagore baharanira amahoro n’umutekano muri DRC ryahamagariye abakuru b’ibihugu bya Kongo n’u Rwanda, haba ku ruhande rwa Félix Tshisekedi na Paul Kagame,  kugaragaza umuhate mu kugarura amahoro ndetse ibi bigomba no kujyana kandi no gusubira ku meza y’ibiganiro  bya Luanda, ho muri Angola mu gihe cya vuba. Ubuyobozi bw’iri huriro  bwanavuze ko buhangayikishijwe n’iseswa…

Read More

Nyagatare : Umuyobozi w’ishuri yatorotse nyuma yo kuregwa kwica umuntu

 Gatare Jacques wari umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Nyarupfubire, akurikiranyweho kwica umugabo wari waravukiye mu karere ka Rwimiyaga mu Ntara y’Iburasirazuba.  Ibi byabaye ku wa Mbere tariki 16 Ukuboza 2024, ubwo umugabo witwa Hakizimana Emmanuel w’imyaka 48 y’amavuko, yishwe nyuma y’inkoni yakubiswe n’uyu muyobozi w’Ishuri afatanyije n’abashumba be. rwuri rw’inka rwe ruherereye, mu Mudugudu wa Rukundo,…

Read More

Rwamagana : Uwakekwagaho kwica uwarokotse Jenoside na we yapfuye arashwe

Umugabo w’imyaka 33 y’amavuko, Kabera Samuel, yapfuye nyuma yo kuraswa n’inzego z’umutekano ubwo yari ajyanywe mu iperereza ry’ubwicanyi bwo mu ijoro ryo ku wa 13 Ukuboza 2023.  Kabera, wari warafashwe akekwaho kwica Sibomana Emmanuel, wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, yahise apfa mu gihe yageragezaga gucika inzego z’umutekano zari zimujyanye kwerekana aho yahishe ibikoresho yakoresheje mu…

Read More

Urutonde rw’ibihugu 10 binini ku isi kuruta ibindi

Mu nkuru z’uruhererekane zivuga ku bumenyi bw’isi tubategurira, uyu munsi turagaruka ku bihugu icumi biruta ibindi ku isi tugendeye ku buso bwabyo n’imipaka yabyo yemewe n’umuryango w’abibumbye (UN). Twifashishije urubuga worldatlas.com, twabateguriye urutonde rw`ibihugo 10 biruta ibindi ku isi ukurikije ubunini bwabyo. 1. Igihugu cy’Uburusiya : Igihugu cy’uburusiya kiza ku mwanya wa mbere mu bihugu…

Read More