Papa Francis yasabye ko intambara ya Ukraine n’Uburusiya yashyirwaho akadomo!
Ku munsi wo ku wa gatatu , umushumba mukuru wa kiliziya gatolika ku isi Papa Francis yasabye ko habaho imishyikirano hagati ya Ukraine n’Uburusiya igamije guhagarika intambara yatewe nuko Uburusiya bwateye Ukraine mu 2022. Mu ijambo rye rya Noheri, Papa yavuze ko “hakenewe ubutwari kugira ngo hafungurwe ibiganiro kugirango hagerwe ku mahoro akwiye kandi arambye…