Lubero : M23 na FARDC zikomeje gukozanyaho
Ku munsi wejo ku wa gatandatu, tariki ya 28 Ukuboza, imirwano ikaze yabaye hagati ya FARDC n’inyeshyamba za M23, mu majyepfo y’ubutaka bwa Lubero, mu majyaruguru ya Kivu. Nk’uko amakuru aturuka mu binyamakuru byandikirwa muri kiriya gihugu abitangaza ngo iyi mirwano iri kubera mu duce two hagati y’imidugudu ya Mambasa na Alimbongo, iherereye nko mu…