Mozambique: Imyigaragambyo ikomeye y’abatavugwa rumwe n’ubutegetsi

Ku wa mbere, Inteko ishinga amategeko nshya ya Mozambique yarahiriye i Maputo mu mutekano mucye, kubera ko imyigaragambyo iyobowe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’imyigaragambyo rusange yari iri kuba Umuhango wabereye mu Nteko ishinga amategeko aho  abadepite basaga  250 barahiye, ariko imyanya igera kuri 30 yagumyeho ubusa. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Venancio Mondlane, ukomeje guhakana ibyavuye…

Read More

Dore ibikubiye mu kiganiro cya telephone cyabaye hagati ya Perezida Biden na Netanyahu

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden uri mu cyumweru cye cya nyuma  ku butegetsi  na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, bavuganye kuri telefoni  ku bijyanye ni ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura ingwate muri Gaza. Byifashishije urukuta rwayo rwa X ,Ibiro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za…

Read More

Igisirikare cya Nigeria cyishe abantu 16 nyuma yo kubitiranya n’amabandi

Abasivili 16 bo muri leta ya Zamfara y’amajyaruguru y’iburengerazuba bwa Nijeriya baguye mu gitero cy’indege z’igisirikare cy’iki gihugu  ,ubwo bakeka ko aka gace kaba ari  indiri y’agatsiko k’abagizi ba nabi gusa bakaza gusanga bibeshye . Ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP dukesha iyi nkuru byavuze ko ubwo  abaturage basubiraga mu midugudu yabo nyuma yo kwirukana amabandi  nkuko…

Read More

FARDC yatangaje ko ikomeje kwigarurira uduce twinshi twagenzurwaga na M23

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo  cyatangaje ko cyongeye kugenzura imidugudu myinshi yari yarigaruriwe n’inyeshyamba za  M23 mu mezi ashize . Ibi nibyo umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) witwa Jenerali Sylvain Ekenge yatangarije muri videwo yageneye itangazamakuru kuri iki cyumweru, tariki ya 12 Mutarama. Aho yagize ati: “Ingabo za M23…

Read More

Lubero: Umubare w’abimurwa mu byabo n’intambara ya M23 na FARDC ukomeje gutumbagira

Ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama, sosiyete sivile yatangaje ko hakomeje kwiyongera umubare w’abimuwe mu byabo  n’intambara ihanganishijemo M23 na FARDC  kuva ku wa gatatu ushize mu turere tw’imirwano duturanye na Kitsombiro mu gace ka Lubero mu ntara   ya Kivu ya ruguru  . Aba bantu bimuwe baturutse mu majyepfo ya Lubero, cyane cyane baturutse muri…

Read More

Perezida Kagame yakiriye intumwa yihariye ikubutse muri Ethiopia

Ku Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida w’agace ka Oromia muri Ethiopia, witwa Shimelis Abdisa, mu Biro bye muri Village Urugwiro. Iki ni igikorwa cyabaye mu rwego rw’ibiganiro bigamije guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda na Ethiopia. Shimelis Abdisa yari kumwe n’itsinda rimuherekeje, ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Maj…

Read More

TChad : Ishyaka rya Perezida Mahamat Idriss Deby ryatsinze amatora

Komisiyo y’amatora yo mu gihugu cya Tchad yatangaje ko Ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu ariryo ryegukanye imyanya myinshi mu matora y’abadepite yabaye mu kwezi gushize  nubwo ibi bisubizo by’agateganyo byamaganwe n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi . Abicishije kuri Televiziyo y’igihugu Ahmed Bartchiret, ukuriye Komisiyo y’amatora  yatangaje ko Ishyaka rya Perezida uriho witwa Mahamat Idriss…

Read More

DRC na Uganda bishobora gucana umubano wabyo kubera amagombo ya Gen Muhoozi Kainerugaba

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko ishobora guhagarika umubano ifitanye na Uganda ndetse n’ibikorwa bya gisirikare bihuriyemo, kubera amagambo yanditswe na Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda. Ibi byatangajwe nyuma y’uko Gen Muhoozi akomeje gutangaza ubutumwa ku rubuga rwe rwa X, ashimangira ko ashobora kugaba ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri…

Read More

DRC yasabiye u Rwanda guhabwa ibihano bikomeye

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) yemeje ibikubiye muri raporo iheruka gukorwa n’impuguke z’umuryango w’abibumbye (UN) yerekanye ko u Rwanda rugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ndetse anasaba ko rwafatirwa ibihano mu maguro mashya . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa…

Read More