Ese inama ya EAC yazatuma Tshisekedi yemera kuganira na M23

Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ndetse n’umuryango w’Afurika y’amajyepfo bemeranije ko abakuru b’ibihugu binyamuryango bazjya ku meza y’ibiganiro bakaganira ku bibazo by’umutekano bibarizwa mu burasirazuba bwa DRC. Perezida wa Kenya William Ruto akaba n’umuyobozi w’umuryango w’afurika y’iburasirazuba , yatangaje ko Perezida Kagame na Mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi nabo bazitabira iyi nama y’ikubagaho . Mu…

Read More

U Rwanda rwashinje Afurika y’Epfo kwitwaza gufasha DRC kugirango yibonere amabuye y’agaciro

Leta y’u Rwanda yamaganye ubufatanye bwa gisirikare buri hagati y’ingabo z’Afurika y’Epfo ndetse n’ingabo za DRC ndetse inavuga ko Afurika yepfo yitwaje impamvu zo kurinda umutekano muri Kongo kugirango yisahurire umutungo kamere muri DRC. U Rwanda ruvuga ko Afurika y’epfo iri gukoresha igisirikare mu gutanga ubufasha kuri leta ya DRC iyobowe na Felix Tshisekedi bakitwaza…

Read More

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko ryahagaritse imirwano

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko kuva ku itariki ya 04 Gashyantare 2025 rihagaritse imirwano kugirango ribanze rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bari mu duce bamaze kwigarurira . M23 yafashe uyu mwanzuro mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo inama idasanzwe igomba guhuriza ku meza y’ibiganiro abarimo Perezida Kagame ndetse…

Read More

USA yasabye abaturage bayo bari muri Kinshasa guhunga bwangu!

Mu kanya gashize , Ibiro by’ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika bimaze gutangaza ko byamaze kugabanya umubare w’abakozi bakora umunsi ku munsi muri iyi Ambasade ndetse biburira abanyamerika bari muri Kinshasa gukora uko bashoboye bagahunga iki gihugu kubera impamvu z’umutekano . Mu itangazo iyi ambasade imaze gushyira ahagaragara , iyi ambasade yabwiye abayigana umunsi…

Read More

Donald Trump agiye guhagarikira Afurika y’Epfo inkunga

Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika ubufasha bwose igihugu ayoboye cyageneraga Afurika y’Epfo ndetse ko yanatangije iperereza ku itegeko rishya ryazanwe muri iki gihugu ashinja gushyigikira ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo , Trump yatangaje ko ahagarikiye Afurika yepfo imfashanyo zose yahabwaga na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma…

Read More

DRC yasabye ko hashingirwa ku masezerano ya Addis Ababa hagafatirwa ibihano u Rwanda

Urwego rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo rushinzwe kugenzura amasezerano ya Addis Ababa rwasabye ko u Rwanda rwafatirwa ibihano bikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma y’igitero ruvuga ko rwagabye mu burasirazuba bwa DRC . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizweho umukono na Prof . Ntumba Lwamba usanzwe ari umuyobozi w’uru rwego ryashizwe hanze ku wa gatandatu tariki…

Read More

Kasai: Hateguwe imyigarambyo igamije kurwanya ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri DRC

Ku mugoroba wo ku munsi wejo abaturage batuye mu gace ka Kasai bakoze imyigaragarambyo ikomeye yari igamije kwerekana uburakari bafite batewe n’icyo bise ubushotoranyi bw’u Rwanda mu burasirazuba bw’iki gihugu rubicishije mu mutwe wa M23 rufasha . Mu rusisiro rwagati rw’ mujyi wa Kasai niho aba bigaragambyaga bahuriye , amakuru dukesha ikinyamakuru Yabiso News avuga…

Read More