Dore icyo Perezida Kagame atangaza kuri politiki ya Donald Trump
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye igisubizo icyifuzo cya Donald Trump wakunze kumvikana yemeza ko yifuza guhagarikira imfashanyo igihugu ayoboye kigenera ibihugu by’amahanga birimo n’ u Rwanda . Ubwo yari abibajijweho n’umunyamakuru rurangiranwa ukorera televiziyo ya CNN witwa Larry Madowo , Perezida Kagame yagize ati : “Perezida Trump afite uburyo budasanzwe akoramo bwo gukoramo ibintu…