Igihugu cy’u Rwanda cyamaganye imwe mu migirire ya AFC/M23!

Igihugu cy’u Rwanda cyiri mu bihugu 12 byamaganye gahunda y’umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yo gushyiraho ubuyobozi mu bice wafashe bubangikanye na Leta y’iki gihugu. Ibi bikubiye mu nama ndetse n’imyanzuro y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere ku mahoro, umutekano n’ubufatanye kuri DRC n’akarere. Iyi nama yabereye muri Uganda inayoborwa na Perezida…

Read More

 U Rwanda na Kazakhstan basinyanye amasezerano y’ubufatanye atandukanye

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Gicurasi, u Rwanda na Kazakhstan byasinyanye amasezerano menshi y’ubufatanye mu nzego zitandukanye arimo na ajyanye n’ibikoresho by’ingenzi bikenerwa mu nganda. Aya masezerano yasinyiwe mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye muri Kazakhstan, aho yakiriwe na mugenzi we Kassym-Jomart Tokayev.  Nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye, Perezida Kagame yagize  ati: “Ibihugu…

Read More

Amnesty International irashinja M23 gukora ibyaha by’intambara muri Congo

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, urashinja inyeshyamba z’umutwe wa M23 zirimo kurwana mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gukora ibyaha  by’intambara. Mu igenzura ryasohowe kuri uyu wa kabiri, Amnesty yavuze ko izi nyeshyamba Kinshasa yemeza ko zishyigikiwe n’u Rwanda zishinjwa kwica, gukorera iyicarubozo no gushimuta abaturage mu buryo bunyuranyije…

Read More

Perezida Emmanuel Macron yagize icyo avuga ku byo gukubitwa urushyi n’umugore we!

Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron yahakanye igisobanuro cyahawe videwo yasakaye asa nk’ukubitwa urushyi ndetse bijyana no gusunikwa n’umugore we Brigitte Macron , avuga ko byari ukwikinira. Ni amashusho yatangiye gukwirakwira ku munsi w’ejo wa tariki 26 Gicurasi 2025, mu ruzinduko yari yagiriye mu gihugu cya Vietnam , ubwo yari n’umugore we bagiye kururuka indege amashusho yamugaragaje…

Read More

Uganda yahagaritse ubufatanye bwa gisirikare n’Ubudage

Ingabo za Uganda zatangaje ko zihagaritse burundu ubufatanye bwa gisirikare n’Ubudage, nyuma yo gushinja Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda, Mathias Schauer, kuba yaragize uruhare mu bikorwa bihungabanya umutekano kandi atabifitiye uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu. Nubwo ingabo za Uganda zitatanze ibimenyetso bifatika, iki cyemezo cyerekana igihombo gikomeye mu mubano hagati y’ibihugu byombi.  Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga…

Read More

Mu migiririre ,Leta ya Tshisekedi ntikozwa iby’amahoro ;  ese bisaba iki ngo agaruke mu Karere?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) imaze igihe kirekire mu ntambara n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na M23 , ibi bidindiza ituze n’amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari. Nubwo ibiganiro by’amahoro byagiye bitangizwa, ubushake bwa DRC mu kubigiramo uruhare ntibugaragara neza. Ahubwo, icyo gihugu gikomeje guhitamo inzira y’intambara no gushaka inyungu za dipolomasi aho gushyira imbere igerwaho…

Read More

Joseph Kabila yise ubutegetsi bwa Tshisekedi ubukoloni bugezweho !

Joseph Kabila, wari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasize icyasha ubutegetsi bwa mugenzi we Félix Tshisekedi uriho kuri ubu nyuma y’amagambo akomeye yabuvuzeho, aho yabugereranije n’ubutegetsi bwa gikoloni ariko bugezweho.  Uyu mugabo w’imyaka 53 yavugiye ibi mu ijambo ry’amasegonda 45 ryatambutse kuri YouTube ku wa Gatanu n’ijoro ,aritangariza ahantu hatazwi nyuma y’umunsi…

Read More

Ubukungu bw’u Rwanda hagati y’Inzozi n’ukuri: Inzitizi zikomeye ku ntego za 2035 na 2050

Nubwo u Rwanda rwagaragaje impinduka zigaragara mu bukungu mu myaka yashize, haracyari imbogamizi zikomeye zishobora gukoma mu nkokora intego z’igihugu zo kugera ku rwego rw’ubukungu buciriritse muri 2035 no kuba igihugu gikize muri 2050. Kimwe mu bibazo bikomeje kugaragara ni uko umubare w’imirimo mishya idahagije ugereranyije n’abaturage rufita biganjemo urubyiruko rushya rwinjira ku isoko ry’umurimo….

Read More

DRC : Abarenga 900 bavuye mu byabo kubera imirwano hagati ya Wazalendo na M23/AFC

Nibura imiryango 900 yo mu bwami bwa Bwito mu karere ka Rutshuru (mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru)  niyo imaze kubarurwa ko yahungiye mu gace ka Bambo-Centre mu byumweru bitatu bishize, ihunga imirwano ikomeje hagati y’inyeshyamba za Wazalendo na M23/AFC. Nk’uko byatangajwe na Matilde Gueho, umuyobozi wungirije w’umuryango w’abaganga batagira umupaka / Médecins Sans Frontières (MSF)…

Read More

Umuhuro wa Perezida Ramaphosa na Donald Trump wateje impagarara aho gukemura amakimbirane

Umuhuro wagombaga kunga ubumwe hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo wahindutse intandaro y’umwuka mubi, ubwo Perezida Donald Trump yashinjaga Leta ya Afurika y’Epfo gutoteza no kwica abahinzi b’abazungu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yasuraga White House, nyuma y’icyumweru Amerika ihaye ubuhungiro Abanyafurika y’Epfo 59 b’Abazungu, ndetse…

Read More