Uburayi bwasabwe gufatira ibindi bihano bikomeye leta y’u Rwanda na M23

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wanenze umuryango w’ubumwe bw’iburayi uburyo witwaye mu kibazo cy’umutekano muke uri kubarizwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse unavuga ko kuba ntacyo wigeze ukora byatije umurindi ibikorwa bibi by’umutwe wa M23 wavuze ko ufashwa na leta y’u Rwanda . Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa kabiri tariki…

Read More

UN yashinjije M23 ibyaha byo kwica no gufata ku ngufu abana muri Bukavu

Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu ryatangaje ryo ryamaganye ibikorwa by’umutwe w’inyeshyamba za M23 byo guhonyora uburenganzira bw’abana batuye mu mujyi wa Bukavu umaze iminsi mike wigaruriwe n’uyu mutwe . Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 i Geneva mu Busuwisi , Umuvugizi w’ibiro bya Komisiyo y’iri shami ry’umuryango…

Read More

Abashakaga intambara yacu n’ u Rwanda basubize amerwe mw’isaho : Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste yatangaje ko nyuma yo kugirana ibiganiro n’ibindi bihugu mu nama y’Afurika yunze ubumbwe nta ntambara izigera ihuza igihugu cye n’u Rwanda mu gihe hari hamaze iminsi hatutumba umwuka mubi muri dipolomasi ku mpande zombi . Perezida Ndayishimiye uri kubarizwa mu mujyi wa Addis Ababa mu nama ya 38 y’Umuryango w’Afurika…

Read More

UBwongereza bwasabye u Rwanda na M23 kuvana ingabo zabo muri Bukavu

Mu kanya gashize , Ubwami bw’Abongereza bumaze gutangaza ko bwamaganye igikorwa cy’umutwe wa M23 ufatanijemo n’ingabo z’u Rwanda cyo kwinjira mu mujyi wa Bukavu ndetse ko uyu mutwe uri guhonyora nkana ku busugire bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo n’amasezerano mpuzamahanga . Mu itangazo rimaze gushyirwa ahagaragara n’Umuvugizi w’ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga w’umuryango w’ibihugu bikoresha…

Read More

Perezida Macron yategetse M23 kuva muri Bukavu

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nyuma yo kugirana ibiganiro na Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda yategetse ko imirwano ihanganishijemo umutwe w’inyeshyamba za M23 na FARDC igomba guhita ihagarara ndetse M23 ikavana ingabo zayo muri Bukavu vuba . Ku munsi wejo tariki ya 15 Gashyantare nibwo perezida Emmanuel Macron yagiranye ibiganiro na Tshisekedi ku kibazo…

Read More