Munyenyezi Beatrice ushinjwa ibyaha bya Jenoside yahakanye ibyo kuba yarigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu 1994

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukurikirana ibyaha byambukiranya imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo rwakomeje kumva ishingiro ry’ubujurire bwa Beatrice Munyenyezi wajuririye igifungo cya burundu yakatiwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 . Abashinjaga Munyenyezi batangaje ko uyu mugore yigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mbere ya jenoside nubwo we abihakana…

Read More

Ingamba z’ibihano ntacyo zimarira DRC : u Rwanda ku bihano rwafatiwe

Guverinoma y’u Rwanda imaze gutangaza ko ibabajwe n’uruhande Ubwongereza bwahisemo gufata mu kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa DRC nyuma yuko iki gihugu cy’igihangange gifatiye u Rwanda ibihano bikomeye birimo kuruhagarikira inkunga . Mu itangazo ryashizwe ahagaragara na leta y’u Rwanda ryaje rikurikira itangazwa ry’ibi bihano ku Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu…

Read More

Uvira : FARDC na Wazalendo bisubiranyemo 7 bahasiga ubuzima

Abarwanyi barenga barindwi basize ubuzima mu mirwano yashyamiranishije ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’umutwe w’abarwanyi ba Wazalendo ubwo barwaniraga kwigarurira ibirindiro byari byahoze ari ibya MONUSCO biherereye mu mujyi wa Sange muri teretwari ya Uvira . Aba bafatanyabikorwa mu bya gisirikare mu busanzwe bahuje umugambi wo gutsinsura umutwe w’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba…

Read More

U Bwongereza bwahagaritse inkunga bwahaga u Rwanda kubera gufasha M23

Ubwami bw’Ubwongereza bwatangaje ko bwamaze gufatira ibihano u Rwanda birimo guhagarika inkunga zose bwatangaga kubera gufasha umutwe wa M23 ukomeje guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Mu itangazo bwashyize ahagaragara mu ijoro rya tariki ya 25 / Gashyantare /2025 , Ubwongereza bwatangaje ibi bihano bwafatiye u Rwanda birimo guhagarika inkunga…

Read More

Perezida Kagame yasimbuje John Rwangombwa wari Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasimbuje John Rwangombwa wari Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu , ashyiraho Madamu Soraya Hakuziyaremye. Ni amakuru yagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Gashyantare 2025, dore ko uyu John Rwangombwa yari yarasoje mandaze ebyiri nka Guverineri w’iyi Banki, akaba yaratangiye kuyiyobora mu mwaka wa 2013. Madamu Soraya…

Read More

Ese bivuze iki kuba Amerika yaburiye abaturage bayo batuye mu Rwanda?

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , cyaburiye abaturage bacyo batuye mu Rwanda kibabwira n’uburyo bagomba kwitwara mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka mu bihugu bituranyi n’u Rwanda ni ukuvuga RD Congo n’u Burundi. Iki gihugu mu minsi ishize nibwo nanone cyaburiye abaturage bacyo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera umutekano mucye muri…

Read More

Ese ni ibiki Amerika ishinja Gen (Rtd) James Kabarebe byatumye imufatira ibihano?

Ibiro bishinzwe kugenzura umutungo wo hanze Office of Foreign Assets Control (OFAC) bya Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika yafatiye ibihano Gen (Rtd) James Kabarebe. James Kabarebe asanzwe ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, gusa ibi bihano byamaganwe n’u Rwanda biciye ku muvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda,…

Read More

Umutwe wa twirwaneho w’Abanyamulenge wavuze ku bijyanye n’urupfu rwa Gen. RUKUNDA Michael alias Makanika

Ubuyobozi bw’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera ubwoko bw’Abanyamulenge, wemeje amakuru y’urupfu rwa Col Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi wawo. Hari hamaze iminsi hari urujijo mu bantu bakurikiranira hafi iby’intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ku bijyanye n’urupfu rw’uyu musirikare akaba n’ikizere cy’ubwoko bw’Abanyamulenge. Biciye mu itangazo uyu mutwe…

Read More

Menya ibice bimwe na bimwe bibarizwa muri Congo byarahoze mu Rwanda ndetse n’amazina y’ikinyarwanda byitwa

Mu bitero byo kwagura u Rwanda, abakurambere b’u Rwanda bagiye bakoresha ubugenge bwo kwimukana inyito z’ahantu hari mu Rwanda, bakazijyana ku butaka bushya bigaruriye nk’igihamya cy’uko habaye ahabo. Ibi bikaba igihamya cy’uko muri DR Congo hari ubutaka bunini abazungu bakase bakabwomora ku Rwanda. Dore inyito z’imisozi iri muri DR Congo zahawe inyito n’abakurambere b’u Rwanda…

Read More