Togo : Perezida Gnassingbe yashyizeho abasenateri bakomeje guteza uruntu runtu muri rubanda
Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Perezida wa Togo ,Faure Gnassingbe Essozimna yashyizeho abasenateri basaga 20 barimo abagabo 10 n’abagore 10 ashingiye kuri zimwe mu ngingo zo mu itegeko nshinga ryahinduwe mu buryo butavugwaho rumwe muri rubanda . Aya mavugarura akozwe na Perezida Gnassingbe abaye nyuma y’amatora aherutse kuba muri iki…