Togo : Perezida Gnassingbe yashyizeho abasenateri bakomeje guteza uruntu runtu muri rubanda

Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Perezida wa Togo ,Faure Gnassingbe Essozimna yashyizeho abasenateri basaga 20 barimo abagabo 10 n’abagore 10 ashingiye kuri zimwe mu ngingo zo mu itegeko nshinga ryahinduwe mu buryo butavugwaho rumwe muri rubanda . Aya mavugarura akozwe na Perezida Gnassingbe abaye nyuma y’amatora aherutse kuba muri iki…

Read More

Mozambique : abantu 16 bakomereye mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi buriho

Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Imiryango itegamiye kuri leta yo muri Mozambique yatangaje ko abantu basaga cumi na batandatu bakomerekeye mu bikorwa bya polisi y’iki gihugu byo guhosha imyigaragambyo y’abashyigikiye umuyobozi witwa Venancio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho . Amakuru dukesha ikinyamakuru The East African yemeza ko mu gitondo cyo…

Read More

Rusizi: Yatawe muri yombi ashaka guha ruswa y’ibihumbi 50 Frw umupolisi

Police y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo w’imyaka 43 ubwo yageragezaga gutanga ruswa y’amafaranga 50, 000Frw ngo ahabwe ikemezo cy’ubuziranenge bw’ikinyabiziga cye. Uyu mugabo yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe, ahakorera imashini yimurwa y’Ishami rya Polisi rishinzwe kugenzura ubuziranenge…

Read More

Lesotho yatunguwe n’amagambo ya Trump wavuze ko iki gihugu nta muntu wari ukizi ku isi

Leta ya Lesotho yatangaje ko yatunguwe n’amagambo ya Perezida Donald Trump wa Amerika uherutse kuvuga ko iki gihugu kibarizwa mu merekezo ya Afurika y’epfo nta muntu n’umwe ku isi wari ukizi . Iki gihugu gitangaje ibi nyuma y’amagambo ya Donald Trump yatangarije imbere ya kongore y’Amerika ubwo yari atangaza amafaranga y’iki gihugu yagiye ashorwa ahantu…

Read More

Gen (Rtd). Kabarebe yerekanye impamvu u Rwanda rukomeje gufatirwa uruhuri rw’ibihano

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye n’Akarere ,Gen (Rtd) James Kabarebe yatangaje ko kuba u Rwanda rukomeje gufatirwa ibihano n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi kubera ikibazo cy’umutekano muke muri DRC ahanini bishingiye ku nyungu z’ubukungu bifitemo . Ibi Gen (Rtd) Kabarebe yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abagize inteko inshinga amategeko umutwe w’abadepite…

Read More

Ibihano bikomeje kwiyongera ku Rwanda; Ese Congo ntiyaba yaratsinze u Rwanda mu ntambara ya Diporumasi?

Ubushyamirane mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo burakomej hagati y’umutwe wa M23 na Leta y’iki gihugu, u Rwanda rukomeje gushyirwa mu majwi mu gufasha uyu mutwe. Nk’uko inshabwenge z’Umuryango w’Abibumbye zibigaragaza, u Rwanda rufite ingabo ziri hagati 3,000 na 4,000 ku butaka bwa Congo nubwo igihugu cy’u Rwanda kidahwema kubihakana , kikemeza ko…

Read More

Joseph Kabila wayoboye DRC yashimangiye ko ingabo z’amahanga zigomba kuva muri iki gihugu

Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yifuza ko ingabo z’amahanga zibarizwa mu burasirazuba bw’iki gihugu zavanwayo ndetse hakanimakazwa inzira z’ibiganiro hagati y’impande zishyamiranye nk’umuti urambye w’ikibazo cy’umutekano muke muri iki gihugu . Ubwo yaganirizaga ikinyamakuru Digital News mu ntangiriro z’uku kwezi mbere yuko yerekeza muri Namibia aho yari yitabiriye…

Read More

Ubwongereza bwemeje ko nta andi mafaranga buzishyura u Rwanda ku masezerano y’abimukira yasheshwe

Leta y’ Ubwongereza yatangaje ko itazigera yishyura u Rwanda amafaranga yari asigaye ku masezerano yo guhahahana impunzi ibihugu byombi byari byarasinyanye akaza kuvanwaho . Ku munsi wo ku wa mbere nibwo umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda , Makolo Yolande yatangaje ko Ubwongereza bwasabye iki gihugu kurekera kubwishyuza amafaranga yari asigaye angana na miliyoni 64 z’amapawundi…

Read More