Phillipines: Uwahoze ari Perezida wahigwaga bukware yatawe muri yombi

Igipolisi cya Phillipines cyataye muri yombi Rodrygo Duterte wahoze ari perezida w’iki gihugu nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha by’intambara n’ibyo gucuruza ibiyobyabwenge yashinjwaga . Duterte yafatiwe ku kibuga k’indege cya Manila aho yari avuye muri Hong Kong , aho ashinjwa ibyaha by’intambara ndetse n’ibyo kugurisha ibiyobyabwenge yakoze mu…

Read More

DRC : Abayobozi bakuru b’ishyaka rya Joseph Kabila bajyanwe mu rukiko

Abayobozi b’ishyaka rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bahamagajwe n’urukiko rwa gisirikare mu gihe umutekano wifashe mu burasirazuba bw’iki gihugu . Jean Mbuyu usanzwe ari Umunyamategeko ndetse akaba yarahoze ari umujyanama w’ibanze wa joseph Kabila yabwiye ikinyamakuru Reuters ko nawe kugeza ubu atazi impamvu nyirizina aba bayobozi bakuru…

Read More

USA yategetse bamwe mu bakozi bayo kuva muri Sudan Y’epfo

Leta zunze ubumwe z’Amerika yategetse abakozi bayo bakoraga muri serivisi n’mirimo itari iyo gutabara imbabare muri Sudan Y’epfo kuhava kubera icyuka cy’intamabara gikomeje gututumba muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko imirwano ikomeye igiye kongera kubura umurego muri iki gihugu hagati y’impande zihanganye ndetse ko hari n’amakuru…

Read More

DRC yahamagariye isi gukomaniriza amabuye y’agaciro n’ingabo ziturutse mu Rwanda

Minisitiri w’ubucuruzi mpuzamahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasabye amahanga gukomaniriza ibicuruzwa byoherezwa mu muhanga by’u Rwanda ndetse no kwanga ko ingabo z’u Rwanda zongera kujya mu butumwa bwa LONI bwo kubungabunga amahoro hiryo no hino ku isi . Ku munsi wejo ,ubwo Julien Paluku usanzwe ari Minisitiri w’ubucuruzi mpuzamhanga bwa Kongo nibwo yatangaje…

Read More

Perezida Kagame yashimangiye ko abashyiriraho ibihano u Rwanda ari bo bagahanwe

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibihugu by’ibihangange byungukira muri politike mbi yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo hanyuma bigakomeza gushyira ibihano ku Rwanda nk’urwitwazo . Perezida Kagame yatangarije ibi mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru uri mu bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga nka X na Youtube Mario Nawfal cyibanze ahanini ku kibazo cy’umutekano muke uri kubarizwa…

Read More

Uburayi ntago ari bwo bugomba gusigara budafatiye u Rwanda ibihano : Thierry Mariani

Umudepite uhagarariye Ubufaransa mu nteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi Mariani Thierry yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi utagomba gukomeza ko ari wo usigaye mu gufatira u Rwanda ibihano . Ibi Thierry yabitangarije mu ijambo rye yavugiye mu isozwa ry’uruzinduko rw’akazi yagiriye mu murwa mukuru Kinshasa yagiriye muri iki gihugu yanahuyemo na Perezida Tshisekedi Felix . Avuga…

Read More

USA yijeje DRC ubufasha bukomeye bwo kurwanya M23

Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo , Madame Lucy Tamlyn yongeye gushimangira ko igihugu cye gishyigikiye abaturage ba Kongo ndetse no kurindwa k’ubusugire bwayo . Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X , ku munsi wejo tariki ya 7 werurwe , Lucy yongeye gushimangira umuhate wa dipolamasi uri hagati…

Read More

DRC yashyizeho miliyoni 5 z’amadolari ku uzatanga amakuru yo guta muri yombi abarimo Cornielle Nangaa

Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yashyizeho igihembo cya Miliyoni 5 z’amadolari ku muntu uwo ari wese uzajyira uruhare mu itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 bayobowe na Cornielle Nangaa Yobeleu . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubutera ya DRC ku munsi wejo tariki…

Read More

Dore abaperezida bo muri Afurika bahoze ari abasirikare bakoze impinduka zikomeye ku buyobozi bwabo

Urutonde rwa bamwe mu baperezida bahoze ari abasirikare kandi bagakora impinduka zikomeye ku buyobozi bwabo Kwishyira ukizana muri Afurika ni kimwe mu bibazo bivugwa cyane ku bahoze ari abasirikari bakuru cyangwa abahoze bayoboye imitwe irwanya ubutegetsi bashaka kugira uruhare mu buyobozi, nyuma bakaza kubigeraho bakanayobora ari nk’abasivili kandi bagashimirwa mu mikorere yabo. Afurika ni umwe…

Read More