Phillipines: Uwahoze ari Perezida wahigwaga bukware yatawe muri yombi
Igipolisi cya Phillipines cyataye muri yombi Rodrygo Duterte wahoze ari perezida w’iki gihugu nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha by’intambara n’ibyo gucuruza ibiyobyabwenge yashinjwaga . Duterte yafatiwe ku kibuga k’indege cya Manila aho yari avuye muri Hong Kong , aho ashinjwa ibyaha by’intambara ndetse n’ibyo kugurisha ibiyobyabwenge yakoze mu…